Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Abanyarwanda FDLR yari yarabujije gutaha bageze mu Rwanda
17/05/2025 - 23:26
Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41Iziheruka

#Kwibuka26: Uruhare rwa Francois Miterrand muri Jenoside yakorewe Abatutsi
19/04/2020 - 17:30
USA: Abanyarwanda batuye muri Indiana babayeho bate muri ibi bihe bya COVID-19?
16/04/2020 - 17:18
Inzira y’umusaraba Murangwa wamamaye muri Rayon Sports yanyuzemo arokoka Jenoside
16/04/2020 - 17:10
Twasuye Knowless na Clement! #GumaMuRugo ntibabuza gukomeza akazi
15/04/2020 - 18:29
Bugesera: Mamashenge wiciwe ababyeyi ku myaka 5 yarakuze ubu ni umubyeyi wa babiri
13/04/2020 - 11:37
#Kwibuka26: Amateka ya Rugamba Sipiriyani wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
12/04/2020 - 09:45
Kambanda Yemeye ibyaha 11, bishimangira ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yateguwe kuva kera
9/04/2020 - 16:16
DJ Miller yashyinguwe....Umva ubuhamya bukomeye bw’abo babanye
9/04/2020 - 15:28
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo