Ku nshuro ya gatatu, Areruya Joseph yongeye kwegukana irushanwa rizwi nka Kivu Race, isiganwa ryatangiriye Ngororero rigasorezwa mu mujyi wa Rubavu
Bamwe mu bakinnyi bahoze bakinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda "Amavubi, biteguye guhura na Perezida Kagame bakamuganiriza ku iterambere ry’umupira w’amaguru
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Johnattan McKinstry yahamagaye abakinnyi 29 bagomba kwitegura imikino ibiri Amavubi agomba gukina
Ernest Sugira yamaze kugera i kigali aho avuye gusinya umwaka n’igice mu ikipe ya As Vita Club, akazasubirayo akina n’ikipe ya TP Mazembe
APR Fc yongeye guha intera ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0 mu mukino wa Shampiona wabereye i Nyamirambo
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports Davis Kasirye yahamagawe na Milutin Micho utoza Uganda, mu kwitegura umukino uzabahuza na Zimbabwe mu mpera za Gicurasi
Mu mikino y’umunsi wa 25 wa Shampiona yabaye kuri uyu wa kabiri, ikipe ya Gicumbi yanganyije na Rayon Sports 1-1 bituma Rayon Sports iguma inyuma ya APR Fc
Kuri uyu wa kabiri kuri Stade Amahoro i Remera haratangira igikombe cy’Afurika mu mukino wa Rugby, igikombe kiza guhuza ibihugu bine bigize ikitwa "African cup Division 2 East"
Ku myaka 14 y’amavuko Nirere Xaverine uvukana na Valens Ndayisenga yatangiye kwitabira amarushanwa mu mukino w’amagare ndetse anatangira yitwara neza
Umutoza Masudi Djouma w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje abakinnyi 11 abona ko ari bo bari kwitwara neza mu makipe yose ari gukina Shampiona y’u Rwanda
Mu isiganwa ry’amagare ryitiriwe Kwibuka,Byukusenge Patrick na Niyonsaba Clementine begukanye imyanya ya mbere kuva Bugesera kugera Kigali
Kuri uyu wa Gatandatu,harakomeza isiganwa "Rwanda Cycling cup 2016", aho haza gukinwa isiganwa ryitiriwe kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994
Kuri uyu wa gatanu b=nibwo Eric Dusingizimana yakuyeho agahigo kari gafitwe n’umuhinde Virag Mare
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Cricket Eric Dusingizimana yakoze amateka atarakorwa ku isi nyuma yo kumara amasaha 51 agarura udupira mu mukino wa Cricket, atararyama.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika ryafashe icyemezo cyo gusezerera Uganda kubera umukinnyi ufite ibyangombwa bidahura
Umukinnyi Ernest Sugira wakiniraga AS Kigali yaguzwe n’ikipe ya AS Vita Club yo muri Congo ibihumbi 130 by’ama dollars
Ikipe ya Rayon Sports yanyagiye ikipe ya Bugesera iyitsinze ibitego 4-0 harimo bitatu bya Ismaila Diarra, mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali kuri uyu wa gatatu
Tony Blair wahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza yitabiriye igikorwa cyo gushyigikira Umunyarwanda Eric Dusingizimana wihaye intego yo gukora amateka mashya muri Cricket.
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Cricket Eric Dusingizimana agiye gukora amateka atarakorwa ku isi yo kumara amasaha 51 agarura udupira mu mukino wa Cricket
APR Fc yatsinze ikipe ya Gicumbi ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali kuri uyu wa kabiri, bituma ikomeza kuyobora urutonde rwa Shampiona
Umukino wagombaga guhuza ikipe ya Bugesera na Rayon Sports wimuriwe i Kigali kuri uyu wa Gatatu ku i Saa cyenda n’igice z’amanywa
Umukinnyi Areruya Joseph ukinira Les Amis Sportifs y’i Rwamagana niwe wegukanye agace ka mbere ka Rwanda Cycling cup kuva Kigali kugera Nyagatare
Shampiona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru irakomeza kuri uyu wa gatanu hakinwa imikino ibiri y’umunsi wa 22
Irushanwa ry’amagare rizenguruka u Rwanda rizwi nka Rwanda Cycling cup ya 2016 riratangira kuri uyu wa Gatandatu riva Kigali kugera Rwamagana
CIMERWA yateguye isiganwa ku maguru rigamije gukangurira abantu imikoreshereze myiza y’umuhanda hagamijwe kurwanya impanuka zo mu mihanda rizaba taliki ya 07 Gicurasi 2016.
Mu mukino wa Shampiona wabereye kuri Stade Amahoro, Rayon Sports inyagiye APR ibitego 4-0
Kuri uyu wa kabiri kuri Stade Amahoro harabera umukino uza guhuza APR na Rayon Sports, umukino utanga isura y’ikipe izegukana Shampiona ya 2015/2016.
Ikipe ya Rayon Sports yihereranye Police Fc iyitsinda ibitego bitatu kuri kimwe mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali kuri uyu wa gatandatu
Nyuma yo kumara imikino irindwi ya Shampiona idatsinda, AS Kigali yongeye kubona amanota atatu itsinze Muhanga ibitego 2-1
Ikipe ya Rwanda Revenue Authority yatsinze Shams yo mu Misiri maze ihita ibona itike yo gukina 1/2 mu gikombe cy’Afurika kiri kubera muri Tunisa