MENYA UMWANDITSI

  • #BAL2022: Zamalek yegukanye umwanya wa gatatu

    Ikipe ya Zamalek yo mu Misiri ni yo yegukanye umwanya wa gatatu mu mikino ya BAL 2022 irimo kubera i Kigali itsinze Forces Armées et Police Basketball (FAP) yo muri Cameroon amanota 97 kuri 74.



  • Victor Williams ubanza ibumoso umuyobozi wa NBA Africa na Mugwiza Désiré nyuma yo gusinyana amasezerano

    FERWABA yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na NBA Africa

    Ku wa Kane tariki 26 Gicurasi 2022, muri BK Arena, Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino wa Basketball ‘FERWABA’, ryasinyanye amasezerano y’imikoranire na NBA Africa.



  • Umukino wa US Monastir na Zamalek wari ukomeye

    #BAL2022: US Monastir na Petro de Luanda zageze ku mukino wa nyuma

    Nk’uko benshi bari babyiteze, ikipe ya Petro de Luanda ni yo yatangiye neza agace ka mbere ndetse yanayoboye kuva kagitangira. Abasore nka DUNDAO na Goncalves ni bo batangiye neza kuko habura umunota umwe gusa ngo agace ka mbere karangire, ni bo bari bamaze gutsinda amanota menshi 8 na 7 kuri buri umwe nk’uko (...)



  • Kigali Arena yahindutse BK Arena

    Kigali Arena yahindutse BK Arena

    Inyubako igezweho y’imikino yari imenyerewe ku izina rya Kigali Arena, yamaze guhindurirwa izina yitwa ‘BK Arena’.



  • Aha ikipe y

    Kicukiro: Irushanwa ry’urubyiruko mu mupira w’amaguru ryasubukuwe

    Mu mpera z’icyumweru gishize mu Karere ka Kiciro, hatangijwe irushanwa ry’umupira w’amaguru riswe ‘Kicukiro Youth Patriotism Cup 2022’, rikaba ryasubukuwe nyuma y’imyaka ibiri ritaba kubera icyorezo cya Covid-19, iyi ikaba ari inshuro ya 4 yaryo.



  • #BAL2022: ZAMALEK na US MONASTIR zageze muri ½

    Umunsi wa kabiri w’imikino ya nyuma ya BAL 2022 wasize ikipe za US MONASTIR yo muri Tunisia ndetse na ZAMALEK yo mu Misiri zigeze muri kimwe cya kabiri aho basanzeyo Petro de Luanda yagezeyo isezereye AS SALÉ yo muri Morocco ndetse na FAP yo muri Cameroon yo yagezeyo isezereye muri 1/4 ikipe ya REG BBC yo mu Rwanda.



  • APR WVC ihanganye na National Alcohol yo muri Ethiopia

    Volleyball: APR na RRA zatangiye neza muri Tunisia

    Ikipe ya Volleyball y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA VC) n’ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, zatangiye neza mu irushanwa rihuza amakipe y’abagore yabaye aya mbere iwayo, ryatangiye ku Cyumweru tariki 22 Gicurasi 2022 muri Tuniziya mu mujyi wa (Kelibia).



  • #BAL2022: REG BBC yari ihagarariye u Rwanda irasezerewe

    Ikipe ya Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG BBC) yahabwaga amahirwe, isezerewe muri 1/4 nyuma yo gutsindwa n’ikipe y’ingabo na Polisi (FAP) yo muri Cameroon. Ku munota wa kabiri nibwo Cleverland Thomson yatsinze amanota 3 ya mbere yo muri uyu mukino muri rusange.



  • Kaje Elie avuga ko badakwiriye gutahira kwakira gusa

    #BAL2022: Ntabwo dushaka kuzibukwa nk’abakiriye irushanwa gusa - Kaje Elie

    Guhera tariki ya 21 kugeza tariki 28 Gicurasi 2022, mu Rwanda harabera imikino ya nyuma y’irushanwa nyafurika ry’umukino wa Basketball (BAL), rigiye kuba ku nshuro ya kabiri nyuma yo gutangizwa no gufungurwa ku mugaragaro mu mwaka ushize wa 2021.



  • Rutahizamu wa Police FC yasezeranye imbere y’amategeko (Amafoto)

    Umukinnyi ukina asatira mu ikipe ya Police FC, Iyabivuze Osée, yasezeranye imbere y’amategeko na Niwemugeni Sandrine.



  • Ikipe ya RRA ikunze kwitwara neza muri iyi mikino

    Volleyball: Amakipe y’abagore ya APR na RRA yerekeje muri Tunisia

    Mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki 19 Gicurasi 2022, nibwo amakipe y’abagore ya APR WVC na Rwanda Revenue Authority yahagurutse ku kibuga cy’indege mpuzamhanga cya Kigali, yerekeje muri Tunisia mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo, 2022 Women Club Championship.



  • Ku gicamumsi cyo ku wa Mbere nibwo REG BBC yageze i kigali

    Basketball: REG BBC yagarutse i Kigali ikubutse muri Turukiya mu myiteguro ya BAL

    Ikipe ya Basketball y’ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu, REG BBC, ku wa Mbere tariki 16 Gicurasi 2022, nibwo yasesekaye ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali ikubutse mu gihugu cya Turukiya mu myiteguro y’imikino ya nyuma ya BAL.



  • Gisagara Volleybal Club mu byishimo i Kelibia muri Tuniziya

    Volleyball: Gisagara VC ikoze amateka yegukana umwanya wa gatatu muri Afurika

    Ikipe ya Gisagara Volleyball Club yari iherereye mu gihugu cya Tuniziya mu mujyi wa Kelibia mu irushanwa rya Afurika ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo (Africa Club Championship) isoje uru rugendo ikoze amateka yari atarakorwa n’indi kipe muri aka karere, yegukana umwanya wa gatatu.



  • Ni ubwa mbere ikipe y

    Gisagara Volleyball Club yakoreye amateka muri Tunisia

    Gisagara VC ihagarariye u Rwanda mu mikino ihuza amakipe yabaye ayambere iwayo, irimo kubera mu gihugu cya Tunisia mu mujyi wa Kélibia (Africa Club Championship 2022), yaraye ikoze amateka igera muri 1/2 cy’iryo rushanwa.



  • Abitabiriye bari benshi kuri iyi nshuro

    Abitabiriye Kigali Night Run bifuje ko yajya iba kenshi

    Kigali Night Run ibanziriza isiganwa mpuzamahanga rya “Kigali International Peace Marathon 2022”, yabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu taliki ya 13 Gicurasi 2022, aho yitabiriwe n’abantu b’ingeri zitandukanye, bakaba bifuje ko yajya iba kenshi aho kuba rimwe mu mezi atandatu.



  • Ishimwe Claude na Hakizumwami Junior b

    Tennis: U Rwanda na Kenya byegukanye ibikombe

    Kuri Cyumweru tariki 8 Gicurasi 2022, i Kigali nibwo hasozwaga irushanwa rya Tennis riri ku rwego rw’akarere ka kane, ryiswe ‘ITF/ CAT EAST AFRICAN JUNIOR TEAM’S CHAMPIONSHIPS FOR 14 & 16 & UNDER (AJTC)’, ryahuzaga abana batarengeje imyaka 14 na 16, mu bahungu n’abakobwa



  • Komite nshya

    Uwiragiye Marc yongeye gutorerwa kuyobora Federasiyo ya Kung fu mu Rwanda

    Mu nama y’inteko rusange isanzwe yateranye ku Cyumweru tariki 8 Gicurasi 2022, yasize Uwirangiye Marc wari usanzwe ari Perezida w’iyo Federasiyo atorewe kongera kuyiyobora mu gihe cy’indi myaka itanu iri imbere.



  • Abakinnyi bishyushya mbere y

    Volleyball: Gisagara VC yatangiye neza mu marushanwa nyafurika yitabiriye

    Ikipe ya Gisagara Volleyball irimo kubarizwa mu gihugu cya Tunisia mu mujyi wa Kelibia yatangiye neza itsinda ikipe y’igihangange yo muri Cameroon yitwa Port de Douala aho iyitsinze amaseti 3 kuri 1.



  • Gisagara VC ni yo yatwaye igikombe cya shampiyona

    Gisagara VC yisanze mu itsinda rimwe na Port Douala yo muri Cameroon

    Ikipe ya Gisagara Volleyball Club ihagarariye u Rwanda mu mikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo (2022 Africa Club Championship), yisanze mu itsinda rya kane aho irisangiye n’ikipe nka Port Douala yo muri Cameroon ndetse na Equity yo mu gihugu cya Kenya.



  • Gisagara VC niyo ibitse igikombe cya shampiyona

    Gisagara VC mu myiteguro ya nyuma mbere yo kwerekeza muri Tunisia

    Ikipe ya Gisagara Volleyball Club iri mu myiteguro ya nyuma mbere yuko yerekeza i Tunis muri muri Tunisia, mu mikino ihuza amakipe yabaye ayambere iwayo muri shampiyona (Club Championship).



  • REG BBC yahawe ikiruhuko muri shampiyona cyo kwitegura imikino ya BAL

    Ikipe ya sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG BBC) iri mu irushanwa rya BAL (Basketball Africa League) yamaze guhabwa ikiruhuko muri shampiyona mu rwego rwo kwitegura iyi mikino izabera i Kigali.



  • Uwase Delphine (Ortha) asanzwe azwiho gukunda siporo

    Uwase Delphine uzwi nka ‘Soleil’ muri filime nyarwanda agiye gufungura ishuri rya siporo

    Uwase Delphine (Ortha) wamenyekanye cyane muri filime nyarwanda cyane cyane muri filime y’uruherekane ya ‘Bamenya’ agiye gufungura ishuri rya siporo yise ‘Kigali Elite Sports Academy’.



  • Kwizera (hagati) hamwe n

    Ikipe ya REG Volleyball Club yamaze kubona umutoza mukuru

    Nk’uko babitangaje binyuze ku rubuga rwabo rwa twitter, nyuma yo gutandukana n’uwari umutoza wabo mukuru, Mugisha Benon muri Werurwe uyu mwaka, ikipe y’ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu, REG VC, yemeje ko yamaze gusinyisha umutoza mukuru, Kwizera Pierre Marchal.



  • Mukandayisenga ubwo yari mu gikombe cy

    Volleyball: Mukandayisenga Benitha yerekeje muri KCB yo muri Kenya

    Umukinnyi w’Umunyarwandakazi wabigize umwuga muri Volleyball, Mukandayisenga Benitha, arerekeza muri Kenya kuri uyu wa Gatanu, aho agiye mu ikipe ya Kenya Commercial Bank (KCC).



  • Perezida Kagame na Minisitiri w

    Perezida Kagame yijejwe ubufatanye mu guteza imbere umukino wa Cricket mu Rwanda

    Mu ruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yagiriye muri Barbados, yijejwe ubufatanye n’abanyabigwi bamamaye mu mukino wa Cricket, bamwizeza ubufatanye mu guteza imbere uyu mukino mu Rwanda binyuze mu gutoza.



  • Abatoza bemeza ko aya mahugurwa ari ingirakamaro mu kazi kabo

    Jimmy Mulisa yafashije abatoza b’amarerero guhugurwa ku buzima bw’imyororokere

    Ku bufatanye na AIDS Healthcare Foundation Rwanda n’irerero ry’abana ryigisha umupira w’amaguru rya Umuri Foundaton ryashinzwe n’umunyabigwi mu mupira w’amaguru mu Rwanda, Jimmy Mulisa, bahuguye abatoza basaga 20 b’amarerero atandukanye, ku buzima bw’imyororokere, nka bamwe mu babana n’abangavu n’ingimbi igihe kirekire.



  • Mugisha Benon yamaze gutandukana na REG VC

    REG VC yatandukanye n’uwari umutoza wayo

    Ikipe y’ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu ikina umukino wa Volleyball (REG VC), yamaze gutandukana bidasubirwaho n’uwari umutoza wayo mukuru, Bavuga Benon, wayigiyemo mu kwezi k’Uwakira 2018.



  • Aha bari mu myiyereko

    Abana bakina Karate batangiye imikino y’ibiruhuko inabazamura mu ntera

    Ishuri ry’abana ry’umukino wa Karate rimaze kumenyerwa mu gutoza no guteza imbere uwo umukino, The Champions Academy, ryongeye gutegura imikino mu biruhuko nyuma y’uko abana bavuye ku mashuri, banazamura intera y’abagera kuri 34 muribo.



  • Martha na John bombi bitabiriye imikino Olempike iherutse kubera i Tokyo mu Buyapani

    Yankurije na Hakizimana bakiriwe mu bakinnye imikino Olempike

    Kuri iki cyumweru i Kigali hateraniye umwiherero wahuje abakinnyi bakinnye imikino Olempike mu bihe bitandukanye yaba abahagaritse gukina ndetse n’abagikina, wari ugamije ahanini ubukangurambaga no gusobanurirwa byinshi ku mikino Olempike yo mu bukoje (winter Olympic games) ndetse banakira abakinnyi (Olympians) bashya.



  • Ikibuga cya Stade Amahoro ....

    Minisiteri ya Siporo n’ingaga zakoreraga muri Stade Amahoro byimukiye ahandi

    Guhera kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Mata 2022, abakoreraga muri Stade Amahoro barangajwe imbere na Minisiteri ya Siporo, baraba bamaze gusohokamo kuko iyo stade igiye gutangira gusanwa.



Izindi nkuru: