• Inyama zisigaye zirangurwa kure, ari na yo mpamvu zazamuye igiciro

    Musanze: Kuba ibagiro bijejwe ritubakwa bituma inyama zihenda

    Abaturage bo mu Kagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, bifuza ko ibagiro rya kijyambere bamaze igihe barijejwe ryakubakwa. Ni nyuma y’uko aho iryahoze mu Kagari ka Ruhengeri rimaze igihe ryarahagaritswe gukorerwamo kubera ko ryari rishaje, ryimurirwa mu murenge wa Gataraga.



  • Abayobozi ba BNR baherutse gutanga ikiganiro ku bukungu bw

    Ibiciro bishobora kuzamuka kubera Coronavirus, kuzamuka kwa peteroli, amashanyarazi n’amazi (BNR)

    Banki Nkuru y’u Rwanda(BNR) hamwe n’impuguke mu by’ubukungu, baraburira abantu ko ibiciro by’ibicuruzwa bishobora gukomeza kuzamuka mu buryo budasanzwe bitewe ahanini n’imihindagurikrie y’ibihe, kuzamura ibiciro by’amashanyarazi ndetse n’icyorezo cya Coronavirus



  • Ikilo cy

    Amajyaruguru: Bishyize hamwe begereza abaturage ibicuruzwa bihendutse

    Abikorera bo mu turere twa Burera na Gicumbi batangiye uburyo bwo gukwirakwiza ibicuruzwa mu ma centre yegereye umupaka uhuza u Rwanda na Uganda.



  • Amagare ubwo yavaga i Huye kuwa kabiri tariki ya 25 Gashyantare yerekeza i Rusizi. Kurara i Huye ku bayitabiriye byazaniye amafaranga abafite amacumbi n

    Bifuza kwakira kenshi imikino ibazanira amafaranga nk’iy’amagare

    Abanyehuye bafite inzu zicumbikira abagenzi n’uburiro, bavuga ko igihe cyose habaye amasiganwa y’amagare atuma abayitabiriye baharara, babona icyashara gishimishije ugereranyije n’uko bisanzwe.



  • Abayobozi ba BNR bavuze ko ubukungu bw

    BNR yasobanuye ingaruka za Coronavirus ku bukungu bw’u Rwanda

    Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko mu gihembwe cya kane cy’umwaka ushize wa 2019, ibiciro by’ibiribwa byiyongereye ku rugero rwa 6% kandi ko muri 2020 biziyongeraho 5%.



  • Dr. Karusisi avuga ko serivisi za BK zigiye kurushaho kwegerezwa abaturage

    Banki ya Kigali igiye kurushaho kwegereza serivisi abaturage

    Umuyobozi mukuru wa Banki ya Kigali (BK), Dr. Diane Karusisi aratangaza ko serivisi zayo z’ikoranabuhanga zigiye kurushaho kumanurwa zikegera abaturage nyuma y’uko hari benshi bakibika amafaranga mu mifuka.



  • Abacuruzi bagiye kongera kungukira amamiliyoni muri Tour du Rwanda

    Uwitwa Benoit Munyankindi wabaye muri Komite y’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY), arahamagarira abifuza gucuruza ibintu byabo kubishyira hafi, kuko amarushanwa ngarukamwaka ya Tour du Rwanda yegereje.



  • RURA igiye gukora iperereza ku izamuka ridasanzwe ry’ibiciro bya Gaz

    Urwego Ngenzuramikorere (RURA) ruratangaza ko ruri gukora iperereza ku izamuka ridasanzwe ryibiciro bya Gaz yo gucana. Mu mezi abiri ashize, ibiciro bya gaz byarazamutse hirya no hino aho icururizwa, bitera abakiriya bayo kubyibazaho cyane.



  • Banki ya Kigali igiye guhugura abagore 150 ku kunoza ubucuruzi

    Banki ya Kigali (BK) ku bufatanye na kompanyi ya Resonate Workshops, bagiye guhugura abagore 150 bo mu makoperative anyuranye, ku gucunga neza ubucuruzi bwabo bityo babunoze bunguke kurushaho.



  • Total Hi-Perf igiye guha abamotari 30 moto

    Mu gutangiza Poromosiyo yiswe Hi-Perf Dunda na Moto, imbere y’abafatanyabikorwa bayo, Total Hi-Perf yatangaje ko guhera kuri uyu wa 15 Gashyantare 2020, abamotari bose bakoresha amavuta ya Hi-Perf, bafite amahirwe angana yo gutunga moto.



  • Abacuruza imyaka batabyemerewe bashobora guhanwa

    Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe ubukungu, Rurangwa Steven, aributsa abacuruzi b’imyaka cyane ibigori ko abazafatwa bagura batabifitiye ibyangombwa bazabihanirwa kuko ari bo bica isoko.



  • Icyiciro cya mbere cy

    Muhanga: Bagiye kwiyambaza banki kugira ngo isoko ryuzure

    Urugaga rw’abikorera PSF mu Karere ka Muhanga ruratangaza ko hakenewe miliyali imwe na miliyoni zisaga 100 z’amafaranga y’u Rwanda, kugira ngo icyiciro cya mbere cy’isoko rya Muhanga cyuzure.



  • Ubwo akarere kashyikirizwaga isoko nyuma yo gutsinda urubanza ni uku ryari rimeze

    Rubavu: Isoko ryari ryarananiranye rigiye kubakwa

    Inama Njyanama idasanzwe mu Karere ka Rubavu kuwa 7 Gashyantare 2020 yahaye urugaga ry’abikorera amezi abiri kwerekana gahunda ihamye yo kubaka isoko rya Gisenyi.



  • Inzoga zaba izikorerwa mu Rwanda cyangwa hanze, ziri mu bigomba kwandikishwa (Ifoto:Internet)

    Ibicuruzwa birenga 1500 bigomba kwandikishwa bitarenze 31 Werurwe 2020- FDA

    Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imiti n’ibiribwa (Rwanda Food and Drugs Authority -Rwanda FDA), cyagaragaje urutonde ruriho ibicuruzwa 1,534, ahanini bijya mu mubiri w’umuntu, mu kanwa ndetse n’ibyo kwisiga, gishyiraho n’amafaranga yo kwandikisha buri bwoko bw’igicuruzwa, ndetse kikaba cyaranashyizeho itariki ntarengwa ya 31 (…)



  • Abacuruzi bo mu Rwanda bashobora kuzabura ibicuruzwa/ Photo:VOA

    Coronavirus: Abacuruzi bo mu Rwanda bashobora kubura imari

    Abacuruzi bacururiza mu Mujyi wa Kigali bahangayikishijwe n’uko bashobora kuzabura imari mu gihe icyorezo cya coronavirus gikomeje kuburirwa urukingo cyangwa umuti.



  • Mu ruganda rutunganya impu i Kigali. Uyu na wo ni umushinga watewe inkunga na BDF

    BDF yafashije imishinga irenga 40,000 ariko 12% by’inguzanyo yishingiye ntizishyurwa neza

    Muri 2011, u Rwanda rwatekereje uko rwahanga imirimo mishya a miliyoni 1.5 idashingiye ku buhinzi, kugeza muri 2024, ari na bwo havutse Ikigega gishinzwe kwishingira imishinga mito n’iciriritse (BDF).



  • StarTimes irashimira abafatabuguzi babanye na yo muri poromosiyo ya Noheli

    StarTimes ifashe uno mwanya ishimira abafatabuguzi bayo babanye na yo muri poromosiyo ya Noheli yitwa ‘Dabagira n’ibyiza bya StarTimes’, yarangiye tariki 31 Mutarama 2020.



  • Amakarita ya MTN aravaho guhera tariki ya 15 Gashyantare 2020 (Ifoto: Internet)

    Amakarita ya MTN agiye kuvaho

    Ikigo gicuruza serivisi z’itumanaho cya MTN Rwandacell Ltd cyatangaje ko guhera tariki 15 Gashyantare 2020 kizatongera kugurisha amakarita yabaga ariho amainite, aho uwayiguraga byamusabaga kuyiharura cyangwa kuyishishura kugira ngo abone uko ashyiramo amainite yifashishije imibare iba iri kuri iyo karita.



  • Abanyerondo muri Gasabo bashyiriweho isoko ryihariye kandi rihendutse

    Abanyerondo muri Gasabo bashyiriweho isoko rihendutse

    “Ibiciro byacu usanga biri hasi ugereranyije n’ibyo ku yandi masoko kuko nk’ahantu isukari igurwa amafaranga 1,000, twebwe usanga tuyigura kuri 800 ku kilo, umuti w’inkweto muto aho ugurwa 300Frw twebwe tuwugura nka 200Frw”. Ibi byasobanuwe na Sebaganwa François ukorera irondo ry’umwuga mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka (…)



  • Abikorera bo mu Ntara y

    Burera: Ububiko bw’isoko ryambukiranya imipaka bugiye kongerwamo ibicuruzwa

    Urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF) ruratangaza ububiko bw’isoko ryambukiranya imipaka riri mu Karere ka Burera (Burera Cross Border Market) bugiye kongerwamo ibicuruzwa biva mu mahanga n’ibikorerwa mu Rwanda, mu rwego rwo kubyegereza abaturage bo muri aka Karere n’utundi byegeranye.



  • Umuyobozi mukuru wa StarTimes mu Rwanda Deng Sanming na Vlady Terimbere ushinzwe itumanaho n

    Poromosiyo: StarTimes yagabanyije ibiciro ku bicuruzwa byose

    Sosiyete ya StarTimes icuruza ifatabuguzi ry’isakazamashusho n’ibikoresho bijyanye na byo, irashishikariza abantu kwitabira Poromosiyo ya StarTimes iriho yitwa Dabagira n’Ibyiza bya StarTimes.



  • Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byazamutse

    Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera ku wa gatandatu tariki ya 04 Mutarama 2020, igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli gihindutse ku buryo bukurikira:



  • Umuyobozi w

    Zigama CSS irashaka ko umunyamuryango abona serivisi zose atagiye kuri Banki

    Ikigo cy’imari Zigama CSS cyatangaje ko mu igenamigambi ry’umwaka utaha kizashyira imbaraga mu gukoresha ikoranabuhanga rizatuma umunyamuryango abona serivisi zose atagombye kujya kuri Banki, ahubwo akazibona kuri telefoni ye cyangwa mudasobwa.



  • Abikorera nibanoza ubuziranenge bw

    Ubuziranenge bw’ibicuruzwa ni urufunguzo ku isoko rusange rya Afurika

    Abikorera bo mu ntara y’Amajyaruguru barasabwa kunoza ubuziranenge no kongerera agaciro ibyo bakora, kugira ngo ubwo ishoramari ry’isoko rusange rya Afurika rizaba ritangiye gushyirwa mu bikorwa, rizasange bihagazeho kandi biteguye kugaragaza uburyo u Rwanda rumaze kugera ku rwego rwo kongera ingano y’ibikorerwa imbere mu (…)



  • Star Times yageneye abakiriya bayo Noheli n’Ubunani

    Ikigo Star Times cya mbere muri Afurika mu gucuruza amashusho afite ikoranabuhanga rigezweho (digital), kiri guha abakiriya bashya n’abasanzwe impano z’iminsi mikuru isoza umwaka wa 2019 n’itangira uwa 2020, binyuze muri poromosiyo nshya ya ‘Dabagira n’ibyiza bya StarTimes’.



  • Ba rwiyemezamirimo bahatana hamwe n

    BK igiye guha ba rwiyemezamirimo bato miliyoni 25Frws

    Banki ya Kigali (BK) igiye gusaranganya ba rwiyemezamirimo bato miliyoni 25 z’amafaranga y’u Rwanda, zizishyurwa nta nyungu muri gahunda y’irushanwa rizwi nka ‘BK-Urumuri’.



  • Umuyobozi wa BRD Eric Rutabana avuga ko basaba abacuruzi kugana iki kigega kugira ngo babashe guteza imbere ubucuruzi bwabo bwambukiranya imipaka

    Abohereza n’abifuza kohereza ibicuruzwa hanze bagiye koroherezwa

    Abacuruzi n’abifuza kohereza ibicuruzwa byabo byakorewe mu Rwanda kandi byujuje ubuziranenge bashyiriweho ikigega gishinzwe kubafasha kugera ku ntego zabo.



  • Mu Rwanda hafunguwe icyambu kizorohereza abaguzi bo muri Afurika no hanze yayo(Video)

    Mu Rwanda hatangijwe ku mugaragaro icyambu cyo ku butaka cyiswe ‘Kigali Logistics Platform’, cy’ikigo ‘Dubai Ports World’, kikazorohereza abantu bagera kuri miliyari imwe na miliyoni 200 barimo Abanyarwanda, Abanyafurika muri rusange ndetse n’abo hanze y’uwo mugabane.



  • Poromosiyo: Ibiciro bya StarTimes 24" na 32"TV babihanantuye

    StarTimes ishingiye kuri iki cyumweru cyahariwe kwita ku bakiriya (Customer Service Week 2019), no mu rwego rwo gushimira abakiriya bayo, StarTimes yabazaniye poromosiyo ikubita ibiciro hasi kandi mwese murisanga.



  • Hashyizweho komite ishinzwe gukurikirana abacuruzi biba abakiriya

    Abacuruzi biba abakiriya babo bahagurukiwe

    Urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF) rwatangaje ko ku bufatanye n’inzego z’umutekano n’ikigo cy’ubuziranenge, bagiye gushaka uko bakemura ikibazo cy’abacuruzi banusura ibicuruzwa bakiba abakiriya.



Izindi nkuru: