Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Minisitiri Kabarebe yahishuye ibanga ryo kwinjira mu ngabo za RDF
20/04/2018 - 22:16
Rwamagana: Uko ibikorwa bya RDF Citizen Outreach Programme byagenze
20/04/2018 - 22:12
Rayon Sports yaraje abanyakigali mu mihanda
20/04/2018 - 13:07
Umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth II yafunguye ku mugaragaro inama ya Commonwealth
19/04/2018 - 20:16
Perezida Kagame yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bigize Commonwealth
18/04/2018 - 18:40
Ku myaka 18 ari kubica i Burayi nyuma yo kuzamukira muri Mukura VS
18/04/2018 - 13:02
Umva imishinga izafasha uyu mugabo kureka inzoga burundu
17/04/2018 - 14:56
Urushyi rwakubiswe perezida Mbonyumutwa 1959 rupfana iki na jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda?
15/04/2018 - 15:45
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.