Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye Rubavu Port n’Uruganda rwa Shema Power Lac Kivu
6/09/2025 - 21:05
Rwanda Celebrates 20th ’Kwita Izina’ Gorilla Naming / Kinigi / September 5, 2025
6/09/2025 - 09:33
Kigali: Abakobwa basuye Ikibuga cy’indege, bahabwa icyerekezo cyo kuzaba Abapilote
4/09/2025 - 11:04Iziheruka

Gikomero: Abahoze batuye mu manegeka barishima leta yabubakiye amazu ajyanye n’icyerekezo
30/09/2017 - 21:47
NO COMMENT....
29/09/2017 - 15:45
Yannick, Rutanga na Usengimana bishimiye gutsinda ikipe ya APR fc bahozemo
29/09/2017 - 08:47
Rayon Sports yegukanye igikombe kiruta ibindi mu Rwanda itsinze APR fc
28/09/2017 - 09:09
Sheebah Karungi yatangaje byinshi mu byatumye agera kure
22/09/2017 - 23:01
Ijambo Perezida Kagame yagejeje ku nama rusange y’Umuryango w’Abibumbye
21/09/2017 - 14:38
Byinshi utamenye ku mukobwa wakuye se muri Gereza
20/09/2017 - 14:05
VIDEO: Byari ibyishimo bidasanzwe k’umuryango wa Yassin nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida Kagame
18/09/2017 - 09:18
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo