Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52Iziheruka

Nyabugogo yakiriye umukandida wa FPR-Inkotanyi wiyamamariza umwanya wa Perezida
19/07/2017 - 20:39
Ngororero yakiriye umukandida wa FPR-Inkotanyi wiyamamariza umwanya wa Perezida
19/07/2017 - 09:12
Uko byari byifashe Paul Kagame wa FPR yiyamamariza mu Karere ka Kamonyi
17/07/2017 - 14:49
Umukandida wa FPR-Inkotanyi mu gikorwa cyo kwiyamamaza mu Karere ka Nyamagabe
17/07/2017 - 09:28
Umukandida wa RPF-Inkotanyi yiyamamarije mu Karere ka Gisagara
16/07/2017 - 14:20
Umukandida wa RPF-Inkotanyi yiyamamarije mu Karere ka Nyaruguru
16/07/2017 - 08:11
Bifashishije ibyuma bya muzika, abafana ba Rayon Sports bagaragaje uburyo bashyigikiye RPF
15/07/2017 - 09:20
Abahanzi bose bamaze gutwara Guma Guma bahimbye indirimbo yamamaza umukandida Paul Kagame
15/07/2017 - 09:13
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo