Ikipe ya APR Volleyball Club ihagarariye u Rwanda mu gikombe cy’Afurika cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bakobwa kiri kubera muri Tunisia, iraza guhatanira kuva ku mwanya wa 9 kugera kuri 12
Ubuyobozi bwa Kiyovu Sport buratangaza ko uwari Perezida wayo Gasamagera Louis Claude yamaze kubatangariza ko abaye ahagaritse kuyobora iyo kipe.
Ku rutonde ngarukakwezi rukorwa na FIFA, u Rwanda mu mupira w’amaguru rwatakaje imyanya 24 rugera ku wa 117
Nyuma yuko habaye ijonjora ribanza rya 1/32 ku makipe yo mu cyiciro cya kabiri n’ayo mu cya mbere ataritwaye neza mu gikombe cy’Amahoro 2016, kuri uyu 05 Mata 2017, habaye tombola ya 1/16, hamenyekana uburyo amakipe azahura ahatanira iki gikombe giheruka kwegukanwa n’Ikipe ya Rayon Sports.
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda FERWACY butangaza ko uwahoze ari umuyobozi wungirije muri iri shyirahamwe Nyakwigendera Byemayire Lambert atazibagirana bitewe n’ibikorwa yakoze muri uyu mukino.
Ikipe ya Mukura ntiyahiriwe n’umunsi wa 22 wa Shampiona nyuma yo kunyagirwa na AS Kigali, mu gihe Kiyovu nayo itikuye imbere y’ikipe ya nyuma
Mu marushanwa mpuzamahanga akinwa n’abafite ubumuga (Para-Taekwondo) yaberaga mu Rwanda, asojwe u Rwanda rwegukanye imidari 6, runegukana igikombe nk’igihugu cya mbere muri rusange.
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 1 Mata 2017 Nsengimana Jean Bosco ukinira ikipe ya Benediction mu magare yegukanye irushanwa ry’amagere Rwanda Cycling Cup 2017 nyuma yo gusiga bagenzi be akoresheje amasaha ane n’iminota 14.
Kuri uyu wa 31 Werurwe 2017, ni bwo ku ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa hasojwe amahugurwa y’abifuza kuba abatoza b’ejo hazaza bo ku rwego rwa Licence D.
Scheikh Hamdan Habimana wahoze muri Mukura yatorewe kuyobora ihuriro ry’ibigo byigisha abana umupira w’amaguru
Mwizerwa Dieudonné Umunyarwanda wari usanzwe ari umwe mu basifuzi bemerewe gusifura amarushanwa ya Karate ku rwego rwa Afurika , ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, yatsinze ikizami kimwemerera kuba Umusifuzi wa mbere muri Afurika y’Uburasirazuba (EAC) wemerewe gusifura amarushanwa yo ku rwego rw’isi.
Mashami Vincent na Higiro Thomas bahawe akazi ko kuba abatoza bungirije Antoine Hey uheruka kugirwa umutoza w’Amavubi
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umukino njyarugamba TAEKWONDO buratangaza ko abakinnyi 4 bamaze kuvanwa ku rutonde rw’abemereewe kwitabira imikino nyafurika ya Taekwondo y’abafite ubumuga (Para-Taekwondo Open 2017)
Sheikh Hamdan wiyamamariza kuyobora ihuriro rizwi nk’Ijabo Ryawe aravuga ko nyuma y’igihe kirekire umupira w’abana utitabwaho yiteguye kuwuvana mu mvugo no mu mpapuro akawushyira mu bikorwa.
Ikipe ya Rayon Sports yanikiye andi makipe nyuma yo gutsinda Sunrise mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 01 Mata 2017, mu Rwanda haratangira isiganwa ry’amagare Rwanda Cycling Cup rizenguruka u Rwanda,
Mu gihe ikipe ya Sunrise izakina na Rayon Sport mu mukino w’ikirarane, abakinnyi ba Sunrise bari kwinubira kuba bamaze amezi 2 badahembwa ndetse bakanavuga ko batarya nk’uko babyifuza.
Umukino wa Shampiona w’umunsi wa 22 wagombaga guhuza Rayon Sports n’Amagaju kuri uyu wa gatanu tariki ya 31 Werurwe wimuriwe mu kwezi gutaha kubera umukino wa Rayon Sports na Sunrise uteganijwe ejo ku wa gatatu tariki ya 29 Werurwe.
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA Nzamwita aratangaza ko mu kwezi kumwe ari bwo azatangaza niba aziyamamariza manda ya kabiri yo kuyobora FERWAFA .
Ikipe y’umukino wa Basket Ball Patriots yanyagiye 30 Plus mu mukino wa shampiyona wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Werurwe 2017, iyitsinda ibitego 134 kuri 47.
Mu mukino w’ikirarane wayihuje na As Kigali, Rayon Sports iyitsinze 1-0, irusha APR amanota 8 basanzwe bahanganira igikombe
Mu mikino y’amarushanwa Umurenge Kagame cup 2017 yasojwe kuri uyu wa Gatanu 24 Werurwe 2017,imirenge ya Busanze na Kibeho niyo yegukanye ibikonbe.
Mu gutegura isiganwa mpuzamahanga ryitiriwe amahoro rizaba muri Gicurasi 2017, Sosiyete ya MTN yariteye inkunga ingana na Milioni 71 Frws
Umuyobozi wa FERWAFA yatangaje ko hagati y’imyaka ibiri n’itatu u Rwanda ruzaba rutozwa n’umutoza w’Umunyarwanda, rugasezerera umuco wo gutozwa n’abanyamahanga.
Jonathan Boyer yaje mu Rwanda nk’umukozi wari ushinzwe gufasha abakinnyi ba siporo y’amagare, ariko asubiye iwabo nk’intwari yaharaniye iterambere ry’uyu mukino mu Rwanda.
Nyuma y’aho atangarije ko u Rwanda rusa nk’aho rutagiye muri CAN kubera ko rwakinishaga abanyamahanga, Perezida wa Ferwafa yasabye imbabazi Abanyarwanda avuga ko yagowe n’ururimi rw’Ikinyarwanda.
Umutoza wungirije mu ikipe ya Musanze Ndikumana Hamad wamenyekanye cyane ku izina rya Katawuti akinira Ikipe ya Rayon Sports n’ikipe y’igihugu Amavubi, aratangaza ko kugira ngo azabe umutoza ukomeye cyane bimusaba gukora cyane
Umukino wahuzaga Rayon Sports n’ikipe ya Bugesera FC urangiye Rayon Sports iyitsinze 1-0, iguma ku mwanya mbere irusha APR FC amanota atanu.
Bamwe mu bakinnyi bakinnye igikombe cya Afurika muri 2004 baratangaza ko batashimishijwe n’amagambo yatangajwe na Perezida wa Ferwafa Nzamwita Vincent De Gaulle.
Ku wa 21 Werurwe 2017 nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryerekanye Antoine Hey umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi