Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Abanyarwanda FDLR yari yarabujije gutaha bageze mu Rwanda
17/05/2025 - 23:26
Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41Iziheruka

Menya izindi Nterahamwe zihishe mu Bufaransa zikwiye gufatwa nyuma ya Kabuga
20/05/2020 - 14:51
Polisi yafashe abantu 9 babyiganiraga mu modoka ya Pick Up barenze no ku mabwiriza yo gutaha kare
14/05/2020 - 18:03
Kirazira kikaziririzwa guhagarikwa na Polisi ukanga guhagarara - CP JB Kabera
14/05/2020 - 09:03
Natty Dread yatubwiye ibihe bya nyuma yagiranye na Bob Marley
14/05/2020 - 00:58
Abanyeshuri ba Kaminuza bari baraheze ku mashuri kubera #GumaMuRugo batashye
13/05/2020 - 06:57
Polisi yafatiye mu cyuho 25 bashakaga kwambukiranya intara kandi bibujijwe
11/05/2020 - 10:55
Ibyo utabonye ubwo abacuruzi bongeraga gufungura amaduka yabo
7/05/2020 - 00:47
Umunsi wa mbere muri Bus zitwara abagenzi nyuma ya #GumaMuRugo
4/05/2020 - 19:29
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo