Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01Iziheruka
Umucuruzi wa magendu yafatiwe mu cyuho ashaka guha Polisi ruswa ya Miliyoni
22/10/2020 - 23:50
Sinigeze nywa urumogi ariko nabanye n’abarunywa. Byinshi kuri Gatera Rudasingwa wamamaye nka Rasta
22/10/2020 - 12:30
Uko ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burundi ku mupaka wa Nemba byagenze
20/10/2020 - 17:16
Abarundi n’Abanyarwanda turaziranye, ibibazo byacu turabyikemurira - Minisitiri Shingiro
20/10/2020 - 16:10
Twasuye Senateri mushya Kanziza Epiphanie. Yategaga moto ajya ku kazi
18/10/2020 - 18:09
Ikibazo cy’umunuko uturuka mu kimoteri cya Nduba cyavugutiwe umuti
13/10/2020 - 19:41
Uko abakekwaho ubutekamutwe barimo umupolisi bamuriye arenga miliyoni
13/10/2020 - 19:34
Polisi yerekanye abajura bari barajujubije abacuruza lisansi bibisha intwaro gakondo
9/10/2020 - 11:54
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo