Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
WDA yiyemeje gufata iya mbere mu gufata mu mugongo abarokotse jenoside
12/04/2018 - 19:30
GICUMBI TVET: Nyuma y’imyuga, hatangijwe n’amasomo y’imikino ngororamubiri
10/04/2018 - 15:00
Kwibuka24: Gucana urumuri rw’ikizere, urugendo rwo kwibuka n’ijoro ryo kwibuka
9/04/2018 - 20:44
Kwibuka24: Ijambo rya Perezida Kagame ritangiza icyumweru cy’icyunamo
9/04/2018 - 09:48
KARABAYE! Dore ibyabaye ku muzungukazi wasuzuguye ubugufi bw’umugabo
5/04/2018 - 19:10
Yabyaje umusaruro amahirwe amukikije yihangira umurimo
3/04/2018 - 10:08
Video: Impunzi za mbere z’Abarundi zamaze kwambuka umupaka zitaha
1/04/2018 - 14:34
TVET Gicumbi: Uburyo budasanzwe butinyura abanyeshuri gusubiza
31/03/2018 - 17:20
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.