Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye Rubavu Port n’Uruganda rwa Shema Power Lac Kivu
6/09/2025 - 21:05
Rwanda Celebrates 20th ’Kwita Izina’ Gorilla Naming / Kinigi / September 5, 2025
6/09/2025 - 09:33
Kigali: Abakobwa basuye Ikibuga cy’indege, bahabwa icyerekezo cyo kuzaba Abapilote
4/09/2025 - 11:04Iziheruka

Byinshi ku mupadiri w’umuraperi wa mbere mu Rwanda
2/11/2017 - 16:00
Abatuye Huye bishimiye Moto idasanzwe yurira imodoka, ikanasimbuka abantu
1/11/2017 - 10:45
Rally: Bimwe mu byaranze irushanwa memorial Gakwaya 2017
31/10/2017 - 13:03
Perezida Kagame yifatanije n’abaturage b’i Gahanga mu gikorwa cy’Umuganda ngarukakwezi
30/10/2017 - 13:02
Abafite indwara zidakira bashyiriweho gahunda y’abaganga babakurikiranira iwabo mu ngo
28/10/2017 - 16:49
Incamake z’ihuriro rya Unity Club-Intwararumuri ryimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda (Video)
27/10/2017 - 17:05
Reba ubwiza bw’ikibuga mpuzamahanga cya Cricket cyubatswe i Gahanga
27/10/2017 - 08:30
Cobra arasobanura byinshi nyuma yo gushya kwa Cadillac
24/10/2017 - 17:44
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo