Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1297 )

imikorere yibitaro byagisirikare ikanombe ni myiza ariko uko bagabura rwose birutw anuko bareka abarwaza bakajya bagemurira abantu babo kuko umushora mari babihaye ntabyo ashoboye kuo agabura nabi cyane nde no mubintu bibi cyane agaburiramo

amani yanditse ku itariki ya: 15-07-2013

ibibazo biri mubitaro bya kirehe bibere isomo ibitaro bya Kacyiru police kuko aho bukera kubera ikibazo cy’abakozi bake bafite kdi bafite ababagana benshi biraza kuba nkibyaho namwe muzanyarukireyo murebe

gasore emmy yanditse ku itariki ya: 15-07-2013

ndabasuhuje,nagirango basomyi namwe banyamakuru muzanyarukire Ikanombe murebe uko ibitaro byaho bimaze gutera imbere (RMH)ariko rero nubwo byateye imbere ikibazo cyo kugaburira abarwayi cyarabananiye rwose twabasabaga ko bashaka rwiyemeza mirimo ubishoboye kuko n’uburyo bagemurira abarwayi ntabwo bijyanye nigihe ndetse nuburyo abarwayi barya ndetse nokunywa bikubite agashyi kdi babikosore vuba ba DR bavuye king faisol bazababwire uko ho bikorwa

muvugizi yanditse ku itariki ya: 15-07-2013

mukomereze aho kayonza

alias yanditse ku itariki ya: 9-07-2013

Ndabasuhuje! mu karere ka nyaruguru umuhanda huye-kibeho ibyo kuwukora bijyezehe? mutubarize.

alias yanditse ku itariki ya: 8-07-2013

Turabashuhuje soko yibyishimo tuvomaho ubwenge nubushobozi.ndi mukarere ka nyagatare ariko mutuvuganire rwose ubu ntahotel tugira igezweho,imihanda rekada inyubako zibereye umugi ntazo nizubatswe ziragwa. nta vuriro rigezweho mbese birababaje mutubarize rwose murakoze.

alias Turabashimiye yanditse ku itariki ya: 5-07-2013

Muraho? mutubarize ikibazo cya CIP ishami rya nyagatare kigeze ko amasa yaheze mukirere kndi semester yari irangiye.

nmugabofrank yanditse ku itariki ya: 5-07-2013

ndabasuhuje banyarwanda namwe banyarwandakazi! ubu mperereye kumugabane wa amerika ariko numvise ijambo president yavuze numva niryiza kuburyo numva ko twese twarisangira! duhorane uburyaryate mubiganza bidutera gushaka gukora ibyiza!icyo nifuriza abanyarwanda kandi nuko twagira imyumvire myiza tukareka gukina nubuzima bwacu!murakoze mbifurije umunsi mwiza natwe abari hanze yarwo turaruzirikana.

yvette kayirangwa yanditse ku itariki ya: 5-07-2013

Amasoko mu karere ka Musanze arimo ruswa ikabije,n’abantu bamwe gusa bayahabwa,ubuyobozi ntacyo bumaze

NZAYAVUGA Paul yanditse ku itariki ya: 4-07-2013

mwaramutse nshuti zitadutererana!mutubarize ubuyobozi bya ewsa impamvu badaha abakozi babo umushahara wemwnje mu igazeti ya leta guhera mu07/2012 batubeshya kugeza ubu!mudusesengurire ibibera muri iki kigo cyacu kuko birarambiranye

alias yanditse ku itariki ya: 3-07-2013

Ni byiza ko ngororero itera imbere ariko ewasa iri kubasondeka matara yo kumuhanda none se nawe uragera kumuhanda ugasanga hari kwaka jmatara 2 mu matara 50 nayo kandi yaka nka twa dutara twa economique duto mbese nitara rimurika ipoto gusa ahaa! iyi visio yincinwa

Omali BIZIMANA yanditse ku itariki ya: 2-07-2013

kubera umutekano wacu ntitubashije kwivuga izina ariko twasaga ko mukarere ka gatsibo umurenge wa kiziguro, akagali ka mbogo wadusabira amazi meza kuko tunywa amazi yo mumuferege niho hantu tugikoresha amazi yo kudasha intoki mugishanga.

Alphonse mukungwa yanditse ku itariki ya: 28-06-2013

munyarukire i cyarwa urenze ku mukoni gato, ahapimirwa nyirantare hitwa kwa KIBWA bakubise umuntu aba indembe, ubu ari mu bitaro ibutare, ubuyobozi bw’umurenge bwafunze ako kabare none karimo karakora kandi umurenge uzi ko gakopra. BATWICE BAKOMEZE BAPIME BYA NYIRANTARE BYABO?? MURAKOZE!!!!

ayinkamiye enata yanditse ku itariki ya: 28-06-2013

NDI J.PIERRE NDI MU KAGALI KA KABUGA UMURENGE WA MBAZI ABAYOBOZI BOMU KAGALI KAGABUGA NIBAKIRA ABAGANA NEZA KANDI BAGERA KU KAGARI SAA YINE

alias yanditse ku itariki ya: 28-06-2013

mutubarize MADAMU MUTAKWASUKU YVONNE;ese abantu batabonye ibyangobwa by’ubutaka bya burundu muri NYAMABUYE bamwandikiye umwaka ukaba ushize ntagisubizo bazasiragira muri service y’ubutaka kugera ryari?(ubaza muri service y,ubutaka ngo muzategereze umwanzuro w’akarere)

nsabimana aphrodis yanditse ku itariki ya: 26-06-2013

Mutubarize Muzuka impamvu yatanze atatanze ibirarane by’abarimu bagiye baha bamwe abandi barabareka? bakurukije iki kandi MINEDUC iba yatubwiye ko twese bazayaduha???Birababaje ntakuvamvura abana kandi bose aba ari bamwe?

niyoyita M. claire yanditse ku itariki ya: 25-06-2013

Mutubarize muri GENERATIONRWANDA Ko badusaba ibyangombwa tukabitanga twujuje nibisabwa ngo duhabwe promotion yo kwiga baba batangaje ubwabo kandi bikanaduhenda kugirango tu deposer ariko nta yego nta na oya tujya tubona kandi criteres zose tujujuje

NDAYISENGA Wellars yanditse ku itariki ya: 24-06-2013

NASABAGA ABANA BIGAKU KIGO CY’ABYIMANA KO BIRINDA IGIKORWA CYUBUGIZI BWANABI CYO GUTWIKA AMASHURI BIGIRAMO BAZAJYEGUKORERA AMAHUGURWA KUKIGO CYA CIKUKIRO IPRC KIGALI TSS.

will williams yanditse ku itariki ya: 23-06-2013

Mudutabarize natwe EWSA mu karere ka BUGESERA Centre ya BATIMA dukeneye umuriro kandi birakwiye.

Simfeli yanditse ku itariki ya: 21-06-2013

nibyiza ko tunga tv bayitekere gusa niba dukangurirwa gukora 24/24 ndabo bamwe bashobora kwiherera mumakuru bareba ntibakore kd abana no gukunda amashusho sinzi niba batazimurira ibyumba by’amashuri mumadirishya hahengeza aho kwiga bikoramwe ubushishozi.

alias yanditse ku itariki ya: 20-06-2013

Ndatabaza kuri EWASA nimudutabare mu murenge wa Ngeruka mukarere ka Bugesera twabuze amazi inzara igiye kutwica none n’amatungo yacu amerewe nabi.

Mukamutesi m chantal yanditse ku itariki ya: 19-06-2013

ESE NIBATICUGIRA UMUTEKANO BAWUCUNGIRWA NANDE?NIBAFASHE INGABO Z’IGIHUNGU NA POLCE Y,U RWANDA KUBABERA AHO BATARI
MUREBE KO TUDATURA MU RWATUBYAYE NEZA TWICUNGIRA UMUTEKANO EREGANAWE UMUTEKANO WI GIHUGU URAKUREBA KUKO NTAMUTEKANO NAWE NTIWARYAMA CYANGWA NGO UGIREN ICYO WABA WAKORA NGO KIGUTEZE MBERE.

alias Sagaga yanditse ku itariki ya: 19-06-2013