Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Inside Rwanda’s Fencing Game: Coach Mr Class
28/07/2025 - 23:21
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30
Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52Iziheruka

Uko Perezida Kagame abona ikibazo cyo kwimura abatuye mu bishanga
23/12/2019 - 18:47
#Umushyikirano2019: Izina ’Keza Nyiramajyambere’ ryabaye izingiro ry’ibiganiro
23/12/2019 - 18:21
Amarangamutima y’abanyamahanga bitabiriye Umushyikirano wa 2019 bwa mbere
21/12/2019 - 12:50
Kigali: Abatuye mu bishanga batangiye kwimurwa, inzu zabo zirasenywa
17/12/2019 - 20:36
Dore umwe mu bakobwa ba mbere mu gucuranga gitari mu Rwanda
17/12/2019 - 12:05
Sunny avuga ko kwitukuza ari nk’icyorezo. Iyumvire impamvu yamuteye kubikora
17/12/2019 - 11:41
Abanyarwanda 14.3% bugarijwe n’umubyibuho ukabije
17/12/2019 - 11:27
Mbega abakobwa bafite ubuhanga mu gucuranga ibyuma bya muzika!
16/12/2019 - 00:44