Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uko Louise Mushikiwabo yagiye kwiga muri Amerika yarabujijwe na Minisitiri
25/05/2025 - 11:51
Rutsindura Memorial 2025: Ibiro biravuza ubuhuha mu mikino ya nyuma
25/05/2025 - 11:39
Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46Iziheruka

Polisi y’u Rwanda yungutse aba-ofisiye bato 363
21/06/2017 - 09:02
Byari ibyishimo kubafana ba APR FC nyuma yo gutsinda Bugesera muri "Peace cup 2017"
20/06/2017 - 12:01
Zambia: Perezida Kagame yakiranywe ibyishimo n’urugwiro
20/06/2017 - 09:16
WAKA Warrior Race 2017
19/06/2017 - 09:33
Reba ubwiza bw’ibiro bishya bya FPR Inkotanyi
18/06/2017 - 12:28
One minute in Nkombo Island
17/06/2017 - 20:44
Rubavu: Miss Mutesi Jolly yasubukuye ibiganiro bihuza urubyiruko n’abakuru
16/06/2017 - 08:32
One minute in Nyarubuye genocide memorial site
12/06/2017 - 13:23
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo