Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Nyamasheke Turabasaba Gutora Neza Apana Birya Byabaye Ntibizongere
twongere amasengesho
Abanyabugesera ndabakunda kdi mukomerezaho iterambere mwitabire umurimo
Turabashimira urubuga muduha mugutanga ibitekerezo.
congo nireke kwiyenza kurwanda!ngo ishakira igisubizo aho kitari
ariko nibo cong ishaka gutera urwanda niyerure ibivuge
tubimenye natwe twiteguye kwirwanaho nkabanyarwanda.
naho ubundi nibaturekere amahoro yacu nkabanyarwanda,
mu mahoro yacu dusanzwemo <GUSA IMANA ITUBE HAFI NKUKO
TUYIZERA>.
Jye ndabona amaherezo bakwiye kuduha ibikoresho tukerekerayo,kuko ibi si ibintu. Mu Rubavu ntibagire ubwoba.
Tubashimira uburyo mubasha kumva ibibazo by,abaturage mureberera.Ariko hano mu karere ka Gisagara,abanyeshuri bakaminuza turacyafite ikibazo cyokwiga bitewe n,ubushobozi buke dufite kandi tukaba tubona n,ubuyobozi ntacyo bubivugaho busa nkaho bwadutereranye.
mbanje gushimira cyane uburyo amakuru yanyu ari update kabisa nuburyo uyabona muburyo bunonosoye ahubwo ndabibariza nizihe nzira umuntu yacamo kugirango ibikorwa yikorera byaca kuri page. merci
uwiteka akomeze kubongerera ubuhanga nubushobozi mukoresha muduha amakuru.mukomereze aho.muri huye,Koperative yabrimu yibwe akayabo ka miliyoni icumi nibihumbi 600 birenga.birababaje kuba hakiriho abshaka gutungwa nutwabandi
ndashimiracyane ikinyamakuru cyanyu uburyomutugezaho amakuru binyerekakomwegera abaturage mugihuguhose
I Gihugu cyacu kiratera imbere ni byiza.
Ariko muzatubarize twe abatuye KAMONYI-UMURENGE WA RUNDA-AKAGARI KA GIHARA-UMUDUGUDU WA BIMBA ahandi hose mu murenge bafite UMURIRO ariko twe wapi twaranditse tubigeza kuri EWSA Muhima Station ariko ntacyo byatanze
Icya kabiri: Gihara yose nta mazi igira ya EWSA keretse aya Padiri kandi nayo abona umugabo agasiba undi kuko abona uwaharaye. Ubu ijerikani ni 200Frw.
Muzatubarize EWSA peee.
ese abaturage batuye ahahoze hitwa mu kiyovu cy;abazakira murabateganyiriza iki cyane cyane abatuye mu gice gihanamye dore ko igihe cy;imvura ikarishye cyegereje,hakorwa iki ngo harengerwe ubuzima bw;abahaturiye amazi atararenga inkombe?
ni byiza kubona igihugu gitera imbere muri ubu buryo gusa mukangure abantu benshi ndababona nk’indorerezi.amahoro amahoro
congrassi u too . turabemera mugutanga updates -
ubuyobozi bwa gatsibo busabwa kugabanya guhotera abaturage cyane cyane kubanyaga utwabo bitwaje ikigo cyagabiro
Ese ni kubrera iki inzoga z’inkorano zikomeza kwiyongera mu murenge wa Tumba?
ese ko ubuyobozi bw’umurenge bukomeza
guha ibyemezo byo gufungura amagurumani kandi buzi neza ko ayo magurumani nta kindi akora uretse izo nzoga z’inkorano’aho nta cyaba kibyihishe inyuma?
Ni kubera iki uwitwa ko ari we wagakwiriye guca ibyo biyobyabwenge ari we ubikora kandi ku mugaragaro?
For example:ni uwungirije uhagarariye inkeragutabara mu murenge wa Tumba uzwi ku izina rya KARAMBIZI
Turasaba ko ubuyobozi bw’Akarere bwahagurukira icyo kibazo kubera ko bigaragara ko umurenge wananiwe.
Abayobozi b’inzego z’ibanza(Abakuru b’imidugudu) barabaza impamvu bataragezwaho telephone mobile bemerewe n’akarere ubwo baherutse mu mahugurwa yabereye muri G.S.O.B.
rubavu dukeneye amatarakumuha. kugirangotugetugenda ahabona mutubarize,ababishinjwe murakoze
Mbega! gutera imbere nyanza we!urebye nyagisozi ibikorwa byiterambere bamaze kugeraho byiza kandi byihuse ngenda Herman uragakoze pe!!
Muraho ntore zesa imihigo!!Nishimiye ibyiza akarere kacu ka KARONGI kamaze kugeraho cyane cyane inyubako ziri mu murenge wa Bwishyura,hamwe n’izindi nyubako zigiye kubakwa mu murenge wa Rubengera.Kandi ndashimira umuyobozi w’akarere kacu uburyo akomeje kwita ku iterambere ry’akarere.
NUKWITA KUBARIMU KUKO ARIBO SOKO Y’UBUREZI
mwiriwe?none nabazaga impamvu abanyeshuri biga muri congo mwabimye stage .munsubize