Bamwe mu bakinnyi bakinnye igikombe cya Afurika muri 2004 baratangaza ko batashimishijwe n’amagambo yatangajwe na Perezida wa Ferwafa Nzamwita Vincent De Gaulle.
Muri Tombola yabereye i Cairo ku cyicaro cya CAF, ikipe ya Rayon Sports yatomboye Rivers United mu guhatanira itike yo kwerekeza mu matsinda
Mu mukino wo kwishyura wa CAF Champions league wabereye i Kinshasa, Sugira Ernest yafashije AS Vita Club guseserera ikipe yo muri Gambia
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ryahagaritse ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Mali mu marushanwa yose mpuzamahanga
Kuri uyu wa Kane ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare yashyikirijwe impano y’imodoka yagenewe na Perezida wa Republika y’u Rwanda
Imwe mu mikino ya Shampiona y’umunsi wa 21 yagombaga kuba kuri uyu wa Gatandatu, yimuwe n’umukino uzahuza Rayon Sports na Onze Créateurs yo muri Mali.
Mu marushanwa y’akarere ka gatanu ari kubera mu Misiri, ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball yatsinze Sudani y’Amajyepfo ihita ibona itike ya 1/2 cy’irangiza
Mu cyumba cy’inama ya Komite Olempike y’u Rwanda, habereye ihererekanyabubasha hagati ya Robert Bayigamba wayiyoboraga na Amb. Munyabagisha Valens watorewe kumusimbura
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball yatsinzwe n’iya Egypt amanota 83-71 mu marushanwa ahuza amakipe y’akarere ka gatanu (Zone 5) ari kubera muri Egypt
Kuri uyu wa Kabiri ikipe y’igihugu ya Basketball irahura n’ikipe ya Egypt mu gushaka itike yo gukina igikombe cy’Afurika
Amb. Munyabagisha wiyamamariza kuyobora Komite Olempike aratangaza ko yiteguye kuzamura urwego rwa Siporo rukamera nk’izindi nzego nyinshi zazamutse mu Rwanda
Umutoza wa Rayon Sporta aratangaza yo ari kwitegura n’abakinnyi be uburyo bazashakira itike i Bamako aho kuyitegereza i Kigali mu mukino wo kwishyura
Ku i saa cyenda n’iminota 40 z’i Kigali ni bwo ikipe ya Rayon Sports yari igeze ku kibuga cy’indege cya Bamako, aho yakiranwe urukundo rudasanzwe n’Ishyirahamwe ry’Abanyarwanda batuye muri iki gihugu.
Mu gihe habura iminsi ngo ikipe y’igihugu ya Basket yerekeze mu Misiri mu guhatanira itike yo kwerekeza mu mikino Nyafurika, iyi kipe ikomeje imyitozo kuri Stade Amahoro
Ikipe ya Rayon Sports yerekeje muri Mali mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, nyuma yo gukorera imyitozo ya nyuma kuri Stade Amahoro
Ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare irerekeza muri Cameroun kuri uyu wa Gatatu, aho ifite intego zo kwegukana isiganwa rya "Tour du Cameroun".
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Marines ibitego 2-1, ihita ishyiramo ikinyuranyo cy’amanota ane ku ikipe ya APR Fc bakomeje guhanganira igikombe cya Shampiona
Nyuma y’iminsi hakozwe ikizamini cy’akazi ko gutoza Amavubi, Antoine Hey ni we wemejwe ko yatsinze ikizamini
Ikipe ya Gicumbi Fc itunguye APR iyitsinda 1-0, Rayon Sports yihimura kuri ESPOIR inasubirana umwanya wa mbere
Umukino w’ikirarane wagombaga guhuza APR Fc na Gicumbi Fc kuri Stade ya Kigali wimuriwe ku wa Gatatu, ukazabera Kicukiro
Kuri uyu wa mbere Tariki 27 Gashyantare 2017, harakorwa ikizami cya nyuma ku batoza batatu bashakwamo uzatoza Amavubi, nyuma hakazahita hatangazwa uwatsinze
Kuri uyu wa Gatandatu, Umuyobozi wa FIFA Gianni Infantino yageze mu Rwanda ashyira ibuye ry’ifatizo ahubakwa Hotel ya FERWAFA
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, Gianni Infantino aragera mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu, ashyire ibuye ry’ifatizo ahubkwa Hotel ya Ferwafa.
Ikipe ya Rayon Sports imaze gutangaza ko ibyangombwa byemerera Rwatubyaye Abdul kuyikinira byabonetse.
Umukino wahuzaga ikipe ya APR FC n’iya Amagaju, waberaga i Nyamagabe urangiye amakipe yombi anganya ubusa ku busa(0-0).
Ku munsi wa 5 wa Shampiona y’umukino wa Handball mu Rwanda, Police yatsinze APR Hc ibitego 40-38, biyiha icyizere cyo kwegukana igikombe
Mu irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo, Zanaco yo muri Zambia itsinze APR Fc kuri Stade Amahoro ihita inayisezerera
Umuyarwandakazi ukina Cricket yanditse amateka mashya ku isi, nyuma yo kumara amasaha 26 agarura udupira muri Cricket
Cathia Uwamahoro, Umunyarwandakazi ukina Cricket yatangiye urugambwa rwo gishyiraho agahigo gashya muri Cricket ku isi
Muri Shampiona y’Afurika y’umukino w’amagare iri kubera Luxor muri Egypt, Areruya Joseph yegukanye umudari wa Bronze mu bakinnyi batarengeje imyaka 23, Valens Ndayisenga awegukana mu barengeje imyaka 23