Wamenya ute ko umukobwa agukunda?
Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.
– akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.
– ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.
– ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.
– igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.
Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.
Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?
Ernest Kalinganire
Ibitekerezo ( 294 )
Ohereza igitekerezo
|
|
nn kowanga kubimusa . wanabimusaba akabikwima . ark akabihaband? ese wabinzut?
Ndimo ndashaka umukobga twakundana, ariko ufite umugambi wokurushinga. Anyandikire kur’iyi number: +256789261435
abakundana nibagakore amahano kuko nibibi cyane
njye ndashaka umuko dukundana arko ufite gahunda ubyifuza yampamagara kuri numero ikurikira 0788439177.
komfise umukobwa ndiko ndavuga Aguma Avuga ego gusa ntakindi Avuga
Nanj nakunz umuhung kand akambwirak ankund arik namwandikr ntansubz burigeh ntamubwify ntiyombip nn mwumv uw ankund? Munginam!
Ndi Buja, mfis 28ans .
Tel: +25772126990
Ndakeney umwigem afis objectif y’ugukundwa no gukunda.
mfite ikibazo ngize imyaka 18yamavuko ark nanubu ntamukobwa turakundana nkuko numva abandi babimbwir’ark ntera burage nabo nkore iki? mungirinama murakoze.
ABAKOBWA BAKUNDA KWIRENGAGIZA ABAHUNGU KANDI TUBAKUNDA
Umukobwa ukunda sana mutegekanya kuzabana ntunamukorako umushaka kwiki?
Umuntunigitangaza
mbona umuntu ukunda utatinyuka kumubwira ngomuryamane kuko urukundo muba murwishe.