Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe ageza ku Nteko Ishinga Amategeko, Gahunda ya Guverinoma (2024-2029)
12/08/2025 - 18:10
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03Iziheruka

#Kwibuka29: Perezida Kagame yaburiye abakoze Jenoside bakomeje kwihishahisha
7/04/2023 - 17:39
Irebere uko Perezida William Ruto yakiriwe mu Rwanda
6/04/2023 - 11:17
Perezida Kagame na Ruto birebeye imikorere y’ishuri ry’Ubuhinzi rya RICA
6/04/2023 - 10:16
Kagame: Kongera umushahara wa ba Gitifu b’Utugari bigomba kujyana n’imikorere myiza
29/03/2023 - 09:24
Twararangaye - Umuyobozi wa Kicukiro agerageza kwisobanura imbere ya Perezida Kagame
28/03/2023 - 21:59
Telefone ‘Spark 10 TECNO’ yageze ku isoko, menya umwihariko wayo
25/03/2023 - 19:28
Spectacular drone show lights up Kigali as Rwanda gears up for Veterans Football Championship - 2024
20/03/2023 - 21:37
Jay Jay Okocha and other football legends interact with Rwandan University students
20/03/2023 - 21:32
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo