• Perezida Kagame yahaye umurongo ibibazo birimo iby’abamotari

    Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakemuye ibibazo by’abaturage b’Akarere ka Ruhango ndetse bimwe muri byo asaba inzego bireba kubikurikirana. Mu ruzinduko rw’iminsi ine yatangiye rwo kuganira n’abaturage mu Ntara y’Amajyepfo n’Iburengerazuba, aho yarutangiriye mu Karere ka Ruhango kuri uyu wa Kane tariki 25 Kanama 2022, (…)



  • Dr. Charles Karangwa avuga ko RFL iteganya gukoresha Robot

    RFL irateganya gukoresha ‘Robot’

    Ubuyobozi bwa Laboratwari y’u Rwanda y’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera (RFL), buravuga ko buteganya kuzajya bukoresha za Robot (Robotic machine) mu rwego rwo kwihutisha akazi.



  • Iburasirazuba: Abana baracyatinya kuvuga ihohoterwa bakorerwa

    Bamwe mu bana basambanyijwe bagaterwa inda, bavuga ko batinye kuvuga ihohoterwa bakorewe kubera gutinya ko ababyeyi babo babirukana bakabaho nabi.



  • Ntaganira yerekana uko bikoreshwa

    Gicumbi: Amarerero y’abana bato yahawe ibikoresho by’isuku

    Ku wa Gatatu tariki 24 Kanama 2022, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA), cyatanze ibikoresho mu Karere ka Gicumbi birimo robine zifasha abana gukaraba intoki ndetse n’ubwiherero bya kompanyi ya SATO, ikora ibikoresho by’isuku n’isukura.



  • Ruhango: Perezida Kagame yemeye kubaha ibyo yabasezeranyije yiyamamaza muri 2017

    Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasezeranyije abaturage b’Akarere ka Ruhango ko ibyo yabemereye yiyamamaza mu mwaka wa 2017, ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, bitarakorwa bigieye gushyirwamo imbaraga bikagera ku baturage.



  • Abaturage babukereye baje kwakira Umukuru w

    Perezida Kagame ari mu ruzinduko rw’iminsi ine mu Majyepfo n’Iburengerazuba

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine mu Ntara z’Amajyepfo n’Iburengerazuba, guhera kuri uyu wa Kane tariki ya 25 kugeza tariki ya 28 Kanama 2022, aho biteganyijwe ko ku ikubitiro ahura n’abaturage bo mu Karere ka Ruhango na Nyamagabe mu Ntara y’Amajyepfo.



  • Abazunguzayi bavuga ko bafashijwe kubona ibibanza mu isoko rishya bava mu muhanda

    Muhanga: Abazunguzayi bagiye gufashwa kubona ibibanza mu isoko rishya

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buratangaza ko bugiye gukorana n’urwego rw’abikorera mu karere (PSF), bagafasha abazunguzayi kubona ibibanza bakoreramo, mu rwego rwo guca akajagari n’ubucuruzi butemewe n’amategeko mu mujyi wa Muhanga.



  • Hatariyakufa (ufite mikoro) avuga ko nibura yibye abasaga 200 ariko yabiretse akiteza imbere, ndetse akaba abasaba imbabazi

    Ngororero: Uwari umujura ruharwa yarabiretse, ubu arakataje mu iterambere

    Uwitwa Hatariyakufa Jean d’Amour utuye mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero uvuga ko yari atunzwe n’ubujura, ari mu basaga 1000 bamaze kwiteza imbere, bifuza kwimukira mu cyiciro cya gatatu cy’Ubudehe.



  • Biyemeje kuba umusemburo wo kurwanya ubushomeri mu Rwanda

    Urubyiruko rwasoje amasomo ku bijyanye n’akazi kanoze, rwiyemeje kuba umusingi wo kurwanya ubushomeri bihereyeho, bagahera ku mafaranga make bakagenda bakura kugeza babaye ba Rwiyememirimo bakomeye.



  • Kigali: Barasaba ko ahategerwa imodoka hashyirwa ibijugunywamo imyanda

    Abatuye n’abagenda mu Mujyi wa Kigali barasaba ko ahategerwa imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, hashyirwa ahagenewe kujya imyanda, mu rwego rwo kugira isuku.



  • Abaturage bishimiye ko izi serivisi zigiye kubarinda gusiragira

    Musanze: Begerejwe serivisi z’ubutaka bibarinda gusiragira

    Abaturage bo mu Karere ka Musanze, baratangaza ko kwegerezwa hafi serivisi zibahesha ibyangombwa by’ubutaka mu buryo bwihuse, bigiye kubarinda gusiragira mu nzego z’ibanze.



  • Abaturage bakangurirwa kuzirika ibisenge bagakomeza

    Nyagatare: Abatazirika ibisenge by’inzu ntibazafashwa mu gihe byagurutse

    Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Murekatete Juliet, avuga ko abatazirika ibisenge by’inzu zabo bigatwarwa n’umuyaga, batazajya bafashwa kuko baba bagize uruhare mu gusambuka kwazo.



  • Umuryango wa Minisitiri w’Intebe wabaruwe

    Abakozi b’Ikigo cy’Ibarurishamibare (NISR) bakiriwe n’Umuryango wa Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ku wa 22 Kanama 2022, bawubaza amakuru ajyanye n’Ibarura rusange ry’Abaturarwanda rikomeje gukorwa mu Gihugu hose.



  • Abagore n

    Nyagatare: Hari abagore bahohoterwa kuko abana babo batewe inda

    Bamwe mu bagore mu Mirenge ya Rwimiyaga na Nyagatare bafite abana basambanyijwe bagaterwa inda, bavuga ko bakorerwa ihohoterwa n’abagabo babo bashinjwa kurera nabi nyamara bo bumva kurera byakabaye inshingano yabo bose.



  • Abajyanama b

    Abajyanama b’ubuzima bagiye guhabwa ubushobozi bwo gupima indwara zitandura

    Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC) kigiye guhugura abajyanama b’ubuzima gupima indwara z’imbere mu mubiri zitandura. Dr Uwinkindi François ushinzwe gahunda yo kurwanya indwara zitandura muri RBC, avuga ko abajyanama b’ubuzima bagiye guhabwa amahugurwa ndetse n’ibikoresho bizabafasha kumenya gupima indwara z’imbere mu (…)



  • IGP Munyuza ari mu ruzinduko rw’akazi muri Singapore

    Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza n’intumwa ayoboye zirimo Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Col. (rtd) Jeannot Ruhunga, bari mu ruzinduko rw’iminsi ine mu gihugu cya Singapore, mu rwego rwo gushimangira ubufatanye hagati y’inzego zishinzwe iyubahirizwa ry’amategeko mu (…)



  • Uwimpuhwe wariwe n

    Gasabo: Imbwa yariye umukarani w’ibarura

    Umukarani w’ibarura witwa Uwimpuhwe Josiane, yagize ibyago byo kuribwa n’imbwa yo mu rugo rw’umugabo witwa Kanani Jean Robert.



  • Kayonza: Hari abumva mu makuru ibya Gaz yo gutekesha

    Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza, bavuga ko babangamiwe no kuba barasigaye inyuma mu gutekesha gaz, kuko bo usanga bagikoresha inkwi, bagahamya ko iterambere ryiza ari irigera kuri bose icyarimwe, kuko bo ngo bumva gaz mu makuru.



  • Umuyobozi Mukuru wa RFL, Lt Col Dr. Charles Karangwa

    RFL ishobora kugabanya ibiciro

    Ubuyobozi bwa Laboratwayi y’u Rwanda y’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera (Rwanda Forensic Laboratory/RFL), butangaza ko mu minsi iri imbere buzagabanya ibiciro bisabwa ku bakenera izo serivisi, kugira ngo zirusheho kugera kuri benshi.



  • Urubyiruko rutambagiza umusaraba wa Yezu

    Urubyiruko Gatolika rwasabwe kuba imbaraga zubaka u Rwanda

    Urubyiruko Gatolika rwaturutse mu Madiyosezi yo Rwanda rwari ruteraniye muri Diyosezi ya Kabgayi, mu biganiro bahawe basabwe kuba imbaraga zubaka Igihugu cyabo.



  • Igikomangoma Harry yakiriwe na Perezida Kagame

    Igikomangoma Harry ari mu Rwanda mu bikorwa byo kubungabunga ibidukukije

    Igikomangoma cy’u Bwongereza Harry, ari mu Rwanda mu bikorwa bye byo kubungabunga ibidukikije akorera muri Pariki zo ku mugabane wa Afurica.



  • Abari barahishe ibiyobyabwenge n

    Burera: Abihaye Imana biyemeje guca ibiyobyabwenge mu rubyiruko

    Abihayimana bo mu matorero abarizwa mu Karere ka Burera, baremeza ko igihe kigeze ngo na bo bagaragaze umusanzu ufatika, mu guca ibiyobyabwenge byugarije urubyiruko, hagamijwe kubaka ahazaza harwo, hashingiye ku mibereho n’iterambere birambye.



  • Justine Owor

    Umuturage wa Uganda wari wabuze yabonetse

    Polisi y’u Rwanda ivuga ko umuturage w’Umunya Uganda witwa Justine Owor, wari waraje mu munsi Mukuru wa Asomusiyo wizihirijwe i Kibeho tariki 15 Kanama 2022, akaza kubura, yabonetse ari muzima, ariko yagize ikibazo cyo mu mutwe gituma ajyanwa mu bitaro i Ndera.



  • Inka 10 zahawe imiryango 10 itishoboye

    Ngororero: PSF yoroje inka imiryango 10 y’abarokotse Jenoside

    Abagize urugaga rw’abikorera (PSF) mu Ntara y’i Burengererazuba, boroje inka imiryango 10 y’abatishoboye barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu rwego rwo kubafata mu mugongo no kubafasha kwiteza imbere.



  • Minisitiri w

    Urubyiruko rurasabwa kwambara ibiruhesha agaciro

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Umuco, Rosemary Mbabazi, arasaba urubyiruko cyane cyane urw’abakobwa kugendera ku ndangagaciro yo kwiyubaha bakambara bakikwiza, kuko uwambaye ubusa yitesha agaciro akagatesha n’abamureba.



  • Urugomero rwa Rusumo ruratanga amashanyarazi mu mpera z’uyu mwaka

    Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Dr Eng Nsabimana Ernest, avuga ko urugomero rw’amashanyarazi rwa Rusumo ruzatangira gutanga amashanyarazi mu mpera z’uyu mwaka wa 2022.



  • Madame Jeannete Kagame

    Madamu Jeannette Kagame yitabiriye amasengesho yo gusabira Igihugu

    Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abayobozi batandukanye mu masengesho yo gusabira Igihugu azwi nka ‘Young Leaders Prayer Breakfast’, yabaye kuri iki Cyumweru tariki 21 Kanama 2022.



  • Musanze: Uruhinja ruhitanywe n’impanuka inakomeretsa batatu

    Uruhinja rw’amezi ane rwahitanywe n’impanuka y’imodoka, yanakomerekeje abandi bantu batatu barimo umubyeyi wari uruhetse.



  • Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye siporo rusange

    Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 21 Kanama 2022, yitabiriye siporo rusange izwi nka Car Free Day.



  • Barasaba ko serivisi za RFL zagezwa mu turere twose

    Barasaba ko serivisi za RFL zagezwa mu turere twose

    Abayobozi mu nzego z’ibanze barasaba ko serivisi za Laboratwayi y’u Rwanda y’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera (Rwanda Forensic Laboratory), zakwegerezwa abaturage kuko byabafasha kuzibona hafi.



Izindi nkuru: