Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
#GumaMuRugo: Uko wabungabunga imodoka yawe iparitse mu rugo
6/04/2020 - 13:52
Menya impamvu Guma mu Rugo yongereweho iminsi 15
4/04/2020 - 16:47
Dutemberane Ingoro y’amateka ya Huye.....Amafunguro ya Kinyarwanda ateye amatsiko
3/04/2020 - 23:21
Bugesera: Ikibazo cy’ibura ry’amazi kizarangira ryari? Meya yatanze igisubizo
3/04/2020 - 21:54
Bugesera: Abaturiye Hoteli yagenewe abakekwaho Coronavirus bahumurijwe
2/04/2020 - 23:00
Ruhango: Gahunda yo kuguma mu rugo yagabanyije urugomo ku rwego rushimishije
1/04/2020 - 22:00
Yitwaje ibihe bya Coronavirus ashaka kuriganya abantu amafaranga
1/04/2020 - 21:38
Gufasha abatishoboye birimo gutegurwa - Perezida Kagame kuri #COVID19
28/03/2020 - 00:01