Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Kompanyi y’Indege yo muri Israel yatangiye gukorera ingendo mu Rwanda
26/11/2020 - 20:27
Icyumweru cy’ubucamanza: Ubuhuza nk’inkingi y’ubutabera bwubaka
25/11/2020 - 13:39
Yatewe ishema no gushushanya Perezida Paul Kagame ateruye umwuzukuru we
24/11/2020 - 15:24
Umuyobozi wa RIB yavuze ku bantu baburirwa irengero mu Rwanda
24/11/2020 - 15:14
Dore Umukobwa mwiza, ugororotse by’agatangaza
20/11/2020 - 11:38
Urusobe rw’ibibazo by’abanyeshuri bo muri Kaminuza y’u Rwanda rwahawe umurongo w’ibisubizo birambye
17/11/2020 - 10:57
Uwacuruzaga magendu n’abari barajujubije abaturage bafashwe
17/11/2020 - 10:53
Akazi k’ubudepite no gukora umuziki: Ikiganiro na Hon. Uwumukiza
15/11/2020 - 11:24
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo