Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52Iziheruka

Uko byari byifashe ubwo Paul Kagame yiyamamarizaga mu Karere ka Gatsibo
23/07/2017 - 01:35
Nyagatare: Umurenge wa Gatunda wakiriye umukandida wa FPR-Inkotanyi
22/07/2017 - 23:44
Nyamirambo yakiranye urugwiro n’ibyishimo bidasanzwe umukandida wa FPR-Inkotanyi
21/07/2017 - 23:01
Umunota umwe wo kwiyamamaza k’umukandida wa FPR-Imkotanyi i Nyamirambo
21/07/2017 - 18:24
Umunota umwe wo kwiyamamaza k’umukandinda wa FPR-Inkotanyi Kicukiro
21/07/2017 - 18:18
Mu majyaruguru, Rulindo ni yo yabimburiye utundi turere kwakira umukandida Paul Kagame
21/07/2017 - 13:07
Uko byari byifashe umukandida Paul Kagame yiyamamariza Kicukiro
20/07/2017 - 18:57
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yakiranywe ibyishimo bidasanzwe mu Bugesera
20/07/2017 - 18:10
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo