MENYA UMWANDITSI

  • Baratanga ubutumwa bukubiyemo amabwiriza yo kwirinda Covid-19

    Bugesera: Abamotari n’abanyonzi bari mu bukangurambaga bwo kurwanya Covid-19

    Ubuyobozi bw’Umurenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera, bufatanyije n’inzego z’umutekano bwatagije ubukangurambaga bugamije gukangurira abaturage kurushaho kubahiriza ingamba zo kwirinda CoVID-19.



  • Abarwanyi 134 barimo n’aba ‘FDLR’ bishyize mu maboko y’Ingabo za ‘FARDC’

    Inyeshyamba 134 zimaze kwishyira mu maboko y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zikorera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ubu yashyizwe mu bihe bidasanzwe (état de siège) mu rwego rwo kurwanya imitwe y’inyeshyamba ihora iteza intambara zitarangira muri icyo gice cy’Iburasirazuba bwa bw’icyo gihugu.



  • Uwahoze ari Perezida wa Mauritania yafunzwe azira kwanga kwitaba kuri Polisi

    Mohamed Ould Abdel Aziz wahoze ari Perezida wa Mauritania, bitegetswe n’umucamanza kubera icyaha akurikiranyweho kijyanye na ruswa, yafunzwe nyuma y’uko yanze kujya yitaba kuri Polisi y’icyo gihugu, mu gihe yari afungishijwe ijisho ari iwe mu rugo.



  • Bazindukiye muri gare bizeye kujya i Kigali ntibyabakundira

    Bugesera: Abagenzi bazindukiye muri gare bizeye kujya i Kigali ntibyabakundira

    Ubusanzwe abantu bo mu nkengero za Kigali nka Nyamata mu Karere ka Bugesera, Ruyenzi mu Karere ka Kamonyi n’ahandi bajyaga bemererwa kwinjira muri Kigali n’ubwo haba hashyizweho gahunda ya ’Guma mu Karere’, ariko kuri iyi nshuro si ko byagenze ku bagenzi baturuka muri gare ya Nyamata bagana i Kigali.



  • Perezida Rodrigo Duterte akunze gutangaza udushya twinshi

    Perezida wa Philippines yasabye ko abatemera gukingirwa Coronavirus bafungwa

    Perezida Rodrigo Duterte yakangishije abaturage gufungwa mu gihe baramuka banze gukingirwa Coronavirus. Philippines ni kimwe mu bihugu bya Aziya byibasiwe n’icyo cyorezo cyane, aho ubu gifite abantu basaga Miliyoni 1.3 bamaze kuyirwara ndetse n’abasaga 23.000 bamaze guhitanwa na yo.



  • Ibizamini bya Leta biteganyijwe gutangira mu byumweru bitatu

    Niba ntagihindutse, ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza biteganyijwe mu byumweru bitatu biri imbere, nyuma bikurikirwe n’ibizamini by’abasoza icyiciro rusange (O’ Level) , uwa gatandatu w’amashuri yisumbuye ndetse n’iby’abiga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro. Ni ibizamini bizaba bije nyuma y’uko abanyeshuri babanje (…)



  • U Rwanda ruri mu bihugu bya Afurika bigiye gukorerwamo inkingo za Covid-19

    Umuyobozi Mukuru w’Umuryango w’Ubucuruzi ku isi (World Trade Organisation ‘WTO’) Ngozi Okonjo-Iweala yavuze ko Afurika irimo gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi n’abandi bafatanyabikorwa kugira ngo hashyirweho inganda zikora inkingo mu Karere, mu bihugu bya Senegal, u Rwanda, Afurika y’Epfo, ndetse na (…)



  • Umubano w

    Kenya igiye kongera gufungura Ambasade muri Somalia

    Ibyo byatangajwe n’abayobozi ba Kenya basubiza ibyari byifujwe na Somalia nk’igihugu cy’igituranyi cya Kenya, kugira ngo bigarure umubano mwiza mu bya Politiki hagati y’ibyo bihugu byombi.



  • Kenneth Kaunda

    Ibihugu bitandukanye byashyizeho icyunamo kubera urupfu rwa Kenneth Kaunda wayoboye Zambia

    Nyuma y’urupfu rwa Kenneth Kaunda witabye Imana tariki 17 Kamena 2021, afite imyaka 97 y’amavuko, igihugu cye cya Zambia cyashyizeho icyunamao cy’iminsi makumyabiri n’umwe (21) mu rwego rwo kuzirikana uwo mukambwe ufatwa nk’intwari mu kurwanya ubukoloni muri Afurika.



  • Apfuye ku myaka 76 asiga abagore 34, abana 94 ndetse n’abazukuru 33

    Umugabo witwa Ziona Chana, wo muri Leta ya Mizoram mu Majyaruguru y’u Buhinde, wari uzwiho kugira umuryango munini cyane, kuko yari afite abagore 39 n’abana 94, yapfuye tariki 14 Kamena 2021, asize uwo muryango.



  • Laurent Gbagbo

    Côte d’Ivoire: Laurent Gbagbo yagarutse mu gihugu cye nyuma y’imyaka icumi

    Ku wa Kane tariki 17 Kamena 2021, ni bwo Laurent Gbagbo wahoze ari Perezida wa Côte d’Ivoire yakiriwe i Abidjan, agarutse mu gihugu cye nyuma y’imyaka icumi avuye ku butegetsi bw’icyo gihugu, aho yari yaroherejwe ku Rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rw’i La Haye mu Buholandi gukurikiranwaho ibyaha by’intambara.



  • Kenneth Kaunda

    Kenneth Kaunda wahoze ari Perezida wa Zambia yitabye Imana

    Uwahoze ari Perezida wa Zambia Kenneth Kaunda yitabye Imana ku myaka 97. Yayoboye Zambia kuva mu mwaka w’1964 kugera 1991.



  • Kaminiza ya Harvard muri USA

    Abanyarwanda bajya kwiga muri Amerika biyongereye kuri 215% mu myaka 10

    Mu myaka icumi ishize, umubare w’abanyeshuri b’Abanyarwanda bajya kwiga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) wariyongereye ku rugero rwa 215%, kuko umubare wakomeje kuzamuka cyane guhera mu 2006.



  • Yamanukiye mu mutaka agwa mu kibuga cyaberagamo umukino w’u Bufaransa n’u Budage

    Umuntu wigaragambyaga wo mu muryango mpuzamahanga utegamiye kuri Leta wita ku bidukikije wa ‘Greenpeace’ washakaga kugaragaza politiki mbi ya ‘Volkswagen’ ku bijyanye n’ibidukikije, yahanukiye mu kibaga abakinnyi batangiye gukina. Ibyo byabaye ku wa Kabiri tariki 15 Kamena 2021, mu mukino wa Euro 2021 wahuzaga u Bufaransa (…)



  • Karerangabo Antoine arerekana aho yakubiswe ikintu mu mutwe

    Yakubiswe ikintu mu mutwe ubwo yajyaga kuzimya imodoka yari itwitswe n’inyeshyamba za FLN (Video)

    Karerangabo Antoine ni umuturage utuye mu Mudugudu wa Rwerere, Akagari ka Nyabimata, Umurenge wa Nyabimata mu Karere ka Nyaruguru. Avuga ko ku itariki ya 19 Kamena 2018, hafi saa sita z’ijoro bakanguwe n’ibintu biturika, Karerangabo abajije murumuna we baturanye iby’urwo rusaku, amusubiza ko ari imodoka y’Umunyamabanga (…)



  • Argentine: Ubushinjacyaha burimo gukora iperereza ku bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Maradona

    Umuforomo wa nijoro wa Diego Maradona ni we wa mbere wageze imbere ya Parike ya Argentine, ahakana icyaha ashinjwa byo kuba yaratereranye umurwayi we (Maradona), akamara igihe kirekire asamba, ahubwo avuga ko we yubahirije amabwiriza yari yahawe yo kutamukangura.



  • Kenneth Kaunda wahoze ayobora Zambia yajyanywe mu bitaro

    Kenneth Kaunda wayoboye Zambia yajyanywe mu bitaro

    Umukambwe Kenneth Kaunda ubu ufite imyaka 97 y’amavuko, akaba yarigeze kuba Perezida wa Zambia, ubu ari mu bitaro bya Gisirikare by’i Lusaka mu Murwa mukuru w’icyo gihugu kubera ikibazo cy’ubuzima, nk’uko byatangajwe n’ibiro bye.



  • Christian Eriksen aherutse kugira ikibazo gikomeye cy

    Umukinnyi Christian Eriksen yashimiye abamubaye hafi ubwo yari agize ikibazo cy’umutima

    Ku wa Gatandatu tariki 12 Kamena 2021, umukino wari wahuje ikipe y’igihugu ya Denmark n’iya Finland mu rwego rw’imikino ya EURO 2020, wabayemo impanuka yatumye abenshi mu bawurebye bacikamo igikuba, abandi batangira kurira nyuma y’Umukinnyi Christian Eriksen w’Ikipe y’igihugu ya Denmark yikubise hasi bitunguranye umutima (…)



  • Somalia irahakana amakuru avuga ko hari abasirikare bayo bagize uruhare mu ntambara ya Tigray

    Raporo nshya yakozwe n’Akanama ka LONI gashinzwe iby’uburenganzira bwa muntu, yagaragaje ko hari abasirikare ba Somalia bari mu mahugurwa muri Eritrea, bagize uruhare mu ntambara ya Tigray bari kumwe n’aba Eritrea, ngo bisobanuye ko bagiye mu ntambara y’igihugu cy’amahanga mu buryo bunyuranyije n’amategeko, Somalia yo (…)



  • Rose Mukantabana

    Ubuvugizi Rose Mukantabana akorera abagore yabutangiriye kuri nyina wamubyaye (Ubuhamya)

    Mukantabana Rose wabaye Perezida wa mbere w’umugore w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, ubu afite imyaka 59 y’amavuko, akaba yaravukiye mu muryango w’abana 16 (icyo gihe ubuharike bwari bweze), avuka mu cyahoze ari Komine Masango, ubu ni mu Karere ka Ruhango, mu Ntara y’Amajyapfo.



  • Aha Meya Mutabazi aributsa abana kwambara neza udupfukamunwa

    Bugesera: Batangije ubukangurambaga bwihariye bwibutsa abanyeshuri kwirinda Covid-19

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera n’abagize Inama njyanama y’ako Karere, batangije ubukangurambaga bwiswe ’Gate roll’, aho abayobozi bahagarara ku bikingi by’amarembo y’ikigo cy’ishuri, mu gihe abanyeshuri binjira cyangwa basohoka mu kigo bakabibutsa kwambara agapfukamunwa neza, kuva ku ishuri kugera mu rugo, no kuva mu rugo (…)



  • ‘Concombre’ yafasha mu kurwanya Diyabete

    Konkombure (concombre) ni imboga zitamenyerewe cyane mu Rwanda, ariko abantu benshi bagenda bazimenya kuko zirimo kugera ku masoko atandukanye ndetse n’abahinzi cyane cyane abahinga mu bishanga batangiye kwitabira ubuhinzi bwazo, kuko bavuga ko zitanagora cyane kuzihinga. Ariko se izo konkombure zimaze iki ku bazirya, (…)



  • Kante ari mu bakinnyi bakunzwe cyane muri iki gihe

    N’Golo Kante yifuza gukomezanya na Chelsea, ‘Ballon d’or’ yo ngo haracyari kare kuyivugaho

    N’Golo Kante ni umukinnyi ukunzwe cyane kandi urimo kuvugwa cyane muri iyi minsi kubera uko akina neza ndetse akanagira n’imyitwarire myiza muri bagenzi be bakinana, abamufana bo batangiye no kuvuga ko akwiye guhabwa igihembo cya ‘ballon d’or’ ubundi gihabwa umukinnyi w’umupira w’amaguru witwaye neza mu mwaka wose.



  • FDLR iri mu mitwe ihungabanya umutekano w

    Colonel Nshimiyimana wo muri FDLR yafatiwe i Ngungu muri Congo-Kinshasa

    Nshimiyimana Augustin ufite ipeti rya Colonel mu mutwe w’inyeshyamba za FDLR yafatiwe mu Burasirazuba bwa Congo-Kinshasa, akaba ngo yarafashwe n’abantu bambaye imyenda ya gisirikare. Bivugwa ko yafashwe ku Cyumweru tariki 06 Kamena 2021, afatiwe mu rusengero rw’ahitwa i Ngungu muri teritwari ya Masisi nk’uko umuvugizi wa (…)



  • Mariah Carey yatandukanye n

    Mariah Carey yatandukanye n’inzu itunganya umuziki ya Jay-z

    Nyuma y’impaka zikomeye zabaye hagati y’umuhanzi Mariah Carey na Jay-Z ufite inzu itunganya umuziki yitwa ‘Roc Nation’ nk’uko byagarutsweho n’ibinyamakuru bitandukanye, zatumye abo bahanzi batandukana nyuma y’imyaka bari bamaze bakorana.



  • Beterave zigira akamaro ku buzima bwiza bw’umwijima n’umutima

    Beterave ni uruboga rusigaye rugaragara cyane ku masoko hirya no hino mu gihugu. Bamwe bafata beterave nk’ibintu bigenewe gukorwamo imitobe kubera ibara ryayo ryiza rijya gusa n’iritukura rutuma umutobe wavanzwemo beterave uba usa neza cyane.



  • Donald Trump

    Facebook yafunze konti ya Donald Trump mu gihe cy’imyaka ibiri

    Icyemezo Facebook yafashe cyo gufunga konti za Donald Trump mu gihe cy’imyaka ibiri cyatangajwe nyuma y’uko inama nkuru ishinzwe ubugenzuzi bw’ibigo bitandatukanye, yanze ko Facebook mbere yari yafunze Konti za Trump kuri Facebook mu gihe kitazwi kuko nta gihe cyari cyatangajwe ko icyo gihano kizarangirira.



  • Guverinoma ya Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo yashyizeho ibihe bidasanzwe guhera tariki 06 Gicurasi 2021 mu rwego rwo guhangana n

    RD Congo yongereye iminsi 15 ku bihe yashyizeho bidasanzwe

    Abanyapolitiki bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, bafashe umwanzuro wo kongera ibihe bidasanzwe (state of siege) mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Ituri mu gihe cy’iminsi 15 kuko n’ubu ibitero by’inyeshyamba bigikomeje muri ako gace gaherutse no guhura n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo mu kwezi gushize.



  • Aline Gahongayire

    Aline Gahongayire aritegura gusohora ‘Album’ mu mpera z’uyu mwaka

    Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yasohoye indirimbo “Hari impamvu pe” yanditse, akanasohora mu myaka 11 ishize. Mu 2009 ni bwo Gahongayire yasohoye bwa mbere indirimbo “Hari impamvu pe”, irimo ubutumwa bukangurira abantu gushima Imana nubwo banyura mu bikomeye.



  • Inkeri zafasha mu kwirinda umuvuduko ukabije w’amaraso

    Inkeri abenshi bakundira ko zoroha mu kanwa ndetse zikagira n’isukari iringaniye, zigira ibyiza byinshi bamwe bashobora kuba batazi, bazirya kuko bazikunda gusa.



Izindi nkuru: