Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Sheebah Karungi yatangaje byinshi mu byatumye agera kure
22/09/2017 - 23:01
Ijambo Perezida Kagame yagejeje ku nama rusange y’Umuryango w’Abibumbye
21/09/2017 - 14:38
Byinshi utamenye ku mukobwa wakuye se muri Gereza
20/09/2017 - 14:05
VIDEO: Byari ibyishimo bidasanzwe k’umuryango wa Yassin nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida Kagame
18/09/2017 - 09:18
VIDEO: Se w’umwana wateruwe na Perezida Kagame i Nyamirambo yafunguwe
18/09/2017 - 08:56
Bimwe mu byaranze umunsi wa mbere wa Rwanda Mountain Gorilla Rally 2017
9/09/2017 - 10:26
Umuhango wo gutangiza ku mugaragaro isiganwa Rwanda Mountain Gorilla Rally 2017
7/09/2017 - 21:30
Umuhanzi Meddy yakoze igitaramo cy’amateka, bamwe bararira abandi bajya mu mwuka!
5/09/2017 - 10:40
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo