Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30
Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01Iziheruka

Prof. Chrysologue yasekeje abantu mu matora ya Perezida wa Sena
19/10/2019 - 19:52
Perezida mushya wa Sena: Tuzihuta kandi tujyane n’igihe
19/10/2019 - 18:40
Abayobozi bakuru ba RGB barahiriye imirimo mishya
19/10/2019 - 18:25
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abagize Sena nshya
19/10/2019 - 17:46
Abakekwaho gukorana na RNC baje kuburana bafite abunganizi
14/10/2019 - 22:26
Izindi mpunzi 123 zageze mu Rwanda ziturutse muri Libya
14/10/2019 - 22:12
Reba umukinnyi David Luiz wa Arsenal ubwo yageraga mu Rwanda
14/10/2019 - 21:57
Patoranking yataramiye abitabiriye Youth Connekt Africa 2019
10/10/2019 - 15:26