Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Abanyarwanda FDLR yari yarabujije gutaha bageze mu Rwanda
17/05/2025 - 23:26
Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41Iziheruka

Mayaga-Kinazi: Ikibaya cya Nyamukumba cyabaye imperuka y’Abatutsi muri Jenoside
26/04/2020 - 16:52
Mu Kinyarwanda gitomoye, Ambasaderi wa Amerika yagarutse ku nkunga ya Miliyari 4
25/04/2020 - 17:51
Menya abamaze guhamagara kuri nimero 114 yagenewe amakuru kuri COVID-19
25/04/2020 - 17:33
Abahamagara 114 bikinira batawe muri yombi. Rugagi n’abandi bavuga ko bakiza COVID-19 bihanangirijwe
23/04/2020 - 23:49
Ishusho ya Biryogo - Nyamirambo mu gihe cya #GumaMuRugo
23/04/2020 - 11:31
#Kwibuka26: Disi Dieudonné mu nzira y’umusaraba yo kurokoka Jenoside, akajya kwifatanya n’Inkotanyi
22/04/2020 - 16:48
Huye-Karama: Abatutsi bahanganye n’Interahamwe bituma abasaga 8000 barokoka
22/04/2020 - 14:42
#Kwibuka26: Nyuma yo kurokoka Jenoside, menya icyamufashije kuvamo umukinnyi ukomeye w’Amagare
22/04/2020 - 14:34
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo