Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30
Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01Iziheruka

Maj (Rtd) Mudathiru: Ntabwo dutotezwa, dufashwe neza
29/10/2019 - 10:48
Unity Award 2019: Ibigwi bya Mukarutamu Daphrose wahawe Ishimwe ry’Ubumwe
29/10/2019 - 10:38
Evode wo muri BBC n’uwo muri MINIJUST bapfana iki?
27/10/2019 - 17:07
Ubuhamya bwa Dr. Utumatwishima mu rugendo rwa Ndi Umunyarwanda
27/10/2019 - 16:55
Ndi Umunyarwanda ni icyomoro - Madame Jeannette Kagame
27/10/2019 - 16:44
Ntabwo Inkotanyi zateye u Rwanda - Maj. Gen Bayingana
27/10/2019 - 14:26
Perezida Kagame yongeye kuburira abashaka kurwanya u Rwanda
26/10/2019 - 15:34
Umuhanzi Awilo Longomba yageze mu Rwanda
23/10/2019 - 11:45