Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Abanyarwanda FDLR yari yarabujije gutaha bageze mu Rwanda
17/05/2025 - 23:26
Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41Iziheruka

Coronavirus: Amashuri mu Rwanda yafunze! Abanyeshuri bafashijwe gutaha (Video)
15/03/2020 - 21:00
Rayon Sports yanganyije na Gicumbi FC 1-1 ku kibuga cyambaye ubusa (Video)
15/03/2020 - 18:53
Abatuye muri ‘Bannyahe’ batangiye kwimurwa
14/03/2020 - 16:59
Mu minota 20 ukora ikizami cya ‘Permis Provisoire’ ugataha uzi amanota yawe: Irebere ibisabwa
14/03/2020 - 16:24
Inyana ni iya Mweru: Ngarambe Rwiru Nganzo mu mwuga umwe na Se
14/03/2020 - 15:41
Kirehe: Izuba ryabatezaga amapfa ubu bararyifashisha mu buhinzi ntangarugero
12/03/2020 - 12:33
Coronavirus: Perezida Kagame mu buryo bushya bwo gusuhuzanya
11/03/2020 - 15:33
Reba uko Drone itera umuti wica imibu
11/03/2020 - 10:48
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo