MENYA UMWANDITSI

  • Urutonde rw’abazakina All Star Game rwatangajwe

    Nyuma y’amasaha macye yashyizwe ahagaragara abakinnyi 24 b’intoranywa muri shampiyona ya Basketball mu Rwanda, ubu bamaze kwigabanya mu makipe 2 bikozwe n’abakapiteni bayoboye aya makipe.



  • Sauti Sol irasesekara i Kigali kuri uyu wa kane

    Sauti Sol izasusurutsa All Star game irasesekara i Kigali kuri uyu wa kane

    Itsinda ry’abaririmbyi ryo muri Kenya, Sauti Sol, ritegerejwe i Kigali kuri uyu wa Kane mu gitaramo kizabera muri BK Arena, kizabanzirizwa n’imikino ya Basket.



  • Mutabazi Elie usanzwe utoza APR VC yari yaje kwifatanya n

    Volleyball: I Gisagara hasojwe umwiherero wo gushaka impano

    Ku wa Gatandatu tariki 17 Nzeri 2022, mu Karere ka Gisagara mu Ntara y’Amajyepfo, hasojwe igikorwa cyari kimaze igihe cyo gushaka impano mu bana bato bakomoka muri aka karere, ndetse no mu turere baturanye, hagamijwe gushaka abana binjizwa mu ikipe y’abato ya Volleyball y’aka karere (Gisagara Volleyball Academy), iherutse (...)



  • REG itwaye igikombe ku nshuro ya 2 yikurikiranya

    Basketball: REG isubiriye Patriots iyitwara igikombe cya shampiyona

    Ikipe ya REG BBC yegukanye shampiyona y’umwaka w’imikino wa 2022 itsinze Patriots BBC imikino 3-2.



  • Man Ykre Dangmo wa AS Kigali agerageza gutsinda

    AS Kigali isezereye ASAS Djibouti Télécom ku gitego kimwe ku busa

    Ikipe ya AS Kigali ikomeje mu cyiciro gikurikira, nyuma yo gutsinda ikipe ya ASAS Djibouti Télécom yo muri Djibouti igitego kimwe ku busa, mu mikino ibiri yahuje aya makipe yombi.



  • Habimana yongeye kwigaragaza muri uyu mukino

    Basketball: Patriots yigaranzuye REG, hasigaye umukino wo kubakiranura

    Ikipe ya Patriots yigaranzuye REG iyitsinda amanota 78 kuri 65, bategereza umukino wa nyuma uzatanga ikipe izegukana igikombe, uzaba kuri iki cyumweru.



  • Cricket: Ikipe y’Igihugu y’abangavu yageze i Kigali, yegukanye itike y’Igikombe cy’Isi

    Nyuma yo gukatisha itike y’igikombe cy’Isi ku wa Mbere tariki 12 Nzeri 2022, ikipe y’igihugu y’abangavu batarengeje imyaka 19 yageze i Kigali kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Nzeri 2022, yishimirwa n’abafana n’abakunzi bayo.



  • Yari imikino ibereye ijisho

    Yankurije na Nimubona mu bitwaye neza muri shampiyona y’imikino ngororamubiri

    Ku Cyumweru mu Karere ka Bugesera kuri stade y’imikino y’aka karere (Bugesera Stadium), hongeye kubera shampiyona y’imikino ngororamubiri izwi nka National Track and Field Senior Championship 2022, mu bahungu n’abakobwa, aho ikipe ya Nyamasheke yihariye imyanya y’imbere.



  • Kambuyi Manga Pitchou wa REG ahanganye na Wamukota ndetse na Gasana Kenneth ba Patriots

    Basketball: PATRIOTS na REG ziracakirana mu mukino wa kabiri wa kamarampaka

    Abakunzi ba Basketball kuri uyu wa Gatandatu barongera gukurikira umukino wa kamarampaka hagati y’ibihangange muri Basketball mu Rwanda, ari byo Patriots na REG. Ni umukino wa kabiri mu mikino 5 ya kamarampaka (Playoffs) igomba gukinwa kugira ngo hamenyekane ikipe yegukana shampiyona y’uyu mwaka w’imikino wa 2022.



  • Shyaka Olivier usanzwe akinira REG Basketball Club ni umukozi wa BK

    BK yanyagiye Cogebank ibitego 19 mu mikino ihuza amabanki mu Rwanda

    Ishyirahamwe ry’amabanki mu Rwanda (RBA) ku bufatanye n’ikigo gishinzwe gutegura ibirori GLS bongeye gutegura irushanwa ngarukamwaka rihuza amabanki yose akorera mu Rwanda nyuma y’imyaka itatu ritaba kubera icyorezo cya Covid-19.



  • Nyirarukundo Rosette, uwa gatatu uturutse iburyo, wegukanye irushanwa mu kiciro cy

    Iradukunda na Nyirarukundo begukanye ‘Duathlon Challenge’

    Ku Cyumweru tariki 4 Nzeri 2022, mu Karere ka Gicumbi mu Majyaruguru y’u Rwanda, hakiniwe Shampiyona ya Triathlon, akaba ari ku nshuro ya 3 ihakiniwe kuva hashyizwe ku hazajya habera imikino itegurwa n’Ishyirahamwe rya Triathlon mu Rwanda.



  • Umuhanzi The Ben ahererekanya amasezerano na Perezida wa Orion BBC, Mutabazi James

    Umuhanzi The Ben agiye kwamamaza ikipe ya Orion Basketball Club mu myaka itanu

    Ikipe ya Orion Basketball Club yasinyanye amasezerano n’icyamamare mu muziki nyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yo kwamamaza ibikorwa byayo (Brand Ambassador).



  • Champions Sports Academy ifata abana bakiri bato kugeza bavuyemo abakinnyi bakomeye

    Karate: Abana 95 bazamuwe mu ntera

    Ishuri ryigisha umukino wa karate cyane ku bana bato ‘The champions Sports Academy’ ryazamuye mu ntera abana 95 bava ku mikandara imwe bajya ku yindi.



  • Abiga umukino wa karate ubwo bahabwaga impamyabushobozi

    SGI Sports Academy yasoje ingando z’abana mu biruhuko

    Kuri iki Cyumweru tariki 28 Kanama 2022, muri Cercle Sportif de Kigali hasojwe ingando zateguriwe abana mu biruhuko ziswe ‘SGI rise up camp’, zitabiriwe n’abagera kuri 500.



  • Volleyball U21: U Rwanda rusoreje irushanwa ku mwanya wa 8

    Ikipe y’Igihugu y’ingimbi zitarengeje imyaka 21 zari mu gikombe cy’Afurika mu gihugu cya Tunisia, urugendo rwazo rwashyizweho akadomo nyuma yo gusoza imikino yabo ku mwanya wa 8 nta n’umwe batsinze.



  • Gisubizo Merci, kapiteni w

    Volleyball U21: U Rwanda ruracakirana na Morocco mu gushaka imyanya myiza

    Ikipe y’u Rwanda itarahiriwe n’Igikombe cy’Afurika cy’ingimbi (Africa U21 Nations Volleyball Championship 2022), iracakirana na Morocco kuri iki Cyumweru mu gushaka imyanya myiza.



  • abakinni b

    Volleyball U21: U Rwanda ruracakirana na Tunisia kuri uyu wa gatanu

    Nyuma yo gusoza imikino yo mu itsinda rya kabiri nta mukino n’umwe batsinze, ikipe y’u Rwanda iraza guhura na Tunisia yabaye iya mbere mu itsinda rya kabiri.



  • Ingimbi z

    Volleyball U21: U Rwanda rutsinzwe umukino wa kabiri

    Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’ingimbi yongeye gutakaza umukino, mu irushanwa ry’ingimbi zitarengeje imyaka 21 rikomeje kubera mu gihugu cya Tunisia, aho rwatsinzwe na Libya amaseti 3 kuri 1.



  • Ingimbi z

    Volleyball U21: U Rwanda rutangiye rutsindwa na Misiri

    Ku wa Mbere tariki 15 Kanama 2022, mu gihugu cya Tuniziya mu mujyi wa Sousse, ku nkengero z’inyanja ya Méditerranée, hatangiye irushanwa ry’imgimbi zitarengeje imyaka 21 mu mukino wa Volleyball (Africa U21 Nations Volleyball Championship) 2022, aho ingimbi z’u Rwanda zitahiriwe n’umunsi wa mbere.



  • Abana batoranywa mu batarengeje imyaka 16

    Gisagara: Bakomeje gushaka impano mu mukino wa Volleyball

    Mu ntangiriyo za Kanama uyu mwaka, nibwo Akarere ka Gisagara ku bufatanye na Federasiyo y’umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB), batangije gahunda yo kuzenguruka ako karere kamaze kuba igicumbi cya Volleyball, bashakisha impano z’abana bato bari munsi y’imyaka 16, bafite impano muri uwo gukina umukino, maze bagatoranywa (...)



  • bwo abasore b

    Basketball U18: Ikipe y’u Rwanda yasezerewe mu gikombe cy’Afurika

    Urugendo rw’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’ingimbi zitarengeje imyaka 18 mu gikombe cy’Afurika (FIBA U-18 Men’s African Championship 2022), cyaberaga muri Madagascar rwasojwe nyuma yo gutsindwa umukino wa kane wikurikiranya.



  • U Rwanda rwasoje ku mwanya wa kane nyuma yo gutsindwa n

    Beach Volleyball: U Rwanda rwegukanye umwanya wa kane mu Bwongereza

    Ikipe y’Igihugu y’umukino wa Volleyball yo ku mucanga yari igizwe na Ntagengwa Olivier na Gatsinzi Venuste yasoje ku mwanya kane nyuma yo gutsindwa n’Abongereza bahataniraga umwanya wa gatatu.



  • Nubaha Ghislain agerageza gucika umukinnyi wa Guinea

    Basketball U18: U Rwanda rwongeye gutsindirwa muri Madagascar

    Ikipe y’Igihugu y’ingimbi zitarengeje imyaka 18, itsinzwe n’ingimbi za Guinea amanota 64-44 u Rwanda rwuzuza imikino ibiri nta ntsinzi. Wari umukino wa kabiri mu itsinda rya kabiri u Rwanda ruherereyemo mu gikombe cya Afurika cy’ingimbi zitarengeje imyaka 18 gikomeje kubera mu gihugu cya Madagascar mu mujyi wa Antananarivo.



  • Ntagengwa na Gatsinzi bageze muri kimwe cya kabiri, aha bari kumwe n

    Beach Volleyball: Ikipe y’u Rwanda igeze muri ½

    Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umukino wa Volleyball ikinirwa ku mucanga, igizwe na Ntagengwa Olivier na Gatsinzi Venuste, igeze muri ½ mu mikino ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongere (Commonwealth games) ibera mu Bwongereza, nyuma yo gustinda New Zealand amaseti 2-0.



  • Abdramane KANOUTE wa Mali ashakisha inzira

    Basketball U18: U Rwanda rwatsinzwe na Mali

    Ikipe y’u Rwanda y’ingimbi zitarengeje imyaka 18 batangiye imikino y’igikombe cya Afurika batsindwa na Mali amanota 67 kuri 49. Wari umukino wa mbere mu itsinda rya kabiri aho ikipe y’u Rwanda yahuraga n’igihugu cya Mali kinabitse iki gikombe. Umukino wabereye mu nzu y’imikino ya PALAIS NATIONAL DE LA CULTURE ET DES (...)



  • U Rwanda rwisanze mu itsinda rimwe na Mali

    Basketball U18: U Rwanda mu itsinda rimwe na Mali ibitse igikombe

    Ikipe y’u Rwanda y’ingimbi zitarengeje imyaka 18, yisanze mu itsinda rya kabiri mu gikombe cy’Afurika (FIBA U-18 MEN’S AFRICAN CHAMPIONSHIP), ririmo n’igihugu cya Mali kibitse igikombe giheruka.



  • Ni umukino wa mbere Ntagengwa na Gatsinzi batakaje

    Beach Volleyball: Australia itsinze u Rwanda iyobora itsinda

    Mu mikino ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth games) ikomeje kubera mu Bwongereza mu Mujyi wa Birmingham, ikipe y’igihugu ya Australian itsinze u Rwanda muri Volleyball ikinirwa ku mucanga, ihita inasoza ari iya mbere u Rwanda ruzamuka ari urwa kabiri.



  • Byari ibyishimo nyuma yo kubona itike ya 1/4

    Beach Volleyball: U Rwanda rwakoze amateka rugera muri ¼

    Ikipe y’u Rwanda y’umukino wa Volleyball yo ku mucanga igizwe na Ntagengwa Olivier na Gatsinzi Venuste, ikoze amateka yo kugera muri 1/4 mu mikino ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth games), irimo kubera mu Bwongereza.



  • Etincelles FC yasinyishije abakinnyi 5 barimo n’uwo muri RDC

    Ikipe ya Etincelles FC yo mu Karere ka Rubavu yamaze gusinyisha abakinnyi 5 icyarimwe, barimo n’umukinnyi Jurence Butu Lukenayo bakuye mu ikipe ya Daring Club Virunga (DC VIRUNGA) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).



  • Ntagengwa na Gatsinzi babonye intsinzi yabo ya mbere

    Beach Volleyball: Gatsinzi na Ntagengwa batsinze Abanyafurika y’Epfo

    Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Beach Volleyball igizwe na Ntagengwa Olivier na Gatsinzi Venuste, imaze gutsinda ikipe y’igihugu ya Afurika y’Epfo amaseti 2 ku busa, mu mikino ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza ikomeje kubera Birmingham mu Bwongereza.



Izindi nkuru: