Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1367 )

JYE GUSA NABONYE HARI ABAYOBOZI BIKORER KUBA UMUYOBOZI AFATIRA ITUNGO RYUMUNTU UTISHOBOYE RIKAJYA KWANAGARIRA IMBERE YIBIRO AZIRA UMUSANZU NGO NUWO KUBAKA IBIRO, AMASHURI KDI BAKAMUCA NAMANDE YUWAYIZITUYE MUKIRARO AKAYISHORERA! SINZI NIBA YABARIYO BONNE GOUVERNANCE. NATEMBEREYE I BUSENGO MBIBONYE NUMVA BIRABABAJE, AKARUSHO NUKO NTAMUTURAGE WAVUGA BATINYA UBUYOBOZI.

j. damascene yanditse ku itariki ya: 2-12-2013

hano mukarere ka rubavu abayobozi banezeza abayobozi Bagakandamizabaturage babikorez’imitwaro bobatakwikorera!

Robert patrick yanditse ku itariki ya: 27-11-2013

akarere ka kicukiro ko ni sawa kuko dufite abayobozi batwitaho kd twihagije no miribwa murakoze

nikuze gisele yanditse ku itariki ya: 26-11-2013

AHAHA AKARE KARUSIZI KO NI BOMBORI BOMBORI

BENIMANA EUGENE yanditse ku itariki ya: 25-11-2013

Rutsiro ibisambo bitatu byafashwe byibye amafaranga byitwaje pisitori ebyiri mu murenge sacco ICYEREKEZO RU
SEBEYA mu cyumweru gishije.

NZABONIMPA Anastase yanditse ku itariki ya: 25-11-2013

Mukare ka ngoma umurenge wa remera turishimira ijambo umuyobozi wakarere yabwiye abaturage kubirebana namaterasi nubusabane bwateguwe kandi tugasangira ARASOBANUTSE

NSENGIMANA DANIEL yanditse ku itariki ya: 23-11-2013

Abaturage bo mu murenge wa Minazi, akarere ka Gakenke, banejejwe n’uko bwa mbere babonye ifumbire mvaruganda yo gushyira ku’ikawa zabo kuko n’ubwo ahandi yatangwaga bo ntiyabageragaho. Iyo fumbire yatanzwe kumugaragaro Le20/11/2013

alias yanditse ku itariki ya: 23-11-2013

Muri Ewasa Serevice Yabontago Arinziza Kubonabishya Amafranga Ya Cachpower 2mukwezi?Bisubireho

Habimana yanditse ku itariki ya: 23-11-2013

mukarere ka kayonza umurenge nyamirama akagali ka rurambi umudugudu wa ntinnyi ewsa idufashe kukibazo cy’umuriro ntitukireba amakuru kumugoroba saa8hoo umuriro uba wagiye,murakoze

Desire yanditse ku itariki ya: 22-11-2013

birare nze mubugesera kubo na umugabo yica umugore we nahi Mana

hakizimana eric yanditse ku itariki ya: 22-11-2013

ndashimira abayobozi b’AKARERE KA NGOMA kukobatugezaho amakuruyose kandi kugihe

NDARUHUTSE INNOCENT yanditse ku itariki ya: 22-11-2013

BAYOBOZI BACU MUKARERE KA KICUKIRO TUGERERANYIJE NAHO TWAHOZE UBU TURASHIMA KO HARIBYAGIYE BIKOSOKA GUSA TURASABA UMUYOBOZI AMANUKE MUMIRENGE AKORANE INAMA NABATURAGE NTITUMUHERUKA KUBIJYANYE NIBYAKOSOKA BYO NINKAHANDIHOSE MUMITANGIRE YA SERVICE NTACYIGENDA NKUBU MAZE IMINSI NSIRAGIRA KUMURENGE NSHAKA ICYANGOMBWA BAKAMBWIRA KO NTAMUYOBOZI UHARI(MASAKA)IMITANGIRE YIMYANYA NAYO YAKAZI MWISUBIREHO KOTUZIKO HARAHABURA ABAKOZI HARABURIKI NGO MUBASHYIREMO NUBWO TUTAMENYA IGIHE YAGIRIYEMO NTACYO KUBIJYANYE NUBUHINZI TURACYARI HASI IBISAMBU BIRACYARI BYINSHI BIDAHINZE NIBAGABANYE GUTEKINIKA BAKORE

RUHONDO yanditse ku itariki ya: 20-11-2013

Imisoro yacu barayongera kugira ngo babone ibyo kunyereza bihagike. Ariko Paul Kagame arahari kugira ngo aturengere, TUBYIZERE.

gatama yanditse ku itariki ya: 20-11-2013

Ndashimira abayobozi b’akarere ka Bugesera kubwitange bafite kuko bita kubibazo by’abaturage

PASCAL HABIMANA yanditse ku itariki ya: 19-11-2013

Mbanje kubashimira uru rubuga mwatanze ngo tujye twunganirana mu gutanga amakuru duharanirako twateza imbere igihugu cyacu.ndagirango nk’abantu mugera ku nzego zisa nizisumbuye za polisi ko mu karere ka Rwamagana’ umurenge wa Nyakariro ko nta mutekano uhari bitewe n’indiri y’abantu banywa ibiyobyambwenge nk’urumogi cyane rukaba rucururizwa mu mudugudu wa Bihembe kwa Ngiriyingabo na mukuruwe’polisi nitabare nta muturage ugitema igitoki cg ngo yorore agatungo kdi si ukuvuga ko bitazwi n’abayobozi ’mudutabarize’ basigaje kudusanga mu nzu. murakoze.

Alias yanditse ku itariki ya: 19-11-2013

KU WA 15/11/2013, MU KARERE KA GASTIBO HATAZWE INKA 344 ZITUWE MURI GAHUNDA YA GIRINKA ZIHABWA IMIRYANGO IKENNYE. IBI BYAKOZWE MU CYUMWERU CYA GIRINKA WEEK:11-15/11/2013. UYU MUHANGO WASOREJWE MU KARERE KA GATSIBO KU RWEGO RW’INTARA Y’IBURASIRAZUBA.

alias yanditse ku itariki ya: 19-11-2013

twagirango mudukorere ubuvugizi rwose, kuri company zishinzwe umutekano kuko harimo izihembera 3mois kandi bakaguhemba 1mois. ikindi nk’ iyo urwaye ukajya kwa muganga ntuzane repo medicale baguha absent niba baziko indwara zose zitangirwa repo ntago mbizi rwose!! bagiye bafata urupapuro wivurijeho ko ruba ruriho cachet, itariki,...(ariko ubundi leta yashyizeho amategeko agenga company itabishoboye igasenywa 4rexample TOPsec)

charlotte yanditse ku itariki ya: 19-11-2013

abantu ba NYamagabe barabura iki? kuki mutabigisha ikoranabuhanga ngo nabo bajye baboneka ku ku mbuga , ni ari ubumenyi buke mubahugure niba ari za mudasobwa badafite Leta igire icyo ibikoraho, niba kandi ari ikibazo cy’ umuriro Leta nishyiremo ingufu. ariko abo mumurenge wa Gasaka abo mu Gasarenda abo ku Kitabi iyo za Uwinkingi nasize bubaka ingomero z’ amashanyarazi rwose nibahugure abantu bakoreshe computer, nzi neza ko kuva kera Gikongoro bari intiti ariko rwose ubu bari ugusigara muruhando mpuzamahanga. Kigali today Imana ibahe umugisha kuko natwe abari hanze dushobora kumenya ibyo iwacu mukomereze aho.

john yanditse ku itariki ya: 18-11-2013

Akarereka nyanza mayor afite ikibazo(ajye avuga aza yasubiramo umuyobozi muzima abwira umuturage ngo niyo yakwiyahura....!) gusa kd yirinde kuyoborerwa kuko yatowe abandi bahari ahubwo nibamufashe kuyobora ark neza.

Alias dadi yanditse ku itariki ya: 16-11-2013

Mu karere ka kayonza,umurenge wa Rukara,akagari ka Rwimishinya duheze mu icuraburindi ryo kubura umuriro mugihe tugoswe n’utugari tuwufite.

KANYARUGURU John yanditse ku itariki ya: 15-11-2013

Murakoze ariko mutubarize impamvu mu karere ka ngoma mu murenge wa rukumberi hari amatsinga y’umuriro abaturage bakaba bari mumwijima?

Alias yanditse ku itariki ya: 14-11-2013

burakari nagije

kabaka yanditse ku itariki ya: 14-11-2013