Umutoza w’Amavubi Carlos Ferrer avuga ko adafite ubwoba bwo kuba yabura akazi ke nubwo umusaruro atari mwiza kandi ko atazaba ikibazo k’u Rwanda.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yongeye kubura itike y’igikombe cya Afurika, nyuma gutsindirwa i Huye na Mozambique ibitego 2-0.
Rutahizamu Mugenzi Bienvenue wakiniraga ikipe ya Kiyovu Sports kuri ubu ni umukinnyi mushya wa Police FC mu gihe cy’imyaka ibiri iri imbere.
Kuri uyu wa Gatanu uwari umutoza wa ruhago Nduhirabandi AboulKarim bakundaga kwita Coka watoje Marine FC imyaka 18 yitabye Imana.
Ku Cyumweru tariki ya 18 Kamena, Amavubi azakira Mozambique mu mukino asabwa gutsinda kugira ngo agume mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika 2023 - 2024.
Myugariro Imanishimwe Emmanuel (Mangwende) ukina muri Maroc aracyategerejwe mu mwiherero w’Amavubi, mu gihe Rafael York ukina hagati atazakina umukino wa Mozambique kubera imvune.
Gacinya Chance Denys yatangaje ko yiteguye kwiyambaza CAF na FIFA nyuma y’uko kandidatire ye mu matora ya FERWAFA yongeye kwangwa.
Umubano wa Kylian Mbappé na Paris Saint-Germain ukomeje kuba mubi nyuma y’aho uyu mukinnyi abamenyesheje ko adateganya kongera amasezerano n’Ikipe ya Paris Saint-Germain, azarangira muri Kamena 2024.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ikomeje imyitozo kuri Kigali Pele Stadium yitegura Mozambique, aho kugeza ubu yiyongereyemo Uwimana Noe na Mutsinzi Ange bakina hanze y’u Rwanda
Kuri uyu wa Mbere ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko yasinyishije Petros Koukouras ukomoka mu Bugereki nk’umutoza mukuru mushya.
Kuri uyu wa Mbere, ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ryatangaje ingengabihe y’umwaka w’imikino wa 2023-2024 uzatangizwa n’umukino w’abakeba.
Komisiyo y’ubujurire y’amatora ya FERWAFA yatangaje imyanzuro ku bakandida bajuriye, yemeza ko ubujurire bwa Gacinya Chance Denis ari bwo bwonyine bufite ishingiro
Abakinnyi bakina hanze y’u Rwanda bakomeje kugera mu mwiherero w’Amavubi, aho abatangiye imyitozo uyu munsi ari Usengimana Faustin na Rubanguka Steve
Leandre Essomba Willy Onana wakiniraga Rayon Sport yasinyiye Simba SC yo muri Tanzania amasezerano y’imyaka ibiri.
Kuri uyu wa Gatandatu ,ikipe Manchester City yatsinze Inter igitego 1-0 itwara igikombe cya UEFA Champions League ku ku nshuro ya mbere mu mateka yayo mu mukino wa nyuma wabereye kuri Ataturk Olympic Stadium muri Turkey.
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu bahamagawe mu kwitegura umukino uzahuza u Rwanda na Mozambique, batangiye umwiherero
Ikipe ya APR FC biravugwa ko iri mu biganiro n’Umugande, Allan Kayiwa wigeze kwifuzwa na Rayon Sports.
Nshimirimana Ismael bakunda kwita Pitchou wakiniraga ikipe ya Kiyovu Sports hagati mu kibuga ari mu biganiro bishobora gutuma yinjira mu ikipe ya Rayon Sports.
Kuri uyu wa Kabiri ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko yatandukanye n’abakinnyi bayo babiri barimo rutahizamu Erissa Ssekisambu.
Kimisiyo y’amatora ya FERWAFA imaze gutangaza urutonde rw’abakandida bemerewe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
Nyuma y’imyaka ine ari Perezida wa AS Kigali, Shema Fabrice yatangaje ko yeguye kuri izo nshingano
Kuri uyu wa Mbere tariki 5 Kamena 2023, irerero ry’ikipe ya Paris Saint Germain (PSG) mu Rwanda ryegukanye Igikombe cy’Isi cy’amarerero y’iyi kipe, cyaberaga mu Bufaransa, rihigitse irya Brazil mu batarengeje imyaka 11 na 13.
Ikipe ya Real Madrid yatangaje ku mugaragaro, ku Cyumweru tariki 4 Kamena 2023, ko Karim Benzema yayivuyemo, nyuma yo kumara imyaka 14 ayikinira muri Espagne, akaba yerekeje muri Arabie Saoudite aho asanzeyo Christiano Ronaldo.
Nyuma yo guhesha Igikombe cy’Amahoro 2023 ikipe ya Rayon Sports, Leandre Essomba Willy Onana usoje amasezerano, yavuze ko agiya kubanza kuruhuka mbere yo gufata icyemezo ku hazaza he.
Ikipe ya Rayon Sports itsinze APR Fc igitego 1-0 yegukana Igikombe cy’Amahoro nyuma y’imyaka itanu nta gikombe itwara
Ikipe ya Mukura VS yegukanye umwanya wa gatatu w’Igikombe cy’Amahoro itsinze Kiyovu Sports igitego kimwe ku busa cyo ku munota wa nyuma
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 03 Kamena 2023, ikipe ya Rayon Sports iracakirana na APR FC ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro 2023 kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye.
Lionel Messi azakina umukino we wa nyuma muri Paris Saint-Germain (PSG), kuri uyu wa Gatandatu nk’uko byatangajwe n’umutoza w’iyi kipe Christophe Galtier kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Kamena 2023.
Umutoza w’Amavubi Carlos Ferrer yasobanuye ko imwe mu mpamvu atahamagaye Haruna Niyonzima mu bakinnyi bitegura umukino wa Mozambique ari uko ari umukinnyi akunda gushyiraho amategeko y’uko ikipe yakina.
Kuri uyu wa Kane umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Carlos Ferrer yahamagaye abakinnyi 28 bagiye kwitegura umukino w’umunsi wa gatanu w’amatsinda yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika 2023 izakiramo Mozambique.