Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1295 )

Mumurenge wamukarange harimo coperative yurubyiruko
ikora Umwuga w’ubudozibw’imyenda bugezweho biguriye imashine zijyanye nigihe mubakorere ubuvgizi mubijyanye namasoko. Kandi baterwe inkunka gushira mubikorwa ibitekerezo byabo fafite intego yo guteza imbere umwuga wubudozi bigisha nababyifuza udozi bugezweho bihesha agaciro coop girimbereheza Muri Mukarange.

mugenzi jean claude yanditse ku itariki ya: 7-11-2013

Ndashima cyane KIGALI today uburyo utugezaho amakuru kugihe kandi bagakora ubuvugizi aho bikwiye dufite ikibazo Muri Rwamagana mumurenge warubona Akagali Ka kabuye aho Ewsa yadutemeye urutoki Muri gahunda yikwirakwizwa ry’umuriro hakabarurwa ibyangijwe ariko ntibyishyurwe mudukorere ubuvugizi hishyurwe ibyagiye byangiza baduhe igurane murakoze

mugenzi jean Claude yanditse ku itariki ya: 7-11-2013

Iryo kusanyirizo rya mata mwatubwiye muri BURERA riri mu wuhe murenge?

kKURADUSENGE ISAAC yanditse ku itariki ya: 7-11-2013

Muge mutugezaho amakuru yo mumirenge murakoze

Ntakirutimana Thomas yanditse ku itariki ya: 6-11-2013

Birababaje kugeza uyu munsi hari ahantu mu Rwanda hatari network nimwe ,FM itavuga kandi ubuyobozi bwa karere ka kirehe bubizi gusa ntibugire icyo bubikoraho ni MURI MPANGA KIREHE especially muri NASHO MUTUVUGANIRE KABISA

Mugabe Angelo Gilbert yanditse ku itariki ya: 4-11-2013

Yesterdy,i attended church services at Saint Famille as usual.In a third Mass,for the first time, i was astonished when,believers,were not able to have access on Holly communion,as" Austia" were not enough,long queu had to go home without,having Jesus Christ!!!.

siboniyo theophile yanditse ku itariki ya: 4-11-2013

natwe irusizi mudukorere ubuvugizi kukibazo cyumuriro nkomumurenge wankungu ntanisinga iba muyumurenge mutubarize?

erneste yanditse ku itariki ya: 4-11-2013

RWAMAGANA IBURA RY, UMURIRO RIRAKABIJE EWASA ITABARE ABOGOSHA BO BARARIRA ABIFASHISHA AMASHANYARAZI INZARA IRATUMARA MUTUBARIZE,NI JUSTIN NGABO

NGABO JUSTIN,M.CJUSTIN yanditse ku itariki ya: 1-11-2013

Mbanje kubasuhuza mwebanyamakuru ba KIGALI TOday
twishimiramakuru mutugezaho arikomujye mutunyarukira no mumirenge nahomutubwire ukobyifashe

NIYONZIMA jeanbaptiste yanditse ku itariki ya: 1-11-2013

uwo muntu imana imwakire yashakaga imibereho

MANIRIHO ERNEST yanditse ku itariki ya: 1-11-2013

KONASABYE KO MWADUKORERA UBUVUGIZI KURI KUMUYOBOZI W’IKIGO NDERABUZIMA CYA NDORA MU KARERE KA GISAGARA AHO YIGIZE AKAMANA KUBURYO ABARAYE IZAMU ATABASIGIRA IMITI YO GUHA ABARWAYI KANDI N’ABAFOROMO ABAKATA PBF MUDUTABARE N’ABATURAGE TUZASHIRA

PAUL yanditse ku itariki ya: 1-11-2013

Banyamakuru tubashimiye amakuru meza mutugezaho aho iwacu kandi ndongera gushimira ubuyobozi bwadukuye mu mwigunge bakatwubakira ikiraro cya RWONDO uruzi rwarirugiye gutumarira abaturage murakaramba.

UGIZWENAYO Samuel yanditse ku itariki ya: 31-10-2013

mujye mutugezaho amukuru uko bikwiye

kimenyiakram yanditse ku itariki ya: 31-10-2013

Muraho , ndabasaba kuba mwamfasha kobona insanganyamatsiko zose uko ari 19 z’igihe cyo kwibuka zaranze ibihe byo kw’ibuka mu Rwanda .kubibona muraba mumbyaye murakoze ndategereje.

HATEGEKIMANA Charles yanditse ku itariki ya: 31-10-2013

mbashimiye kubwamakuru y,anyu

manshya mutugezaho

ndabemera pe.
murakoze!

kwizera yanditse ku itariki ya: 29-10-2013

iriya modoka no kuyireba ku jisho nta buziranenge buyirangwaho nibura kandi iyo iba ikorera mu mihanda myiza naho yaratinze.ahubwo sinzi ukuntu yarengaga kamarashavu.gusa nihanganishije abakozweho n’iyo mpanuka.

alfa yanditse ku itariki ya: 29-10-2013

ndi umwe mubatuye mumurenge waGIKOMERO koko imvugoniyongiro turashima president ko umuriro twa wubonye ubu gikomero irakeye. tugashima numuyobozi wumurenge ko ata hwemye kwihutisha ibikorwa.

karuyonga emmanuel yanditse ku itariki ya: 23-10-2013

Gikomero mu karere ka Gasabo twatashye umuriro.Bravo Paul Kagame.Iterambere i Gikomero oyeeeeeeee!!!!!!

alias kn2 yanditse ku itariki ya: 22-10-2013

ndumunyeshuri muri kaminuza mugihugucyabaturanyi cy,ubugande uburubyirukonizombaragazigihucyacu tugomba tugombaguharanira ubumwebwabanyarwa dushingiye kumurimo,ubumwe no gukunda igihugucyacu ibibizadufasha kwiteza imbere twigira tunirinda gusabiriza no gutega amaso amahanga

nshimiyimana aime yanditse ku itariki ya: 22-10-2013

MWIRIWE ESE IKIBAZO CYO MUKARERE KA GISAGARA AKAGARI GAKOMA UMUDUGUDU GATARE CYO KUBA TWARASENYEWE ’NABAGEJEJEHO MWABA MUGIYE KUTURENGANURA CYANGWA UWO TUREGA NIWE TUREGERA? NYAMARA TURABABAYE .MURAKOZE DUTEGEREJE UBUVUGIZI BWANYU.

mimi yanditse ku itariki ya: 21-10-2013

Nagira ngo mutubarize mu Ruhango impamvu iyo mayor ari muri conge,dossier zibura uzisinya.Thx

Elias yanditse ku itariki ya: 20-10-2013

Dukeneye amazi meza, mumudugudu wa ruhanga akagari ka ruhanga umurenge wa rusororo akarere ka kagasabo 80% bakoresha igishanga cyo kwisumo, ayo mazi arikuli kaburimbo namwe muzirebere

aias yanditse ku itariki ya: 18-10-2013