Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
Umva ikiganiro Minisitiri w’Intebe yagiranye n’abaturage ba Gisagara bakora muri Nyiramugengeri
24/09/2025 - 19:39
Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27Iziheruka

Kuva mu mashyamba ya Congo babigereranya no kuva ibuzimu bakajya ibuntu
12/02/2020 - 16:25
Yozafina yubakiwe inzu izamara imyaka 500, iyumvire ibyishimo afite
10/02/2020 - 22:56
Intwari z’i Nyange: Abarokotse ibitero by’abacengezi baravuga uko byagenze
6/02/2020 - 17:36
Afurika na yo ishobora gukora Drones – Perezida Kagame
6/02/2020 - 17:06
Batuzana mu Rwanda twumvaga baje kuturoha mu Kivu: Ikirenga Frida umwe mu bari inyeshyamba za CNRD
5/02/2020 - 13:08
Nyarushishi: Babyariye mu Rwanda nyuma yo kwiruka mu mashyamba ya Congo bahunga FARDC
3/02/2020 - 09:47
Lt Col Kagemana wari ushinzwe gusengera ingabo za CNRD ntarumva uburyo yageze mu Rwanda
3/02/2020 - 09:36
Reba uko umuhango wo kwibuka Intwari z’u Rwanda wagenze
2/02/2020 - 22:55