Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1296 )

Bjr! Cip nanubu twarumiwe abantu bayigagamo. So wda ibyigeho badusubize.

Alias yanditse ku itariki ya: 17-06-2013

Dushimishwa nukuntu Igihugu cyacu kirimo cyihuta mu iterambera,haba mubikorwa remezo n,ibindi.Ariko hari uduce tumwe natumwe usanga kuzabona ibyo bikorwa remezo arihatari kandi byitwa ko bafite umuhanda nyabagendwa.Aha ndashaka kuvuga nko kubona Amazi n,umuriro. Aha ni mukarere ka Gisagara, Umurenge wa Save, Akagali ka Zivu, Umudugudu wa Ryarubayi. bivugango abaturage batuye mw,uyu mudugudu kubona amazi mw,iyimpeshyi ni ikibazo kibabangamiye cyanee.Aba baturage babonye amazi cyane cyane byarushaho kuba byiza cyane.

Niyirema Jean Pierre yanditse ku itariki ya: 14-06-2013

Akarere ka Gisagara, Umurenge wa Save, Akagali ka Zivu. Umudugudu wa Ryarubayi. Twashimishijwe nuko tubonye umuhanda uva muri Ndora wambuka muri Save ariko kurubu duhangayikishijwe namazi agiye kuzadusenye bitewe nuko abantu barikudukorera umuhanda batashakiye inzira ubu akaba ayoboka mungo z,Abaturage bomw,uwo mudugudu. byarushaho kuba byiza mutubarije.

Niyirema Jean Pierre yanditse ku itariki ya: 13-06-2013

duherereye mukarere ka ruhango twiga mwishuli rikuru rya ISPg,dufite ikibazo kubijyanye numuhanda uva kirengere-buhanda-gitwe murebe uko mwatugenza kabisa.murakoze

byiringiro ferdinand yanditse ku itariki ya: 12-06-2013

duherereye mukarere ka Gasabo,umurenge wa Nduba,akagali ka Sha,ewasa yaratubeshye rwose iturira amafaranga ngo nayo kuzatuzanira amapoto nyuma yuko twikusanyirije asaga milions2,5 none amaso yaheze mukirere mumfashe kugeza ikibazo cyacu kubabishinzwe,Murakoze.

Ange Steven yanditse ku itariki ya: 11-06-2013

mu murege wa gikonko wo mukarere ka gisagara rdb yaduhaye ikigo kitwigisha ikorana buhanga kitwa gikonko acceess point ariko ntwasabye connection ariko amaso yaheze mukirere mutuba rize icyo baduteganyirije

nsengiyumva jonathan yanditse ku itariki ya: 10-06-2013

Abantu bahishije inzu y’ubucuruzi i muhanga barababaje cyaneeeee kuko n’ibyo bacuruzaga byahiriyemo byose,ubwo ni ukuvugako hatagize igikorwa byaba bibabaje cyane

Uwamahoro yanditse ku itariki ya: 9-06-2013

Abantu bahishije inzu y’ubucuruzi i muhanga barababaje cyaneeeee kuko n’ibyo bacuruzaga byahiriyemo byose,ubwo ni ukuvugako hatagize igikorwa byaba bibabaje cyane

Uwamahoro yanditse ku itariki ya: 9-06-2013

Mu ntara yamajyaruguru iGICUMBI mu murenge wa kaniga urukiko ruhakorera abacamanza baho kurya ruswa babigize akamenyero, mutabare abaturage abo bantu bahindurirwe ahandi.Iyo utatanze akantu ntacyo ugeraho.

yanditse ku itariki ya: 7-06-2013

twasabagako muriyigahunda ya vision2025 nibura buri kagari kagira poste desate kukoharahabaturage kugerakwamuganga bibagorakuberaimiterere yuturere nkomujaruguru rurindo gakenke nahandi cg byaba bidashoboka mukarebako hakorwa imihanda

nshakirahe henerco yanditse ku itariki ya: 6-06-2013

Ese?i NYABIHU haba abayobozi munyarukireyo mu Murenge wa Jenda .Akagari ka Nyirakigugu,Umudugudu wa Nteranya mwiyumvire ukuntu ubujura bwo kwiba Inka nijoro hanyuma bakazibagira kugasozi ese? kuki bidatangazwa kandi aborozi barembye?

MANISHIMWE SAMUEL yanditse ku itariki ya: 6-06-2013

Ese?i NYABIHU haba abayobozi munyarukireyo mu Murenge wa Jenda .Akagari ka Nyirakigugu,Umudugudu wa Nteranya mwiyumvire ukuntu ubujura bwo kwiba Inka nijoro hanyuma bakazibagira kugasozi ese? kuki bidatangazwa kandi aborozi barembye?

MANISHIMWE SAMUEL yanditse ku itariki ya: 6-06-2013

amakuru yintore zo mukarere ka rusizi zi mezegute?

yanditse ku itariki ya: 4-06-2013

Ndabaza abayobozi b’akarere ka Nyanza igituma iteme rya Mpanga ridakorwa.Harabura iki koko?

mahirwe Aime yanditse ku itariki ya: 31-05-2013

mutubarize SFAR impamvu umuntu yohabwa amafaranga yicumbi ukwezikumwe gusa akagira umwaka atarabona andi kandi acumbikiwe na sfar,ayomafaranga yumwakawose ntabonye bizagendabite?murakoze kumbariza

byiringiro yanditse ku itariki ya: 26-05-2013

MUTUBARIZE KIE IMPAMVU YANZE KUDUSUBIZA AMAFARANGA YACU YA CAUTION YA LIBRARY N’AYO TWARISHYE TWENDA KU GRADUA MU MWAKA WA 2012 NUBU TWARAHEBYE

ombeni yanditse ku itariki ya: 24-05-2013

ABAKOZI BIBIGO NDERABUZIMA TURASABAKO MWADUHINDURIRA ABA TITULAIRE KUBERAKO HARI ABAMAZE KUBIGIRA AKARIMA KABO,BIRUKANA ABAKOZI UKO BISHAKIYE HANYUMA BIKAGIRA INGARUKA KUBANDI BAKOZI BASIGAYE,URUGERO NI NKO KUKIGO NDERABUZIMA CYA NTARUKA ABAKOZI BASIGAYE BAHEMBWA BIGORANYE KUBERA KWISHYURA ABAKOZI BIRUKANWE KUMAHERERE BAJYA KUREGA BAGATSINDA NONE NUBU ICYO KIBAZO KIRAHARI,NIYO MPAMVU TWASABAGA ABAYOBOZI KO BAKWIHUTITA GUKEMURA ICYO KIBAZO,ABAKOZI NTIBAKIVUGA KUBERAKO UMUYOBOZI,ABATERA UBWOBA CYANE MUTABARE

yanditse ku itariki ya: 24-05-2013

urubyiruko rw’u rwanda bararufungira éducation vaste?!burya nta kitagira resultat(action)

yanditse ku itariki ya: 22-05-2013

urubyiruko rw’u rwanda bararufungira éducation vaste?!

yanditse ku itariki ya: 22-05-2013

MURAHO!NYAMARA NUBWO BAVUGANGO TWE GUSIMBUKA IMYAKA IMWE NIMWE YAMASHURI HARI ABAFITE ISHINGIRO AHA NDAVUGA ABIGA MU ISHURI RYSUMBUYE RYA GASENYI /KARONGI/ MUTUNTU SECTOR KUKO HABA ABARIMU BASHEKEJE CYANE UWITWA MUKAMANA ZELDA KUKO UBUYOBOZI BURAMUKUNDWAKAZA BUKANMUHA AMASOMO YINGENZI YOSE ATYABISHOBOYE, ATABONEKA TWABAZA BATI MUZAGE KUREGA AHO MUSHAKA NUKO UGAHITAMO KWIGENDERA UDATAYE IGIHE CYAWE.MUDUTABARE

anice yanditse ku itariki ya: 22-05-2013

NYAMARA UWO MUPADIRI UWAMUKWEGEREZA URI UMUPOLICE YAKUBWIRAKO ATONGERA KWIRUKA,YAGERA KUBANDI ATI BURYA POLICE IRABANGAMYE!SIWE GUSA NABANDI BIYUMVEMO KO ICYOREZO GITWARA BENSHI NA BYINSHI ARI UMUVUDUKO WABATWARA.TURABYAMAGANYE PE!

IVAN yanditse ku itariki ya: 21-05-2013

ahaa!! uwo gitifu wi BUSORO nuwo mukagali ka Munyinya imiyoborere yabo irakabije

yanditse ku itariki ya: 18-05-2013