Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
Umva ikiganiro Minisitiri w’Intebe yagiranye n’abaturage ba Gisagara bakora muri Nyiramugengeri
24/09/2025 - 19:39
Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27Iziheruka

Ntabwo waba umwere ubona ibibi bikorwa ugaceceka - Perezida Paul Kagame
1/01/2020 - 19:07
Umushyikirano: Barore yasekeje abantu ubwo yari ayoboye ikiganiro
1/01/2020 - 18:56
Dore udushya twaranze igitaramo cya Chorale de Kigali 2019
1/01/2020 - 18:45
Umwaka mushya wa 2020! Reba uko fireworks zaturikijwe i Nyamirambo, kuri KCC n’i Remera
1/01/2020 - 09:24
Kigali mu isura nshya, hizihizwa Noheli n’umwaka mushya wa 2020
24/12/2019 - 15:06
Uko Perezida Kagame abona ikibazo cyo kwimura abatuye mu bishanga
23/12/2019 - 18:47
#Umushyikirano2019: Izina ’Keza Nyiramajyambere’ ryabaye izingiro ry’ibiganiro
23/12/2019 - 18:21
Amarangamutima y’abanyamahanga bitabiriye Umushyikirano wa 2019 bwa mbere
21/12/2019 - 12:50