Wamenya ute ko umukobwa agukunda?

Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.

 akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.

 ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.

 ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.

 igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.

Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.

Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?

Ernest Kalinganire

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 288 )

abakundana nibagakore amahano kuko nibibi cyane

martin yanditse ku itariki ya: 6-09-2018  →  Musubize

njye ndashaka umuko dukundana arko ufite gahunda ubyifuza yampamagara kuri numero ikurikira 0788439177.

musafiri yanditse ku itariki ya: 23-06-2018  →  Musubize

komfise umukobwa ndiko ndavuga Aguma Avuga ego gusa ntakindi Avuga

jivede yanditse ku itariki ya: 5-05-2018  →  Musubize

Nanj nakunz umuhung kand akambwirak ankund arik namwandikr ntansubz burigeh ntamubwify ntiyombip nn mwumv uw ankund? Munginam!

Elias yanditse ku itariki ya: 27-03-2018  →  Musubize

Ndi Buja, mfis 28ans .
Tel: +25772126990
Ndakeney umwigem afis objectif y’ugukundwa no gukunda.

Emile yanditse ku itariki ya: 15-03-2018  →  Musubize

mfite ikibazo ngize imyaka 18yamavuko ark nanubu ntamukobwa turakundana nkuko numva abandi babimbwir’ark ntera burage nabo nkore iki? mungirinama murakoze.

Alias yanditse ku itariki ya: 9-03-2018  →  Musubize

ABAKOBWA BAKUNDA KWIRENGAGIZA ABAHUNGU KANDI TUBAKUNDA

SIBOMANA ELIAS yanditse ku itariki ya: 12-02-2018  →  Musubize

Umukobwa ukunda sana mutegekanya kuzabana ntunamukorako umushaka kwiki?

HARISHIMWE Onésime yanditse ku itariki ya: 13-01-2018  →  Musubize

Umuntunigitangaza

kwizera yanditse ku itariki ya: 11-01-2018  →  Musubize

mbona umuntu ukunda utatinyuka kumubwira ngomuryamane kuko urukundo muba murwishe.

Eriabel yanditse ku itariki ya: 11-01-2018  →  Musubize

Nakunze Umukobwa Nawe Arankunda None Nigute Namwakakubintu?Mungirinama

Alias yanditse ku itariki ya: 2-01-2018  →  Musubize

Nimba Mukundana Ntimugakore Ibyo

Serge Sikubwabo yanditse ku itariki ya: 7-01-2018  →  Musubize

je nfite abkobwa 2 bankunda umwe naramubwiy ko ndamukunda uwundi ntavyo navuz aguma aza kubwir ngo baùga ngo kagabo mu dear waw ngo hos barabizi akaz kuntor muhira iwe nze kubarama ne ubu ndakawuts ndinumira nta na bip ndamuha nokora iki?wumva?

kagabo yanditse ku itariki ya: 12-12-2017  →  Musubize

Nkunze Umukobwa Muga Akunda Kwakira Cadeux Zabandi,non Uyo Arankunda?Mumpanuy Iki?

Elias yanditse ku itariki ya: 7-01-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka