Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52Iziheruka

Umukandida Paul Kagame mu gikorwa cyo kwiyamamaza mu Karere ka Ruhango
14/07/2017 - 21:16
Perezida Kagame yasoje itorero ry’Indangamirwa icyiciro cya 10
14/07/2017 - 07:52
Tour de Gisagara 2017
12/07/2017 - 14:08
Andi makuru utamenye ajyanye n’urugamba rwo kubohora u Rwanda
11/07/2017 - 16:00
Yerusalemu: Perezida Rivlin na Netanyahu bakiriye ndetse bagirana ibiganiro na Perezida Kagame
10/07/2017 - 16:01
Inkomoko y’izina "Afande PC" bitaga Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohora igihugu
9/07/2017 - 11:10
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya
7/07/2017 - 19:14
Ibihe by’ingenzi byaranze Memorial Rutsindura 2017
6/07/2017 - 09:30
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo