Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
Umva ikiganiro Minisitiri w’Intebe yagiranye n’abaturage ba Gisagara bakora muri Nyiramugengeri
24/09/2025 - 19:39
Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27Iziheruka

Kagame yagarutse ku bantu bagana inkiko kubera ibibazo biri mu mategeko
5/11/2019 - 21:14
Umukinnyi yatunguye umukobwa amwambikira impeta muri Kigali Arena
2/11/2019 - 22:08
Reba uko abakobwa b’ikimero basusurukije BK All Star Game
2/11/2019 - 19:57
KNC ati "Mwitege Derby ya Gasogi na Rayon Sports"
31/10/2019 - 11:39
Iminsi 30 y’igifungo ku bakekwaho gukorana na RNC ya Kayumba Nyamwasa
29/10/2019 - 11:23
RDF yerekanye ubumuntu n’ubunyamwuga mu kazi kayo
29/10/2019 - 10:54
Maj (Rtd) Mudathiru: Ntabwo dutotezwa, dufashwe neza
29/10/2019 - 10:48
Unity Award 2019: Ibigwi bya Mukarutamu Daphrose wahawe Ishimwe ry’Ubumwe
29/10/2019 - 10:38