Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1297 )

Nagira ngo mutubarize mu Ruhango impamvu iyo mayor ari muri conge,dossier zibura uzisinya.Thx

Elias yanditse ku itariki ya: 20-10-2013

Dukeneye amazi meza, mumudugudu wa ruhanga akagari ka ruhanga umurenge wa rusororo akarere ka kagasabo 80% bakoresha igishanga cyo kwisumo, ayo mazi arikuli kaburimbo namwe muzirebere

aias yanditse ku itariki ya: 18-10-2013

mutubarize natwe kobatwemereye umuriro kucyigo cyamashuri y,E.P,KAGEYO nonehashize imwaka 2 tutarawubona mutubarize

niyomuremyi yanditse ku itariki ya: 17-10-2013

MWIRIWE ;MWADUKORERA UBUVUGIZI MU KARERE KA GISAGARA KO HARI AKARENGANE AHO TWASENYEWE NTA MPAMVU ; KANDI DUTUYE KUMIHANDA AHUBWO TUKAJYANWA GUTUZWA MUMISOZI UBU HATANGIYE KUBONEKA INGARUKA NYINSHI MBI KUBANTU BATARABONA UBUSHOBOZI BWO KUBAKA ’TURI KURENGANA CYANE MUZADUSURE MUZUMIRWA ;SECTEUR MAMBA ;CELLULE GATARE. MURAKOZE.

mimi yanditse ku itariki ya: 16-10-2013

uwahiga umuhigo w’ubuhinzi bw’icyayi muri Gicumbi,yatahana
intsinzi,nkurikije, uruhari gifite mu bukungu bw’iki gihugu, n’ukuntu His Excellence,adukangurira kwiga kukinywa(orthodox tea,flavored).

siboniyo theophile yanditse ku itariki ya: 16-10-2013

rusizi nzahaha.nyenji.dufitikibazocyumuriro.kandi urugomerorwa.kojefale.duhuriyehona.kongo.uburundi.rwubatswemu.murengewa.nzahaha.homukagalikanyenji.nukuvugako umurirujya.iburundi.ucanyenji.ugakomeza.arikontamuriro.ntamuhanda.gusayubajije.umuyoboziwakarere.bwana Nzeyimana Oscali w’akubwirako,birimur,prog yakarere.

vainqueur olivier yanditse ku itariki ya: 15-10-2013

kinihira sawa uretse ko abanyakigali bahinjiriye ngo nabatechnicien aruguteka imitwe bagateranya abo bahasanze;GS KINIHIRAYO YIYEMEJE KWAMBURA BASHAKA IBYUBUNU NAKAGA

Freddy yanditse ku itariki ya: 12-10-2013

MUTUBARIZE MTN YARATWAMBUYE AMAFARANGA TWAKOREYE TWANDIKA SIMUKADI ZA MTN , BARATURANGARANYE TWABUZE AHO TUBARIZA , NAGIYE KURI CENTER ZA MTN BAKATUBWIRA KO ATARIBO BABISHINZWE, TURATABAZA . NDABIZI MUZI GUTOHOZA INKURU NI MUTOHOZE KUKO BIRABABAJE PE! IMVURA,IZUBA ,INZARA, TWAHUYE NABYO TWIZEYE NGO TURAKORERA AMAFARANGA .

NKOLE yanditse ku itariki ya: 11-10-2013

MUTUBARIZE M TN YATWAMBUYE AMAFARANGA YACU TWANDIKIYE AMASIMUKADI AHAAAAA! BIRABABAJE PEE!

NSENGIYUMVA yanditse ku itariki ya: 11-10-2013

mwarakoze cyane kutujyezaho iki kinyamakuru ariko nkasaba retako yakoze umuhanda uva kurikaburimbo ugana rukoma,gusa ntikore ujya kayenzi.ubwo sakarengane kwiterambere ryubucuruzi bwikayenzi?

levis yanditse ku itariki ya: 10-10-2013

aha?????? ywe abanyakigali ni danger::::::::::

rwabuzisoni yanditse ku itariki ya: 8-10-2013

Mbashimiye ku bw’ibyiza n’amakuru agezweho muduha,mukomereze aho

Tuyizere Sean Philippe yanditse ku itariki ya: 8-10-2013

Natwe muri Nyamasheke umurenge wa Nyabitekeri amapoto asaziye mu butaka kandi umuriro turawukeneye

UWIMANA ANNE MARIE yanditse ku itariki ya: 7-10-2013

Mwadukoreye Ubuvugizi Nkabantu Twubatse Isoko Ry’ I Nyanza,hakaba Hashize Imyaka Ibiri Tutarahembwa Rwiyemeza Mirimo Hitiyaremye Afrodisjust Size Avugako Akarere Katarayamuha.Mwatubariza Icyo Tuzira Mukarere Prz Isoko Ryaruzuye Barikoremo Ni Mudutabare Mbaye Mbashimiye

Imanaturikumwe Emmanuel yanditse ku itariki ya: 7-10-2013

Ko abanyamakuru tubrmera; mwadukoreye ubucukumbuzi bwimbitse ku kibazo kiri mu karere ka Ngoma aho Nambaje Aphrodise akomeje guteranya abakorera ? ?
ako karere bakaryana kugira ngo we akomeze yinjize bene wabo bazamufashe gucengeza amatwara ya PSD. Utugero yazanye murumuna we gukorera muri Kibungo amuhungishije i Kirehe aho yariye mutuelle yabaturage muri Gahara; ubu agiye gutwara mushiki we Nyirabagenzi kuyobora poste de sante ya Kazo bitanyuze mu mucyo. Genda Ngoma warakubititse!

Rusarika yanditse ku itariki ya: 6-10-2013

Mwadukorera ubuvugizi bakadukorera umuhanda wa Ruhango-Kinazi, nahantu umuhanda wacitse kinazi-Mutima. Turabashimiye!

Mbonabucya Gerard a.k.a DOGNOSE yanditse ku itariki ya: 5-10-2013

UMUDUGUDU NGANZO AKAGARI MATABA UMURENGE GIHANGO:ITERAMBERE TURIGEZE KURE KDI TWESE TWAVUYE MURI HIGH RISKS ZONE. ICYO TUBURA AMASHANYARAZI ; KDI TURASHIMIRA GAHUNDA YA LETA ITUGEJE KU ITERAMBERE,ARAREKWA NTASHIRA :NGANZO NI PARADIZO PARADIZO(MU CYEREKEZO 2020).

MUNYAMPUNDU CYPRIEN yanditse ku itariki ya: 1-10-2013

turabemera cyane rwose kubwa service nziza muduha.ariko mu murenge wa remera umuriro ntago watugezeho rwose si nzi icyo mwadufasha rero!!!!!!!!
murakoze cyane!

kizigenza mutangana yanditse ku itariki ya: 30-09-2013

mwatubarije

claude ckodelo yanditse ku itariki ya: 29-09-2013

Turashima byimazeyo Equipe iyoboye Kamonyi,ku imikoranire myiza n’abaturage.DUKORANE UMURAVA DUTERE IMBERE.

S. Jpaul yanditse ku itariki ya: 27-09-2013

mudufashe natwe dukeneye kaburimbo imusamvu hashize igihe kinini kobazawuduha mutubarize ni ngoma kibungo

petit yanditse ku itariki ya: 26-09-2013

Nimwihangane namwe umuriro muzawubona bidatinze.i Gikomero mu karere ka Gasabo turawubona mukanya gato.Amazi ni four hehe na rwakobo ndavuga ku isooko.buji bay bay!!

bonfils kn yanditse ku itariki ya: 25-09-2013