Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1366 )

Mwatubwiriye ababishinzwe koko bakaturwanaho
bakaduka umuhanda wakaburimbo mukarere ka Nyaruguru koko?

alias djuma yanditse ku itariki ya: 9-09-2013

Nibibyiza konyaruguru amajyambere ahagera koko ariko se haburiki ngo hagere kaburimbo nkahandi m’uturere rw’u Rwanda ? aritwizere neza ko ababishizwe babikurikiranira hafi.

hirwa jean claude yanditse ku itariki ya: 9-09-2013

iterambere kuri boseeeee turabashyigikiye

gasaba yanditse ku itariki ya: 9-09-2013

Nyamasheke Turabasaba Gutora Neza Apana Birya Byabaye Ntibizongere

Karuhije yanditse ku itariki ya: 5-09-2013

twongere amasengesho

habiyonizeye francois yanditse ku itariki ya: 3-09-2013

Abanyabugesera ndabakunda kdi mukomerezaho iterambere mwitabire umurimo

Mpejwiki aboubakar yanditse ku itariki ya: 3-09-2013

Turabashimira urubuga muduha mugutanga ibitekerezo.

patric yanditse ku itariki ya: 2-09-2013

congo nireke kwiyenza kurwanda!ngo ishakira igisubizo aho kitari

Andrew MURWANASHYAKA yanditse ku itariki ya: 31-08-2013

ariko nibo cong ishaka gutera urwanda niyerure ibivuge
tubimenye natwe twiteguye kwirwanaho nkabanyarwanda.
naho ubundi nibaturekere amahoro yacu nkabanyarwanda,
mu mahoro yacu dusanzwemo <GUSA IMANA ITUBE HAFI NKUKO
TUYIZERA>.

rwanyamugabo k fred yanditse ku itariki ya: 30-08-2013

Jye ndabona amaherezo bakwiye kuduha ibikoresho tukerekerayo,kuko ibi si ibintu. Mu Rubavu ntibagire ubwoba.

Misigaro hussein yanditse ku itariki ya: 30-08-2013

Tubashimira uburyo mubasha kumva ibibazo by,abaturage mureberera.Ariko hano mu karere ka Gisagara,abanyeshuri bakaminuza turacyafite ikibazo cyokwiga bitewe n,ubushobozi buke dufite kandi tukaba tubona n,ubuyobozi ntacyo bubivugaho busa nkaho bwadutereranye.

Niyirema jean Pierre yanditse ku itariki ya: 28-08-2013

mbanje gushimira cyane uburyo amakuru yanyu ari update kabisa nuburyo uyabona muburyo bunonosoye ahubwo ndabibariza nizihe nzira umuntu yacamo kugirango ibikorwa yikorera byaca kuri page. merci

danny munezero yanditse ku itariki ya: 27-08-2013

uwiteka akomeze kubongerera ubuhanga nubushobozi mukoresha muduha amakuru.mukomereze aho.muri huye,Koperative yabrimu yibwe akayabo ka miliyoni icumi nibihumbi 600 birenga.birababaje kuba hakiriho abshaka gutungwa nutwabandi

RUGIRA EUGENE yanditse ku itariki ya: 25-08-2013

ndashimiracyane ikinyamakuru cyanyu uburyomutugezaho amakuru binyerekakomwegera abaturage mugihuguhose

maniriho cyprien yanditse ku itariki ya: 23-08-2013

I Gihugu cyacu kiratera imbere ni byiza.
Ariko muzatubarize twe abatuye KAMONYI-UMURENGE WA RUNDA-AKAGARI KA GIHARA-UMUDUGUDU WA BIMBA ahandi hose mu murenge bafite UMURIRO ariko twe wapi twaranditse tubigeza kuri EWSA Muhima Station ariko ntacyo byatanze

Icya kabiri: Gihara yose nta mazi igira ya EWSA keretse aya Padiri kandi nayo abona umugabo agasiba undi kuko abona uwaharaye. Ubu ijerikani ni 200Frw.
Muzatubarize EWSA peee.

alias yanditse ku itariki ya: 23-08-2013

ese abaturage batuye ahahoze hitwa mu kiyovu cy;abazakira murabateganyiriza iki cyane cyane abatuye mu gice gihanamye dore ko igihe cy;imvura ikarishye cyegereje,hakorwa iki ngo harengerwe ubuzima bw;abahaturiye amazi atararenga inkombe?

alias yanditse ku itariki ya: 21-08-2013

ni byiza kubona igihugu gitera imbere muri ubu buryo gusa mukangure abantu benshi ndababona nk’indorerezi.amahoro amahoro

slim j yanditse ku itariki ya: 21-08-2013

congrassi u too . turabemera mugutanga updates -

kurama damas yanditse ku itariki ya: 20-08-2013

ubuyobozi bwa gatsibo busabwa kugabanya guhotera abaturage cyane cyane kubanyaga utwabo bitwaje ikigo cyagabiro

kayisinga yanditse ku itariki ya: 20-08-2013

Ese ni kubrera iki inzoga z’inkorano zikomeza kwiyongera mu murenge wa Tumba?

ese ko ubuyobozi bw’umurenge bukomeza
guha ibyemezo byo gufungura amagurumani kandi buzi neza ko ayo magurumani nta kindi akora uretse izo nzoga z’inkorano’aho nta cyaba kibyihishe inyuma?

Ni kubera iki uwitwa ko ari we wagakwiriye guca ibyo biyobyabwenge ari we ubikora kandi ku mugaragaro?
For example:ni uwungirije uhagarariye inkeragutabara mu murenge wa Tumba uzwi ku izina rya KARAMBIZI
Turasaba ko ubuyobozi bw’Akarere bwahagurukira icyo kibazo kubera ko bigaragara ko umurenge wananiwe.
Abayobozi b’inzego z’ibanza(Abakuru b’imidugudu) barabaza impamvu bataragezwaho telephone mobile bemerewe n’akarere ubwo baherutse mu mahugurwa yabereye muri G.S.O.B.

aliasa yanditse ku itariki ya: 19-08-2013

rubavu dukeneye amatarakumuha. kugirangotugetugenda ahabona mutubarize,ababishinjwe murakoze

HAKUZIMANA.J P yanditse ku itariki ya: 18-08-2013

Mbega! gutera imbere nyanza we!urebye nyagisozi ibikorwa byiterambere bamaze kugeraho byiza kandi byihuse ngenda Herman uragakoze pe!!

BIZUMUGE yanditse ku itariki ya: 18-08-2013