Ikipe ya Rayon Sports inaniwe kwishyura ikipe ya Rivers United ibitego 2-0 yayitsindiye muri Nigeria, binayiviramo guhita isezererwa
Kuri uyu wa Gatandatu kuri Stade Amahoro hategerejwe umukino ushobora guhindura amateka ya Rayon Sports n’umupira w’amaguru w’u Rwanda
Ikipe ya Rivers United yaraye igeze mu Rwanda, abaje kuyitegurira urugendo babanza gutangaza ko ikipe yabo iri muri hotel ihenze ya Radisson Blu
Antoine Hey uheruka kugirwa umutoza w’Amavubi, arateganya guhamagara abakinnyi 42 mu igeragezwa ry’imbaraga (Test Physique)
Umukino wa 1/16 w’igikombe cy’amahoro uhuza Amagaju n’AKagera, urabera ku kibuga giteye impungenge kugikiniraho.
Umukinnyi Mugheni Fabrice yamaze guhagarikwa icyumweru muri Rayon Sports, anakatwa umushahara nyuma yo kugaragaza imyitwarire mibi muri iyi kipe
Nyuma yo gusezererwa mu ikipe ya APR Fc ndetse no mu ikipe y’igihugu Amavubi mu minsi 16 gusa, Kanyankore yagizwe umutoza wa Bugesera agasimbura Mashami Vincent
Mu mukino ubanza wa CAF Confederation cup wabereye muri Nigeria, Rayon Sports ihatsindiwe ibitego 2-0
Abakinnyi 10 gusa ba Rayon Sports ni bo babashije kubona uburyo bagera mu mujyi bazakiniramo, mu gihe abandi bategereje indege amasaha ane
Kubera umukino mpuzamahanga wo kwishyura Rayon Sports izakina mu mpera z’icyumweru gitaha, imikino ine ya Shampiona yimuwe
Ikipe ya APR Volleyball Club ihagarariye u Rwanda mu gikombe cy’Afurika cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bakobwa kiri kubera muri Tunisia, iraza guhatanira kuva ku mwanya wa 9 kugera kuri 12
Ku rutonde ngarukakwezi rukorwa na FIFA, u Rwanda mu mupira w’amaguru rwatakaje imyanya 24 rugera ku wa 117
Mu marushanwa mpuzamahanga akinwa n’abafite ubumuga (Para-Taekwondo) yaberaga mu Rwanda, asojwe u Rwanda rwegukanye imidari 6, runegukana igikombe nk’igihugu cya mbere muri rusange.
Scheikh Hamdan Habimana wahoze muri Mukura yatorewe kuyobora ihuriro ry’ibigo byigisha abana umupira w’amaguru
Mashami Vincent na Higiro Thomas bahawe akazi ko kuba abatoza bungirije Antoine Hey uheruka kugirwa umutoza w’Amavubi
Ikipe ya Rayon Sports yanikiye andi makipe nyuma yo gutsinda Sunrise mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Umukino wa Shampiona w’umunsi wa 22 wagombaga guhuza Rayon Sports n’Amagaju kuri uyu wa gatanu tariki ya 31 Werurwe wimuriwe mu kwezi gutaha kubera umukino wa Rayon Sports na Sunrise uteganijwe ejo ku wa gatatu tariki ya 29 Werurwe.
Mu mukino w’ikirarane wayihuje na As Kigali, Rayon Sports iyitsinze 1-0, irusha APR amanota 8 basanzwe bahanganira igikombe
Mu gutegura isiganwa mpuzamahanga ryitiriwe amahoro rizaba muri Gicurasi 2017, Sosiyete ya MTN yariteye inkunga ingana na Milioni 71 Frws
Umuyobozi wa FERWAFA yatangaje ko hagati y’imyaka ibiri n’itatu u Rwanda ruzaba rutozwa n’umutoza w’Umunyarwanda, rugasezerera umuco wo gutozwa n’abanyamahanga.
Nyuma y’aho atangarije ko u Rwanda rusa nk’aho rutagiye muri CAN kubera ko rwakinishaga abanyamahanga, Perezida wa Ferwafa yasabye imbabazi Abanyarwanda avuga ko yagowe n’ururimi rw’Ikinyarwanda.
Umukino wahuzaga Rayon Sports n’ikipe ya Bugesera FC urangiye Rayon Sports iyitsinze 1-0, iguma ku mwanya mbere irusha APR FC amanota atanu.
Bamwe mu bakinnyi bakinnye igikombe cya Afurika muri 2004 baratangaza ko batashimishijwe n’amagambo yatangajwe na Perezida wa Ferwafa Nzamwita Vincent De Gaulle.
Muri Tombola yabereye i Cairo ku cyicaro cya CAF, ikipe ya Rayon Sports yatomboye Rivers United mu guhatanira itike yo kwerekeza mu matsinda
Mu mukino wo kwishyura wa CAF Champions league wabereye i Kinshasa, Sugira Ernest yafashije AS Vita Club guseserera ikipe yo muri Gambia
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ryahagaritse ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Mali mu marushanwa yose mpuzamahanga
Kuri uyu wa Kane ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare yashyikirijwe impano y’imodoka yagenewe na Perezida wa Republika y’u Rwanda
Imwe mu mikino ya Shampiona y’umunsi wa 21 yagombaga kuba kuri uyu wa Gatandatu, yimuwe n’umukino uzahuza Rayon Sports na Onze Créateurs yo muri Mali.
Mu marushanwa y’akarere ka gatanu ari kubera mu Misiri, ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball yatsinze Sudani y’Amajyepfo ihita ibona itike ya 1/2 cy’irangiza
Mu cyumba cy’inama ya Komite Olempike y’u Rwanda, habereye ihererekanyabubasha hagati ya Robert Bayigamba wayiyoboraga na Amb. Munyabagisha Valens watorewe kumusimbura