Wamenya ute ko umukobwa agukunda?
Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.
– akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.
– ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.
– ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.
– igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.
Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.
Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?
Ernest Kalinganire
Ibitekerezo ( 288 )
Ohereza igitekerezo
|
MUZATUBWIRE NIBINDI.
ni sawa kbx mutubwire nibind
kabs mubamudukoreyumuti mujyemukomerezaho
nukuri koko ndabyemeye ni louange semak
Ibyo nukuri kbs muzatubyire ukunu umuntu yakitwara mukundaguhura munzira waramukunze nutaravugana?
Ndabona nacyo narenzaho kubyo mwatubwiye nibyo kabsa .njyewe ndashaka umukobwa uzi icyo gukora ariko uri intelectuelle kuko nanjye ndi intelectuelle.my phone number 0786884172
Ndabona nacyo narenzaho kubyo mwatubwiye nibyo kabsa .njyewe ndashaka umukobwa uzi icyo gukora ariko uri intelectuelle kuko nanjye ndi intelectuelle.my phone number 0786884172
ibyo mwadutangarije turabyemera, ahubwo mudushakire nibindi uko wakundana numukobwa mumenyeranye nje nabonye bigoye cyane ,nyiyi whatsapp yanje +243976163564
Ibyo mwavuze ntacyonakongeraho, ahubwo mudushakire nibyerekeranye nuko umuntu ya tereta umukobwa bamenyeranye nabonye bigoye cyane
izo nama turazemera kandi ziradufasha cyane ariko nkeney’umukobga uzi agaciro kurukundo,ushoboye kubak’urugo.abonetse yakwakura:+243840283386.
nn kowanga kubimusa . wanabimusaba akabikwima . ark akabihaband? ese wabinzut?
Ndimo ndashaka umukobga twakundana, ariko ufite umugambi wokurushinga. Anyandikire kur’iyi number: +256789261435