Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame: Abagore ntibakwiriye kwihanganira gukubitwa
9/03/2024 - 07:38
Abanyekongo bahungiye mu Rwanda barasaba gufashwa gusubira mu gihugu cyabo
7/03/2024 - 13:35
Ikiganiro na Amb. Mukantabana umaze imyaka 10 ayobora Ambasade y’u Rwanda muri USA
5/03/2024 - 01:45
Impunzi z’Abanyekongo ziba mu Rwanda ziramagana ubwicanyi bukorerwa Abatutsi
5/03/2024 - 01:12
Twirukanywe muri Uganda tuzira Ikinyarwanda, ubu tukivuga twisanzuye - Gen (Rtd) Kabarebe
4/03/2024 - 14:34
Imbyino n’imivugo by’abana baba mu mahanga bizihiza Umunsi w’Ururimi kavukire
3/03/2024 - 10:10
Rwanda’s First Lady Jeannette Kagame graces Kigali Triennial Fashion Show
25/02/2024 - 22:06
Gupima Kanseri mu Rwanda byaroroshye - Dr Sebahungu Fidèle
25/02/2024 - 21:50