Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Video: Umuhanzi Yemi Alade wo muri Nigeria yageze i Kigali
30/12/2017 - 17:34
Video: MUHANGA TVET SCHOOL IGIYE KUBA IGISUBIZO KURI BENSHI
28/12/2017 - 16:24
Ibyo WDA izibandaho mu cyiciro cya gatatu cya gahunda ya NEP-Kora Wigire
28/12/2017 - 08:04
Video: Byinshi utaruzi kuri Jay Rwanda wabaye Rudasumbwa wa Afurika
27/12/2017 - 14:41
Video: HANANI & GOSSLAND win nyamata triathlon challenge 2017
27/12/2017 - 14:36
Video: Wda Yashyizeho Ishuri Ry’imideri Mu Rwanda
21/12/2017 - 12:38
Video: Imyanzuro 8 Yafatiwe Mu Nama y’Umushyikirano Ya 15
19/12/2017 - 17:59
Video: Twubahe ariko by’umwihariko twubahe abakobwa n’abategarugori - KAGAME
19/12/2017 - 17:55
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo