Umunyezamu Kwizera Olivier wari umaze iminsi atagaragara mu ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana na rayon Sports kongera kuyikinira
Ku nshuro ya karindwi, umunya-Argentine Lionnel Messi yaraye yegukanye Ballon d’Or, mu birori byabereye mu nyubako izwi nka Théâtre du Châtelet
Mu gihe gahunda ya Minisiteri ya Siporo ivuguruye harimo no kongera ibikorwa remezo birimo n’ibibuga by’imikino, i Matimba muri Nyagatare bo basa n’abakoze ibitandukanye n’iyi gahunda kuko n’ikibuga cy’umupira cyahuzaga ibigo by’amashuri bine ubu bagishyizemo isoko ry’imyenda n’ibiribwa.
Mu mukino wa mbere wo gushaka itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederation Cup, APR yanganyije 0-0 na RS Berkane
Nyuma y’igihe bivugwa ko hazashyirwaho ishuri ry’umupira w’amaguru ry’ikipe yo mu Bufaransa Paris Saint-Germain, ryatangijwe ku mugaragaro kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2021, mu Karere ka Huye.
Mu isiganwa ry’amagare ryabaye kuri uyu wa Gatandatu, Ingabire Diane na Manizabayo ba Benediction ni no begukanye ibihembo by’umwanya wa mbere
U Rwanda rwakiriye icyamamare Raimundo Souza Veira de Oliveira, uzwi nka Rai wahoze akinira ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG), waje mu ruzinduko rw’iminsi itatu.
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi Niyonzima Olivier, nyuma yo guhagarikwa mu ikipe y’igihugu ashinjwa imyitwarire mibi yamaze kwandika asaba imbabazi
Nyuma y’ihagarikwa ry’imikino yaberaga kuri Stade Umuganda bitavuzweho rumwe, Minisiteri ya Siporo yongeye kwemera ko kuri Stade Umuganda habera imikino ya shampiyona
Umukino wa CAF Confederation Cup uzahuza APR FC na RS Berkane kuri iki Cyumweru, watumye imwe mu mikino yari iteganyijwe kuri Stade ya Kigali izaberaho uwo mukino yimurwa
Mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona wahuje ikipe ya APR FC na Rayon Sports, bamwe mu bafana bari mu byishimo mu gihe abandi byari agahinda
Mu mukino wari utegerejwe na benshi wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, APR FC yahatsindiye Rayon Sports ibitego 2-1
Binyuze muri Tombola, abanyamahirwe batatu bazafashwa kureba umukino wa shampiyona y’u Bwongereza uzahuza Arsenal na Manchester United tariki 23 Mata 2022.
Ku mukino wa shampiyona w’umunsi wa gatatu wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, Rayon Sports yatsinze shampiyona mbere y’uko icakirana na APR FC
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru yaraye ikomeje, aho ikipe ya Police Fc na Kiyovu Sports zanganyije, mu gihe Gasogi yakuye amanota atatu kuri Rutsiro.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryanze ubusabe bw’ikipe ya APR FC yifuzaga ko umukino ugomba kuyihuza na Rayon Sports usubikwa, kugira ngo yitegure umukino uzayihuza na RS Berkane
Ikipe ya AS kigali yatsinze gorilla igitego kimwe cyatsinzwe na Shaban Hussein Tchabalala ku munota wa 8 w’igice cya mbere, nyuma y’umupira wari uhinduwe neza na Rukundo Denis.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangaje ko imikino ya shampiyona yagombaga kubera i Rubavu yasubitswe kubera iruka rya Nyiragongo
Umufaransa Didier Gomes da Rosa uheruka gusezererwa muri Simba SC, yamaze kugirwa umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Mauritania.
Nyuma y’iminsi mike yari ishize atorewe kongera kuba Umunyamabanga Mukuru wa Bugesera FC, Umunyamakuru Sam Karenzi yeguye kuri uwo mwanya
Amakipe akinira kuri Stade Umuganda y’i Rubavu ntibavuga rumwe n’umwanzuro wa Minisiteri ya Siporo ubasaba gushaka ikindi kibuga bazajya bakiriraho indi mikino
Niyonzima Olivier Sefu ukinira ikipe y’igihugu "Amavubi" yahagaritswe mu Mavubi igihe kitazwi na Ferwafa, aho ashinjwa imyitwarire mibi
Ikipe ya Rayon Sports yasinye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo Tom Transfers Ltd, aho yayihaye imodoka ebyiri
Ikipe y’igihugu "Amavubi" isoje imikino yo guhatanira itike yo kujya mu gikombe cy’isi iri ku mwanya wa nyuma, nyuma yo gutsindwa na Kenya ibitego 2-1
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangaje impamvu yatumye Rafaël York ava mu mwiherero w’Amavubi adakinnye umukino wa Kenya
Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ntiyajyanye n’abandi bakinnyi berekeje muri Kenya kubera impamvu z’umuryango, mu gihe hongewemo abandi bakinnyi babiri
Ikipe ya APR FC yatangaje ko itigeze yimana abakinnyi batatu bayo bari bahamagawe mu ikipe y’igihugu Amavubi, mu gihe Mashami Vincent we yavuze ko ashima Imana kuba bakize
Mu mukino wo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi kizabera muri Qatar, Mali yatsinze u Rwanda ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe ya Rayon Sports n’ikigo cya Canal Plus gicuruza amashusho basinye amasezerano y’umwaka umwe, aho ikipe ya Rayon Sports izajya Canal+ ku makabutura
Rutabayiro Jean Phillippe ukina mu cyiciro cya gatatu muri Espagne, yakoze imyitozo ya mbere mu ikipe y’igihugu y’Amavubi, aho bategura imikino bazahuramo na Mali ndetse na Kenya