Muri tombola y’uko amakipe azahura mu mikino yo guhatanira igikombe cya shampiyona, ikipe ya Rayon Sports izakina na AS Kigali ku mukino wa mbere
Uruganda rwa Skol rutera inkunga Rayon Sports rwaraye rushyikirije abagize iyi kipe agahimbazamusyi ka Miliyoni 5 Frws bari babemereye nibarenga amatsinda
Ikipe ya Patriots BBC yo mu Rwanda yakatishije itike yo gukina imikino ya 1/4 cya Basketball Africa League (BAL), ikomeje kubera mu Rwanda nyuma yo gutsinda GNBC yo muri Madagascar amanota 78 kuri 72.
Kuri uyu wa Kane ni bwo hateganyijwe y’uko amakipe azahura mu mikino yo guhatanira igikombe cya shampiyona, ndetse n’amakipe azaba arwanira kudasubira mu cyiciro cya kabiri
Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki wa Volleyball mu Rwanda (FRVB), ryashyize hanze abakandida bemerewe kwiyamamza mu matora ahruka gusubikwa mu minsi ishize
Ikipe ya Petro de Louanda yo muri Angola yatangiye irushanwa rya BAL itsinda As Police yo muri Mali amanota 84 kuri 66.
Niyitegeka Idrissa yagizwe Kapiteni mushya wa Musanze FC nyuma y’uko uwari Kapiteni w’iyo kipe Onesme Twizerimana, asezeye ku nshingano ze.
Ikipe ya As Douanes yatangiye irushanwa itsinda GS Petroliers yo muri Algeria amanota 95 kuri 76, mu gihe Zamalek yihanije Feroviario de Maputo ku intsinzi y’amanota 71 kuri 55.
Ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Gasogi United mu mukino wa nyuma w’amatsinda, bituma Kiyovu na Gasogi zijya mu makipe arwana no kutamanuka
Uwari kapiteni w’ikipe ya APR Basketball Club mu bagabo, Niyonsaba Bienvenue, yamaze kwandika ubutumwa busezera muri iyo kipe yari amazemo imyaka igera kuri itatu.
Ikipe ya Patriots BBC yatangiye irushanwa rya Basketball Africa League itsinda Rivers Hoopers amanota 83 kuri 60.
Ikipe ya Musanze FC yatsinze As Kigali ibitego bibiri kuri kimwe isoza ku mwanya wa Gatatu, mu gihe Espoir yanganyije na Sunrise ikomeza mu makipe umunani azahatanira igikombe.
Ikipe ya APR FC yirukanye mu mwiherero umukinnyi Bukuru Christophe ashinjwa imyitwarire mibi, bikaba bibaye nyuma y’aho yari yigeze guhagarikwa nyuma akaza kubabarirwa
Ikipe ya Leicester City yegukanye igikombe cy’irushanwa ry’igihugu mu Bwongereza (FA CUP), nyuma yo gutsinda Chelsea FC igitego kimwe ku busa.
Ikipe ya Mukura VS yahagaritse abakinnyi bayo batanu ibashinja imyitwarire idahwitse mu bihe bibi irimo.
Kuri uyu wa 15 Gicurasi 2021, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yitabiriye Inama ya Komite Nyobozi y’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), inama yabereye i Kigali, akaba yasabye abayobozi ba CAF guhindura imyumvire bagaharanira ko umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika utera imbere.
Mu gihe imikino y’amatsinda ya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru iri kugana ku musozo, itegeko rigenga amarushanwa rikomeje kugibwaho impaka mu gihe amakipe azaba anganya amanota
Ikipe ya Patriots BBC ihagarariye u Rwanda mu iruhanwa rya Basketball Africa League ritangira kuri iki Cyumweru tariki ya 16 kugeza tariki 30 Gicurasi 2021. Iyo kipe imaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi izakoresha muri iri rushanwa rugaragaramo umuraperi J. Cole wo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika.
Umufaransa wamamaye nk’umutoza wa Arsenal, Arsene Wenger, ari mu Rwanda aho azitabira Inama y’Inteko rusange y’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) izaba kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Gicurasi 2021 muri Serena Hotel.
Mu mukino w’umunsi wa gatanu mu itsinda rya kabiri, ikipe ya Rayon Sports na Kiyovu Sports byanganyije igitego 1-1, zikomeza gukubana mu manota
Gahunda ya Visit Rwanda izafasha mu kwamamaza irushanwa nyafurika rya Basketball (Basketball Africa League - BAL) mu gihe RwandAir izajya utwara mu ndege abaje muri iryo rushanwa.
Mu mikino y’umunsi wa gatanu w’amatsinda, AS Kigali yatsinze Police FC, mu gihe Mukura yanganyije bituma ijya mu makipe azarwana no kutamanuka.
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika (CAF), yatangaje ko Inama y’Inteko rusange yayo izabera i Kigali mu Rwanda ku wa Gatandatu tariki ya 15 Gicurasi 2021, ari na bwo bwa mbere iyo nama ikomeye ibereye mu Rwanda.
Shampiyona y’umukino wa Basketball mu Rwanda mu bagabo izatangira ku itariki ya 04 Kamena 2021, mu gihe mu bagore izatangira ku itariki ya 21 Gicurasi 2021.
Umudage Hans Michael Weiss wigese gutoza Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 (u-20) mu bihe bishize, ari mu bantu babiri batoranyijwe bazavamo umuyobozi wa Tekinike muri Ferwafa.
Abasifuzi b’Abanyarwanda babiri ari bo Ruhamiriza Jean Sauveur na Gaga Didier, bari mu basifuzi 22 bazasifura imikino ya Basketball Africa League (BAL).
Minisiteri ya siporo yatangaje ko ikibuga cya stade Amahoro cyabaye gihagaritswe kubera kwangirika, imikino imwe yimurirwa i Bugesera
Uwari umutoza wa AS Muhanga Nduwantare Ismail Jean Marie Vianney yamaze guhagarikwa n’iyi kipe nyuma yo gutakaza imikino itatu ya mbere muri shampiyona.
Ikipe ya Chelsea FC izahura na Leicester City ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihugu mu Bwongereza (FA CUP), ku wa Gatandatu tariki ya 15 Gicurasi 2021 saa kumu n’ebyiri n’iminota 15 z;umugoroba (18:15), umukino uzerekanwa kuri Star Times ukazasifurwa na Michael Oliver.
Ikipe ya Kiyovu Sports yatsinze Gasogi United ibitego bine kuri kimwe ku Isabukuru y’imyaka 57 Kiyovu Sports imaze ishinzwe, mu gihe ikipe ya Rutsiro FC yanganyije na Rayon Sports igitego kimwe kuri kimwe.