Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame abwira ba Minisitiri bashya: Mwirinde kwita ku nyungu zanyu bwite
28/03/2021 - 23:00
Baravugwaho gucuruza ubuki butujuje ubuziranenge
28/03/2021 - 22:50
Iyumvire uko bibaga ibikoresho bipima SIDA na Covid-19 bakabigurisha
28/03/2021 - 22:39
Yicuza icyatumye ajya mu bucuruzi bwa magendu
20/03/2021 - 13:52
Jasmine Kibatega ni we watsinze irushanwa ‘THE NEXT POPSTAR’
19/03/2021 - 22:30
Tuzakora ibishoboka byose ingendo ntizongere guhagarara
17/03/2021 - 07:22
Rusesabagina: Sinzagaruka kuburana!
17/03/2021 - 07:07
Rusesabagina yasekeje Urukiko avuga ko ashaka umu avoka uturutse mu ijuru
16/03/2021 - 21:39
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo