Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Uwahoze muri Crap ya FDLR avuze ubuzima bwose bwayo n’ukuri ku rupfu rwa Col. Ruhinda
15/11/2025 - 23:10
Polisi y’u Rwanda yafunguye ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga i Ndera
15/11/2025 - 23:15
Ibiro bivuza ubuhuha: Ibyaranze umukino APR VC yatsinzemo Gisagara VC amasti 3-0
15/11/2025 - 09:10Iziheruka
Masai Ujiri to build five Basketball courts in Rwanda
14/08/2023 - 13:47
Madamu Jeannette Kagame yatungujwe impano ku isabukuru ye y’amavuko
13/08/2023 - 12:16
Kurikira ibirori byo kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’Urubyiruko
13/08/2023 - 11:50
Temberana natwe muri Expo 2023 ibera i Gikondo
9/08/2023 - 10:51
Ihere ijisho ibirori byaherekeje irushanwa IRONMAN 70.3 ryabereye i Rubavu
9/08/2023 - 10:27
Kurikira umuhango wo guha impamyabumenyi abarangije muri RICA
9/08/2023 - 09:52
Reba uko Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yakiriwe mu Rwanda
7/08/2023 - 22:53
Reba uko byari byifashe Perezida Kagame ataha uruganda rukora sima i Muhanga
4/08/2023 - 12:32
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo