Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
Umva ikiganiro Minisitiri w’Intebe yagiranye n’abaturage ba Gisagara bakora muri Nyiramugengeri
24/09/2025 - 19:39
Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27Iziheruka

Reba uko Perezida Kagame yambitse ipeti rya Sous-Lieutenant abagera kuri 320
28/11/2019 - 21:51
Reba akarasisi k’abasoje amasomo ya gisirikare i Gako
17/11/2019 - 20:32
Perezida Kagame yagarutse ku buryohe bw’umwuga w’igisirikare
17/11/2019 - 10:58
Perezida Kagame n’imiryango ya ba General barahiye mu ifoto y’urwibutso
15/11/2019 - 14:05
Muraza kutubona! Kagame aburira abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda
15/11/2019 - 07:37
Abagore bo muri FPR bagiye gushoza intambara ku basambanya abana
11/11/2019 - 08:16
Ijambo rya Jeannette Kagame mu nama nkuru y’urugaga rw’abagore muri FPR-Inkotanyi
10/11/2019 - 18:27
Icyo Kagame avuga ku kuboneza urubyaro ku bana b’imyaka 15
9/11/2019 - 14:08