Abitabiriye irushanwa ry’ibigeragezo rya “Waka Warrior Race 2017” banyuze mu bigeragezo bikomeye bisaba ko umuntu aba afite ingufu zimufasha kunyura mu mitego.
Mu mukino ubanza wa 1/4 mu gikombe cy’Amahoro, Rayon Sports itsinze Police Fc ibitego 2-0 mu mukino wabereye Kicukiro
Abakinnyi bakomoka muri Congo nibo bihariye mu irushanwa ryo kwibuka Abasiporutifu babarizwaga mu mukino wa Tennis bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994
Ikipe ya Rwamagana n’Isonga zitsinze imikino ya 1/2 mu cyiciro cya kabiri, zihita zibona itike yo kugaruka mu cyiciro cya mbere
Nk’uko u Rwanda rukomeje kwiyubaka by’umwihariko hubakwa ibikorwa remezo bitandukanye, no muri Siporo u Rwanda ruri gutera intambwe yo guhanga no kuvugurura ibikorwa remezo bya SIporo
Ikipe ya Kiyovu Sports nyuma y’imyaka hafi 60 yamaze gusubira mu cyiciro cya kabiri, byari agahinda ku bafana, abakinnyi n’abatoza bayo
Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Rayon Sports uzwi nka Sefu yamaze gushyira umukono ku masezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Rayon Sports.
Ikipe ya Kiyovu Sports itsinzwe na Rayon Sports ihita isubira mu cyiciro cya kabiri nyuma y’imyaka isaga 53 yari imaze mu cyiciro cya mbere
Ikipe ya Rayons Sports ntivuga rumwe na Gatsibo Football Academy,ishuri ry’umupira w’amaguru ryareze umukinnyi Manishimwe Djabel.
Abatuye i Nyamata bagiye kureba bwa mbere isiganwa ry’amagare rizenguruka u Rwanda rigiye kuba ku nshuro ya cyenda mu Gushyingo 2017, rikazaba rigizwe na kirometero 819.
Ikigo cy’isi gishinzwe kurwanya ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge World Anti-Doping Agency, gikomeje gutanga amahugurwa ku bashinzwe kurwanya ibiyobyabwenge muri Afurika kugira ngo harandurwe ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge ku bakinnyi ba Afurika.
Umunyarwanda Areruya Joseph yegukanye agace ka gatatu k’isiganwa rizwi nka Giro d’Italia y’abatarengeje imyaka 23.
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru "Amavubi" yageze i Kigali nyuma yo gutsindwa mu minota ya nyuma n’ikipe ya Centrafurika.
Ikipe ya APR yo gusigawa ku maguru niyo yegukanye irushanwa ryiswe 20 Km de Bugesera aho yegukanye ibihembo ya byose.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi atsinzwe ibitego 2-1 mu mukino wa mbere w’amajonjora wo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika
Ikipe ya MAMARU Karate Do yitoreza i Kigali mu Karere ka Kicukiro, yahize izindi kipe zarushanwaga mu mikino yo kwibuka ku nshuro ya 23, abakinnyi n’abakunzi b’umukino wa Karate bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Ubuyobozi bwa Hotel La Palisse buratangaza ko bwiteguye korohereza abakora Siporo zitandukanye zihakorerwa, kandi ko bazanye ibikoresho bihagije n’abatoza bafite ubunararibonye.
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Antoine Hey, yatangaje ko mu makipe y’ibihugu yatoje, atigeze abona Abakinnyi bafite ubwitange nk’ubw’Abakinnyi b’Amavubi.
Nshimiyimana Canisus wakiniye ikipe ya Mukura Victory Sports ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi, yatangaje ko yanditse igitabo kivuga ku buzima bwe mu mupira w’amaguru ndetse no kuri ruhago Nyarwanda muri rusange.
Ubuyobozi bwa Rayon Sports buratangaza ko bwatangiye kuvugana na bamwe mu bakinnyi bayo barangiza amasezerano ngo babe bakomezanya.
Nyuma y’imyaka ikabakaba 20 atoza ikipe ya Marines, umutoza Nduhirabandi Coka yamaze gusezererwa n’iyi kipe
Guverinoma ya Centrafrique yategeye buri mukinnnyi w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru agahimbazamusyi ka Miliyoni imwe n’igice z’Amasefa asaga Miliyoni ebyiri z’Amanyarwanda, nibaramuka batsinze Amavubi.
Antoine Hey utoza ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 19 bazavamo 18 bazerekeza muri Centrafurika
Mu mpera z’iki cyumweru mu Rwanda haberaga imikino yo kwibuka, imikino yanitabiriwe n’amakipe aturutse hanze y’u Rwanda.
Umukino wa kabiri wo kwibuka abakunzi, abayobozi n’abakinnyi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi wahuzaga Amavubi n’ikipe ya Maroc urangiye Amavubi anyagiye Maroc3-0.
Ikipe ya Police y’u Rwanda mu bagabo, n’iya Police ya Uganda mu bagore ni zo zegukanye ibikombe byo kwibuka Abasiporutifu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994
Umukino wahuzaga Amavubi n’ikipe ya Maroc mu rwego rwo kwibuka abari bafite aho bahuriye n’umupira w’amaguru bazize Jenoside yakorewe Abatutsi warangiye Amavubi atsinze 2-0.
Ku rutonde ngarukakwezi rukorwa na FIFA u Rwanda mu mupira w’amaguru rwongeye kwisanga ku mwanya mubi rutaherukaga kuba 2013, aho ubu rubarizwa ku mwanya wa 108
Kuri uyu wa Gatandatu mu Rwanda haratangira irushanwa ryo kwibuka Abasportifu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi by’umwihariko babarizwaga mu mukino wa Handball, rikitabirwa n’amakipe yo muri Uganda no mu Rwanda.
Amashyirahamwe y’imikino mu Rwanda yateguye irushanwa ryo kwibuka abari abakunzi, abakinnyi ndetse n’abayobozi ariko yaniyemeje gukusanya inkunga yo gufasha uwacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi.