Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda FERWABA, ryemeje ko ryahaye Umunyasenegal, Dr Cheikh SARR, akazi ko gutoza ikipe y’igihugu y’abagabo ndetse n’iya bagore.
Ishuri ry’umupira w’amaguru ry’ikipe ya Paris Saint-Germain rigiye gutangira mu Rwanda, ryamaze gushyiraho abayobozi n’abatoza.
Ikipe ya IPRC Huye BBC y’abagore yegukanye igikombe cy’irushanwa ribanziriza Shampiyona nyuma yo gutsinda The Hoops Rwanda amanota 71 kuri 59. Ni mu gihe REG BBC yatsinze IPRC Kigali BBC ku mukino wa nyuma.
Ikipe ya IPRC Kigali BBC iracakirana na REG BBC ku mukino wa nyuma w’irushanwa ribanziriza Shampiyona uba kuri iki Cyumweru tariki 25 Mata 2021 muri Kigali Arena.
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha abakinnyi babiri izifashisha muri shampiyona y’amezi abiri izatangira tariki 01/05/2021.
Ibikoresho byatanzwe birimo imyambaro yo gukinana haba mu rugo ndetse n’igihe yasohotse, imyenda yo kwambara igihe bagiye gukina, ibikoresho by’imyitozo ndetse n’imyenda y’ikipe y’abakiri bato
Ku bufatanye na Minisiteri ya Siporo mu Rwanda, Umuryango ‘CONFEJES’ w’Ibihugu bivuga Ururimi rw’Igifaransa ndetse na Federasiyo ya Judo mu Rwanda batangije amahugurwa y’abasifuzikazi muri uyu mukino
Abasifuzi batatu b’abanyarwanda bayobowe na Samuel Uwikunda, bazasifura umukino wa CAF Confederation Cup uzahura CS Sfaxien na ASC Les Jaraaf de Dakar.
Ikipe ya REG BBC yatsinze Kaminuza y’u Rwanda ishami ry’ubuzima (UR CMHS) amanota 98 kuri 34 mu gihe APR BBC yatsinze Tigers amanota 84 kuri 54, na ho 30 Plus yatsinze Shoot 4 the Stars amanota 80 kuri 67, ku munsi wa mbere w’irushanwa ribanziriza Shampiyona ya Basketball 2021.
Kuva kuri uyu wa Kane tariki ya 22 kugera ku Cyumweru tariki ya 25 Mata 2021, muri Kigali Arena ndetse no ku bibuga byo hanze ya Sitade Amahoro harabera imikino ibanziriza Shampiyona ya Basketball 2020/2021.
Mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade ya Bugesera, Rayon Sports yahatsindiye Bugesera ibitego bibiri ku busa
Mu mikino Olempike iteganyijwe kubera i Tokyo mu Buyapani guhera muri Nyakanga uyu mwaka, Mukansanga Salima usifura umupira w’amaguru ni umwe mu bazayisifura
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaze gutangaza uko amakipe azahura mu mikino y’amatsinda, aho APR na Rayon Sports zizakira imikino ya mbere kuri Stade Amahoro
Ubuyobozi bw’ikipe ya Musanze FC, bwemeza ko budatewe ubwoba no kuba bari mu itsinda rikomeye bise iry’urupfu, aho ngo biteguye kuzasoza amajonjora mu matsinda bayoboye iryo tsinda rigizwe na Police FC, As Kigali, Musanze na Etincelles.
Ikipe ya Patriots BBC nticyitabiriye irushanwa ritegura shampiyona 9BK Preseason tournament 2020/2021, kubera ko izitabira imikino ya Basketball Africa League (BAL) izabera mu Rwanda muri Gicurasi 2021.
Umunyezamu Kwizera Olivier wa Rayon Sports, yatangiranye imyitozo na bagenzi be mu Nzove, aho iyi kipe imaze icyumweru ikorera imyitozo
Ikipe ya Leicester City yanditse amateka nyuma y’imyaka 52 igera ku mukino wa nyuma wa FA Cup, nyuma yo gutsinda ikipe ya Southampton mu mukino wa kimwe cya Kabiri aho izahura na Chelsea FC ku mukino wa nyuma.
Ikipe ya REG VC yatsinzwe na Swehly yo muri Libya amaseti atatu kuri imwe mu gihe APR VC yatsinzwe na KPA yo muri Kenya amaseti atatu kuri abiri mu irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo (CAVB Men’s Club Championship) irimo kubera muri Tuniziya
Nyuma yo kwegura kwa Amb. Munyabagisha Valens wayoboraga Komite Olempike, amatora y’uzamusimbura yashyizwe mu ntangiriro za Gicurasi 2021.
Ikipe ya APR FC yatangiye imyitozo kuri uyu wa Gatanu ku kibuga cya Shyorongi aho isanzwe initoreza, mu rwego rwo gutegura shampiyona izatangira tariki 01/05/2021
Isiganwa mpuzamahanga ryitiriwe amahoro rigiye kuba ku nshuro ya 16, rizakinwa mu buryo budasanzwe hubahirizwa ingamba zo kwirinda icyorezo cya Coronavirus
Abatoza 18 b’Abanyarwanda batangiye amahugurwa bakoreshwa n’ikipe ya Paris Saint-Germain, hazavamo bane bazatoza mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya Paris Saint-Germain rizatangira mu Rwanda
Abayobozi b’ikipe ya APR FC baganirije abakinnyi mbere yo gutangira umwiherero, aho zimwe mu ntego bihaye zirimo gutwara igikombe no kugira umubare munini mu ikipe y’igihugu “Aamavubi”
Irushanwa rifungura umwaka w’imikino 2021 muri ‘Basketball BK Preseason tournament’ rizatangira tariki ya 23 Mata 2021, amakipe 12 mu bagabo n’amakipe 5 mu bagore ni yo yakoze Tombola. Ni Tombola yabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mata 2021 muri Kigali Arena.
Umufaransa Jean-Claude Hérault wayoboye Tour du Rwanda mu gihe cy’imyaka umunani yitabye Imana azize icyorezo cya Coronavirus.
Ubuyobozi bw’ikipe ya REG Volleyball Club buratangaza ko bwihaye intego yo kuza mu makipe ane ya mbere ku mugabane wa Afurika mu irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo (CAVB Men’s Club Championship 2021) izabera muri Tuniziya.
Uwari Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Sekamana Jean Damascène, yatangaje ko yeguye kuri uyu mwanya.
Abakinnyi umunani muri 15 bari batoranyijwe mu mwiherero wa mbere nib o biyambajwe mu myitozo ya kabiri izavamo batanu bazahagararira Team Rwanda
Tariki 01 Gicurasi 2021 ni bwo hatangira shampiyona bundi bushya, aho amakipe 16 akina icyiciro cya mbere yamaze kugabanywa mu matsinda ane y’amakipe ane buri tsinda.