Wamenya ute ko umukobwa agukunda?

Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.

 akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.

 ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.

 ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.

 igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.

Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.

Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?

Ernest Kalinganire

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 288 )

MUZATUBWIRE NIBINDI.

KASSIM yanditse ku itariki ya: 21-08-2019  →  Musubize

ni sawa kbx mutubwire nibind

leonard yanditse ku itariki ya: 20-03-2019  →  Musubize

kabs mubamudukoreyumuti mujyemukomerezaho

mujyananam claude yanditse ku itariki ya: 25-02-2019  →  Musubize

nukuri koko ndabyemeye ni louange semak

louange semak yanditse ku itariki ya: 4-02-2019  →  Musubize

Ibyo nukuri kbs muzatubyire ukunu umuntu yakitwara mukundaguhura munzira waramukunze nutaravugana?

Nsengimana innocent yanditse ku itariki ya: 3-02-2019  →  Musubize

Ndabona nacyo narenzaho kubyo mwatubwiye nibyo kabsa .njyewe ndashaka umukobwa uzi icyo gukora ariko uri intelectuelle kuko nanjye ndi intelectuelle.my phone number 0786884172

Alphonse yanditse ku itariki ya: 7-11-2018  →  Musubize

Ndabona nacyo narenzaho kubyo mwatubwiye nibyo kabsa .njyewe ndashaka umukobwa uzi icyo gukora ariko uri intelectuelle kuko nanjye ndi intelectuelle.my phone number 0786884172

Alphonse yanditse ku itariki ya: 7-11-2018  →  Musubize

ibyo mwadutangarije turabyemera, ahubwo mudushakire nibindi uko wakundana numukobwa mumenyeranye nje nabonye bigoye cyane ,nyiyi whatsapp yanje +243976163564

emmanuel muhuri emunize yanditse ku itariki ya: 22-10-2018  →  Musubize

Ibyo mwavuze ntacyonakongeraho, ahubwo mudushakire nibyerekeranye nuko umuntu ya tereta umukobwa bamenyeranye nabonye bigoye cyane

emmanuel muhuri emunize yanditse ku itariki ya: 22-10-2018  →  Musubize

izo nama turazemera kandi ziradufasha cyane ariko nkeney’umukobga uzi agaciro kurukundo,ushoboye kubak’urugo.abonetse yakwakura:+243840283386.

patrick yanditse ku itariki ya: 20-10-2018  →  Musubize

nn kowanga kubimusa . wanabimusaba akabikwima . ark akabihaband? ese wabinzut?

Ndayizeye louis yanditse ku itariki ya: 11-10-2018  →  Musubize

Ndimo ndashaka umukobga twakundana, ariko ufite umugambi wokurushinga. Anyandikire kur’iyi number: +256789261435

BONHEUR MPFITUMUKYIZA yanditse ku itariki ya: 10-10-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka