Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Tujyane mu kiyaga cya Kivu ahororerwa amafi atanga umusaruro w’ibiro 700 ku munsi
23/05/2025 - 17:46
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52Iziheruka

Perezida Lungu wa Zambia yunamiye abantu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi
21/02/2018 - 21:14
Video: Dore amanywa n’ijoro byo ku Gishushu
19/02/2018 - 12:06
Iyo ataba Mowzey Radio, umuhanzi Pallaso ntiyari kuzamenyekana
14/02/2018 - 11:48
VIDEO: Abakanika ibimodoka bikora imihanda bagiye kujya babyigira mu Rwanda
13/02/2018 - 16:06
Uzuri K&Y igiye kwibagiza abanyarwanda inkweto z’iburayi
12/02/2018 - 08:34
Imyiteguro y’ikipe y’igihugu izakina ’African Continental Road Championships 2018’
10/02/2018 - 16:06
Kuki Team Rwanda idahabwa agahimbazamusyi kayo?
7/02/2018 - 14:08
Areruya yongeye kwakirwa bidasanzwe i Kigali nyuma yo gutwara Tour de l’espoir
6/02/2018 - 08:37
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo