Ku rutonde ngarukakwezi rukorwa na FIFA u Rwanda mu mupira w’amaguru rwongeye kwisanga ku mwanya mubi rutaherukaga kuba 2013, aho ubu rubarizwa ku mwanya wa 108
Kuri uyu wa Gatandatu mu Rwanda haratangira irushanwa ryo kwibuka Abasportifu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi by’umwihariko babarizwaga mu mukino wa Handball, rikitabirwa n’amakipe yo muri Uganda no mu Rwanda.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri ikipe y’igihugu ya Maroc y’umupira w’amaguru aho ije kwifatanya n’Amavubi mu irushanwa ryo Kwibuka abakinnyi n’abakunzi b’umupira w’amaguru bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.
Kuri uyu wa Gatandatu mu karere ka Bugesera habereye isiganwa rya moto ryitabiriwe n’abakinnyi batuye mu Rwanda
Ikipe ya Kiyovu Sports yahakanye amakuru yavugaga ko yeguje umutoza wayo Kanamugire Aloys nyuma y’umusaruro mubi muri iyi Shampiona
Mu isiganwa mpuzamahanga ryitiriwe Amahoro ryaberaga mu Rwanda, Umunyarwandakazi Nyirarukundo Salome yegukanye umwanya wa mbere mu gice cya Marathon
Kuri uyu wa Gatandatu mu karere ka Bugesera habereye isiganwa ry’amamodoka, aho Gakwaya Jean Claude na Mugabo Jean Claude ari bo baryegukanye
Uwizeyimana Bonaventure ukinira ikipe ya Benediction y’i Rubavu ni we wegukanye isiganwa ry’amagare rytiriwe "Kwibuka", ryavaga mu Ruhango ryerekeza i Karongi
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwegukana igikombe cya Shampiona hari bimwe mu byaranze inzira yanyuzemo kugera itwaye igikombe
Ikipe ya Rayon Sports yegukanye igikombe cya 8 cya Shampiona itsinzwe rimwe gusa, inganyije inshuro enye, mu gihe isigaje imikino ine ngo Shampiona irangire
Ikipe ya Rayon Sports yegukanye igikombe cya Shampiona nyuma yo gutsinda Mukura ibitego 2-1 byatsinzwe na Moussa Camara
Abatoza babiri bungirije b’ikipe ya Bugesera Fc ndetse n’umuganga bahagaritswe n’ubuyobozi bw’ikipe nyuma y’umwuka mubi wavugagwa muri iyo kipe.
Itariki nk’iyi mu mwaka wa 2013, abafana ba Rayon Sports babyinaga intsinzi bishimira kwegukana ku nshuro ya 7 igikombe cya Shampiona y’u Rwanda mu mupira w’amaguru
Mu mukino wa 1/8 mu gikombe cy’Amahoro wabereye kuri Stade Amahoro, Rayon Sports inganyije na Musanze ibitego 3-3, Musanze ihita isezererwa
Mu irushanwa ryaberaga muri Mozambique, ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abakobwa yegukanye iki gikombe itsinze Maroc amaseti 2-1
U Rwanda rwatumiye ibihugu 13 mu irushanwa ryo kwibuka abari abakinnyi n’abakundaga siporo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka wa 1994.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ryashyize Umunyarwanda Martin Ngoga muri komite ishinzwe imyitwarire, mu itsinda rishinzwe iperereza
Imwe mu mikino yo kwishyura mu gikombe cy’Amahoro yahinduriwe ibibuga, indi ihindurirwa umunsi, mu gihe imikino ibanza nta mpinduka zabaye
Mu gihe Rayon Sports isa nk’iyegukanye igikombe cya Shampiona, amakipe ahatanira kutamanuka akomeje kurwana inkundura, mu gihe n’umwanya wa kabiri bitarasobanuka
Mu matora yo kuzuza imyanya muri Federasiyo ya Volleyball mu Rwanda, Karekezi Léandre yatowe ku majwi 23/23
Mu myitozo yo gupima imbaraga n’ubuzima bw’abakinnyi b’ikipe y’igihugu "Amavubi", abakinnyi 4 ba Rayon Sports baje mu bahagaze neza mu myitozo bakoreshejwe.
Ku rutonde ngarukakwezi rukorwa na FIFA, u Rwanda mu mupira w’amaguru rwasubiye inyuma ho umwaka umwe ugereranije n’ukwezi gushize.
Mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali, Rayon Sports yihereranye Gicumbi iyitsinda ibitego 6-1, bituma irusha mukeba APR amanota 10 inafite ikindi kirarane.
Mu mpera z’iki cyumweru muri Shampiona y’u Rwanda mu mupira w’amaguru, amakipe ahatanira kudasubira mu cyiciro cya kabiri yakomeje guhangana
Ni umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiona y’icyiciro cya mbere uzahuza ikipe ya Rayon Sports na Musanze, ukaba kuri uyu wa Gatandatu ku kibuga cya Musanze
Patriots na REG zikurikirana ku rutonde rw’agateganyo rwa Shampiona ya Basketball mu Rwanda, ziraza guhura kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Mata 2017, kuri Petit Stade Amahoro.
Mbere y’uko amasezerano ya Skol na Rayon Sports arangira, impande zombi zumvikanye uburyo Rayon Sports yazahagarara neza mu igura n’igurisha ry’abakinnyi
Umutoza wa Rayon Sports Masudi Juma yahagaritswe azira kuba akora ibyo yishakiye ndetse no kutumva bagenzi be bafatanya gutoza Rayon Sports nk’uko abayobozi b’iyi kipe babitangaje
Antoine Hey utoza Amavubi yahamagaye abakinnyi 42 bagiye kwitabira igeragezwa ry’imbaraga (Test Phyisque), harimo abakinnyi benshi bahamagawe bwa mbere.
Ikipe ya Bugesera yamaze gusinyana amasezerano y’ubufatanye na Sosiyete ya Excel Energy kugeza umwaka w’imikino wa 2016/2017 urangiye