Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
Umva ikiganiro Minisitiri w’Intebe yagiranye n’abaturage ba Gisagara bakora muri Nyiramugengeri
24/09/2025 - 19:39
Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27Iziheruka

Ikibazo cy’u Rwanda na Uganda ntaho gihuriye n’imipaka - Perezida Kagame
30/01/2020 - 19:54
Nyamirambo: Agace ka ’Mera Neza’ kongerewe ubwiza kubera Umuganda
25/01/2020 - 23:11
Za mpunzi zavuye muri Libya ziragiye! Norvège yemeye gutwara 450
22/01/2020 - 20:10
Miss Rwanda 2020: Reba numero z’abakobwa 54 bari mu irushanwa umenye n’uburyo watangira kubatora
22/01/2020 - 19:56
BARICUZA: Ubuhamya bw’Abanyarwanda bavuye mu mashyamba ya Congo
22/01/2020 - 14:24
Niba wiga muri kaminuza y’u Rwanda, iyumvire ibitinza buruse uhabwa, ubyirinde
21/01/2020 - 17:45
Abanyakenya batangajwe n’isengesho ryo gusabira igihugu (National Prayer Breakfast)
20/01/2020 - 23:53
Nsengimana wari umuvugizi wa FLN yeretswe itangazamakuru
17/01/2020 - 18:25