Ikipe ya RSSB-Tigers yari ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL 2026, ikoze amateka nyuma yo kuyegukana ku nshuro ya mbere itsinze Petro du Luanda
Ikipe ya RSSB-Tigers ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL ikomeje kubera i Kigali, yakoze amateka yo kugera ku mukino wa nyuma (Final) nyuma yo gutsinda Ah Ahly yo mugihugu cya Misiri amaonta 106-97.
Ikipe ya APR VC yegukanye irushanwa ryo kwibuka Alphonse Rutsindura wishwe muri jenoside yakorewe abatutsi.
Mu mukino warebwe n’abarimo perezida Kagame, ikipe ya RSSB Tigers ihagarariye u Rwanda mu mikino ya kamarampaka ya BAL 2026, yatsinze FUS Rabat yo mu gihugu cya Maroke amanota 95-72.
Mu mukino ufungura irushanwa ryo kwibuka Rutsindura Alphonse wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, usize ikipe ya Gisagara VC yitwaye neza.
Ivuye inyuma, Ikipe ya REG VC yegukanye igikombe cya shampiyona nyuma yo gutsinda Police VC naho APR WVC yo yisasira Kepler VC.
Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yakiriye anashimira amakipe yahagarariye u Rwanda muri shampiyona y’Afurika ya volleyball.
Ikipe ya APR VC y’abagore yegukanye igikombe cya shampiyona, REG VC ihagrika umuvuduko wa Police VC bituma bagomba gutegereza umukino wa kane.
Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryamuritse ku mugaragaro urubuga rwa murandasi ‘website’, rugamije korohereza abakunzi n’abafatanyabikorwa baryo kugera ku makuru na serivisi zirebana n’uyu mukino.
Ikipe ya RSSB-Tigers ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL yabonye intsinzi ya kabiri yiyongerera amahirwe yo gukina imikino ya nyuma izabera i Kigali.
Ikipe ya RSSB-Tigers ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL i Pretoria muri Afurika Yepfo, yatangiye itsinda Al Ahly yo muri Libya
Mu gihe imikino ya kamarampaka ikomeje muri shampiyona ya volleyball mu Rwanda, amakipe ya Gisagara VC na Kepler VC yayoboye umwaka w’imikino usanzwe, yisanze yasezerewe bitunguranye.
Mu gihe imikino ya kamarampaka (Playoffs) irimbanyije, amakipe ya Police ndetse na REG ari munzira zerekeza ku mukino wa nyuma naho Gisagara na Kepler bo nti borohewe.
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda (Amavubi) umwongereza Stephen Constantine yahamagaye abakinnyi 31 agomba kwifashisha muri FIFA Series, iteganyijwe muri uku kwezi kwa Werurwe, Kwizera Olivier ateza urujijo.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa) ryashyize umucyo ku byuwahoze ari umutoza w’Amavubi wareze u Rwanda muri FIFA.
Mu gihe imikino ya kamarampaka yatangiraga kuri uyu mugoroba, amakipe ya Gisagara, Kepler na RRA yahawe ubutumwa mbere yuko hakinwa umukino wa kabiri.
Binyuze mu ishyirahamwe ry’umukino wa volleyball mu Rwanda (FRVB) u Rwanda rwasinyanye amasezerano yo kwakira shampiyona y’Afurika ya volleyball mu bagabo.
Ikipe ya APR Volleyball club imaze kuba ubukombe muri shampiyona ya volleyball mu Rwanda, nti yabashije kujyera mu mikino ya kamarampaka (Playoffs) nyuma yo gusoza ku mwanya wa 5 ku rutonde rwa shampiyona isanzwe.
Amakipe ya Gisagara Academy ndetse na St Aloys y’i Rwamagana niyo yegukanye shampiyona y’abato (Rwanda national volleyball Junior League 2025-2026)
Mugihe shampiyona ya volleyball isa ni gana ku musozo, amakipe amwe yamaze kubona itike ya kamarampaka mugihe abandi bagitegereje umunsi wa nyuma.
Shampiyona ya volleyball irabura iminsi micye igashyirwaho akadomo, amakipe ntarizera niba azakina imikino ya kamarampaka.
Mugabe Aristide wamenyekanye mu mukino wa Basketball mu Rwanda yasezeye ku gukina Basketball nk’uwabigize umwuga.
Shampiyona ya volleyball yakomezaga mu mpera ziki cyumweru hakinwa umunsi wa 11 aho ikipe ya EAUR yatsinze RRA, Kepler ikora amateka imbere ya Police WVC.
Ikipe ya Rayon Sports itsinze As Kigali igitego 1-0 mu mukino wa shampiyona nyuma y’igihe kirekire itabona intsinzi.
Impuzamashyirahamwe y’umukino wa volleyball muri Afurika (Confédération Africaine de Volleyball-CAVB) yashimiye u Rwanda mbere yo kwakira igikombe cy’Afurika cy’amakipe.
Amakipe ya APR volleyball club mu cyiciro cy’abagore na Kepler volleyball club mu bagabo, nibo begukanye irushanwa ry’ubutwari.
Amakipe ane ya mbere ku rutonde rwa shampiyona muri volleyball agiye guhurira mu irushanwa ry’intwari.
Ikipe ya Police FC yatsinze Rayon Sports igitego 1-0, isanga ikipe ya APR FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari.
Shampiyona ya volleyball umunsi wa 11 usize ikipe ya REG VC itsinze POLICE idakozemo naho EAUR yongera kwizirika kuri APR.
Ikipe ya Gisagara volleyball yongeye kurikoroza nyuma yo gutsinda APR VC ivuye inyuma imbere y’abafana ibihumbi bari i Gisagara.